U Rwanda ku mwanya mwiza mu bihugu bifite imiyoborere myiza muri Afurika
Ikigo cy’Imiyoborere muri Singapore cyashyize u Rwanda ku mwanya wa kabiri mu bihugu bifite imiyoborere myiza ku Mugabane wa Afurika nyuma y’Ibirwa bya Maurice. Iki cyegeranyo cyakozwe ku bihugu bisaga 120 ku Isi birimo 28 byo muri Afurika, aho u Rwanda n’u Budage byaje ku mwanya wa 59 ku Isi bigakurikirwa na Botswana ku mwanya […]
Continuer la lecture
