Umwuka mubi hagati ya Leta y’u Burundi n’abatwara abagenzi wahagaritse ingendo
Umwuka mubi hagati ya Leta y’u Burundi n’abatwara abagenzi mu buryo bwa rusange wahagaritse ingendo zihuza Umujyi wa Bujumbura n’ibice bitandukanye byo muri iki gihugu. U Burundi bumaze igihe kirekire bwugarijwe n’ikibazo cy’ibura ry’ibikomoka kuri peteroli (lisansi na mazutu), ibyatumye abafite ibinyabiziga bajya kubyishakira muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo na Tanzania. Iyo bagiye kugurira […]
Continuer la lecture
