RDC: Abayobozi baravugwaho kujya kubaka mu irimbi

Muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo Inkuru irimo gucicikana ivuga ko abasirikare benshi bakuru muri iki gihugu bakomeje kwimukira mu irimbi rya Kinsuka, riri muri Komini ya Mount-Ngafula mu Majyepfo y’Umurwa Mukuru, Kinshasa. Radio Okapi yatangaje ko uko iminsi igenda ishira, abantu bakomeza kwimukira muri iri rimbi. Kuri ubu, hamaze kugera imiryango myinshi, bitandukanye n’uko […]

Continuer la lecture

RDC ishobora kongera kwica amasezerano yo guhagarika imirwano

Umuvugizi w’Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), Maj. Gen. Sylvain Ekenge, yahishuye ko igihugu cye gikomeje kwitegura imirwano yo kongera kugarura ibice byafatiriwe, nubwo hari ibiganiro biherutse kwemeza ko hagomba kubaho guhagarika imirwano mu Burasirazuba bw’icyo gihugu. Ibyo yabigarutseho ubwo yari mu kiganiro n’itangazamakuru cyabereye i Kisangani ku wa 2 Kanama 2024 cyayobowe […]

Continuer la lecture

Rayon Day 2024: Mu dushya twinshi Haruna yakirewe nk’umwami

Rayon Sports yateguye ibirori byizihizwamo umunsi w’Igikundiro, aho yerekanye abakinnyi bayo bazakina umwaka w’imikino wa 2024-25. Abahanzi bakunzwe nka Bushali na Platini basusurukije abitabiriye ibi birori byabereye kuri Kigali Pelé Stadium. Ibirori byatangiye n’urugendo rwari ruyobowe na perezida wa Rayon Sports, Uwayezu Jean Fidele, rutangirira ku Ishuri ry’Intwali i Nyamirambo rugana kuri Kigali Pelé Stadium. […]

Continuer la lecture

Nigeria: Bashobora kwifashishwa Igisirikare mu guhosha imyigaragambyo

Igisirikare cya Nigeria gishobora kwifashishwa mu guhangana n’urubyiruko rumaze iminsi mu myigaragambyo ikaze mu bice bitandukanye by’igihugu, mu gihe Polisi y’icyo gihugu yakomeza kugorwa n’abigaragambya. Imyigaragambyo muri Nigeria yatangiye gufata indi ntera kuva ku wa Kane, aho urubyiruko rwafashe icyemezo cyo kwirara mu mihanda mu bice byinshi by’igihugu rwamagana ibibazo birimo,Ubuzima bukomeje guhenda,Imiyoborere mibi, Ibibazo […]

Continuer la lecture

RDC: Iminyorogoto igisubizo mu kurwanya imirire mibi mu bana

Muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, iminyorogoto yabaye igisubizo mu kurwanya imirire mibi mu bana. Iki gikorwa kiri gukorerwa mu kigo cy’imfubyi giherereye mu Murwa Mukuru Kinshasa kizwi nka Farms for Orphans, aho abana barenga 60 bari gufashwa binyuze muri iyi gahunda. Iyi minyorogoto ni indyo ikize ku ntungamubiri, ikaba yaratekerejweho n’umuryango utegamiye kuri leta […]

Continuer la lecture

Gasabo: Umusore witwa Cyuzuzo yasabye umusaza kumugurira icupa ry’inzoga abyanze ahita amuruma umunwa arawuca

Umusaza witwa Nyandwi Jean wo mu Karere ka Gasabo yajyanywe kuvurirwa mu Bitaro bya Kibagabaga, nyuma y’uko mu ijoro ryo ku wa 31 Nyakanga 2024, yatangiriwe n’umusore witwa Cyuzuzo uzwi ku izina rya Rudoviko, amukubita ndetse amuruma umunwa akawuca, amuziza ko yanze kumugurira icupa ry’inzoga. Amakuru atangwa n’abaturage avuga ko Cyuzuzo, usanzwe akora akazi ko […]

Continuer la lecture

Musanze: Abahungu babiri na nyina basenye inzu ya bashiki babo babaziza ko babyariye iwabo

Abakobwa babiri b’abavandimwe bo mu Mudugudu wa Mugogo mu Kagari ka Gasongero mu Murenge wa Remera mu Karere ka Musanze, baratabaza ubuyobozi nyuma y’uko abahungu babiri bavukana bafatanyije na mama wabo babasenyeye inzu babamo, babaziza ko babyariye iwabo. Amakuru dukesha TV1 avuga ko aba bakobwa babyutse kare bajya gushaka ibibatunga kuko nta bagabo bafite. Batunguwe […]

Continuer la lecture

Ngoma: Umugabo yishe umugore we amutemye ijosi agerageje kwiyahura akoresheje Tiyoda ntiyapfa

Umugabo witwa Habakubaho Emmanuel w’imyaka 34, yagiye kuvurirwa mu Bitaro bya Kibungo biri mu Karere ka Ngoma, nyuma yo kunywa umuti wica udukoko (Tiyoda) amaze kwica umugore we witwa Muhawenimana Placidie wari ufite imyaka 39. Nk’uko amakuru abitangaza, uyu mugabo atuye mu Mudugudu wa Mibirizi mu Kagari ka Cyerwa mu Murenge wa Gashanda mu Karere […]

Continuer la lecture

Insengero zirenga 4200 zimaze gufungwa mu Rwanda

Hamaze kubarurwa insengero zirenga 4223 hirya no hino mu gihugu zimaze gufungwa kubera kutuzuza ibisabwa nyuma y’uko Urwego rw’Igihugu rw’Imiyoborere (RGB) rutangije igenzura rigamije kureba uko insengero zihagaze. RGB yatangaje ko insengero n’imisigiti bitubahirije ibiteganywa n’itegeko ndetse n’amabwiriza agenga imiryango ishingiye ku myemerere bihita bihagarikwa. Bimwe mu bishingirwaho muri iri genzura, harimo kureba ko urusengero […]

Continuer la lecture

Muhanga: Umugabo wakoraga ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro aciye mu nzu yatawe muri yombi

Umugabo w’imyaka 36 wo mu Karere ka Muhanga, mu Murenge wa Kabacuzi, yafashwe akekwaho gukora ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro butemewe, anyuze mu mwobo yari yaracukuye mu nzu ye. Uyu mugabo wakoreraga ubwo bucukuzi mu Kagari ka Kabuye, Mudugudu wa Peru, yafashwe ku bufatanye bw’inzego z’ibanze na DASSO. Yacukuraga umwobo anyuze mu nzu ye, akawugenzura ku buryo […]

Continuer la lecture