Ese Koko Nibyo Iyo Umuntu Urwaye IGICURI Agusuriye Nawe Uhita Ukirwara?

Igicuri ni indwara y’imitsi irangwa no gutuma ubwonko budakora uko bikwiye, ibyo bigakurikirwa no kwikubita hasi bitunguranye kandi bigakunda kubaho kenshi. mu gihe umuntu yikubise hasi bikurikirwa no gutitira amaguru cyangwa se umubiri wose. Gusa uko kwikubita hasi k’umuntu urwaye igicuri ntibimara igihe kinini kuko nyuma y’iminota runaka arahaguruka gakomeza ubuzima bisanzwe. Uko kugwa bitunguranye […]

Continuer la lecture

IFOTO Y’UMUNSI:Umwarimukazi wo mu karere ka Burera yateze moto agiye gutanga kandidatire yo kuba Depite

Umwarimukazi usanzwe wigisha mu Rwunge rw’Amashuri rwa Butete ruherereye mu Karere ka Burera, Nyiramahirwe Jeanne d’Arc, yashyikirije Komisiyo y’Igihugu y’Amatora kandidatire ye ku mwanya w’Abadepite mu cyiciro cy’Abagore. Nyuma yo gutanga kandidatire ye yagaragaje ko yiteguye kwegukana umwanya mu badepite 24 b’abagore, kandi ko afite icyizere cy’uko azabasha kuzuza inshingano kuko yabaye mu myanya itandukanye […]

Continuer la lecture

Dr Frank Habineza yashyikirije NEC ibyangombwa yaburaga ngo yemererwe kwiyamamaza

Perezida w’Ishyaka Riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije mu Rwanda, DGPR, (Democratic Green Party of Rwanda), Dr Frank Habineza, yamaze gushyikiriza Komisiyo y’Igihugu y’Amatora, ibyangombwa byaburaga ngo Kandidatire ye ku mwanya wa Perezida wa Repubulika mu matora ateganyijwe muri Nyakanga 2024 ibe yuzuye. Ku mugoroba wo kuri uyu wa 21 Gicurasi 2024, nibwo Dr Frank Habineza, […]

Continuer la lecture

Kiliziya Gatolika yamaganye abayihuza na ‘coup d’état’ yapfubye

Inama y’abepisikopi gatolika muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, CENCO, yamaganye abayihuza n’igerageza ryo gukuraho ubutegetsi bwa Félix Tshisekedi ryabaye mu rukerera rwa tariki ya 19 Gicurasi 2024. Abarwanyi bagerageje iki gikorwa bari bambaye impuzankano y’umutwe w’abakomando mu ngabo za RDC, bafite ibendera rya Zaïre. Bari bayobowe na Christian Malanga wishwe n’abapolisi barinda ibiro by’Umukuru […]

Continuer la lecture

Polisi yitiranyije SEDO w’akagari n’umugizi wa nabi iramurasa

Umuyobozi wungirije w’akagari [SEDO] ka Murambi ko mu murenge wa Rubavu ho mu karere ka Rubavu,yarashwe na Polisi y’igihugu nyuma yo kumwibeshyamo umugizi wa nabi. Amakuru dukesha Bwiza.com aravuga ko ibi byabaye mu ijoro ryakeye, ubwo uyu SEDO yari kumwe n’uhagarariye inkeragutabara mu murenge bari kuri Moto, bagatangirwa n’abagizi ba nabi bagatabaza. Uyu SEDO warashwe […]

Continuer la lecture

Polisi yemereye akayabo uzayifasha gufata umwarimu wa kaminuza wasambanyije umwana ubana n’ubumuga bwo kutabona

Polisi ya Uganda yashyizeho igihembo cya miliyoni 10 z’amashiringi ku muntu wese uzatanga amakuru yatuma Dr Lawrence Eron atabwa muri yombi. Uyu mwarimu ufite imyaka 53,yigishaga muri Kaminuza ya Kyambogo. Akurikiranyweho gusambanya umukobwa w’imyaka 16 ufite ubumuga bwo kutabona. Umwe mu bakozi bo muri iyi kaminuza wasabye ko amazina ye atangazwa kubera ko atemerewe kuvugana […]

Continuer la lecture

Waruziko guhorana Stress bishobora gutuma umera imvi?

Ushobora kuba warabyumvise cyangwa bikaba ari ubwa mbere wumvise ko stress ishobora kugutera kuzana imvi imburagihe. Ubusanzwe icyegeranyo kigaragaza ko abagabo bamera imvi guhera ku myaka 30 naho abagore bakazizana hejuru y’imyaka 35 gusa bitewe n’akoko hari abashobora gutangira kuzimera munsi y’iyo myaka nkuko hari n’abazimera barengeje 50. Stress ihurira he no kumera imvi? Ibi […]

Continuer la lecture

Diane Rwigara wifuza kwiyamamariza kuyobora u Rwanda yavuze imigabo n’imigambi ye

Mu myaka irindwi ishize kandidatire ye yaranzwe kuko itari yujuje ibisabwa nk’uko komisiyo y’amatora yabivuze, ubu Diane Shima Rwigara yabwiye BBC dukesha iyi nkuru ati: “Ndabyizeye ko bazemera iyi nshuro.” Abakandida ku mwanya wa perezida wa Repubulika n’abadepite ubu barimo kugeza ibisabwa kuri komisiyo y’amatora mu Rwanda, mbere y’amatora ateganyijwe hagati muri Nyakanga (7). Uretse […]

Continuer la lecture

FARDC yongeye kuvuga ko yirukanye M23 mu bice yafashe

Ubuyobozi bw’ihuriro ry’Ingabo zirwana ku ruhande rwa leta ya Kinshasa bwagize icyo butangaza ku mirwano ikaze yabasakiranije na M23 ku munsi w’ejo hashize, tariki ya 19/05/2024. Ni imirwano yabaye ahagana mu masaha y’umugoroba nyuma y’uko no mu masaha y’igitondo hari habaye ibindi bitero mu bice byo muri Teritware ya Rutshuru, nk’uko byavuzwe n’umuvugizi wa FARDC […]

Continuer la lecture

Espoir FC y’irusizi ishobora kumanurwa mu kiciro cya gatatu kubera amakosa yakoze

Ikipe ya ESPOIR FC yakuweho amanota mu mikino yose yakoreshejemo umukinnyi witwa Christian Watanga Milembe adafite ibyangombwa, biyiviramo kuguma mu cyiciro cya 2. AS MUHANGA niyo yabyungukiyemo, izakina kamarampaka,Playoffs n’amakipe y’Intare, Vision na Rutsiro FC. Uyu mwanzuro wafashwe n’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ku wa 20 Gicurasi nyuma y’ikirego cyatanzwe na AS Muhanga. FERWAFA […]

Continuer la lecture

Yabuze ibyangombwa ubwo yatangaga kandidatire yo kongera guhatanira kuyobora u Rwanda

Dr Frank Habineza uyobora Ishyaka Riharanira Demokarasi no kurengera Ibidukikije, Democratic Green Party of Rwanda, yashyikirije Komisiyo y’Igihugu y’Amatora kandidatire ye ku mwanya wa Perezida wa Repubulika mu matora ateganyijwe muri Nyakanga 2024. Kuri uyu wa 20 Gicurasi 2024 nibwo Frank Habineza yakiriwe na Perezida wa Komisiyo y’Igihugu y’Amatora, Oda Gasinzigwa ku biro bya Komisiyo […]

Continuer la lecture