Miss Japan yeguye nyuma y’iminsi 16 atsindiye ikamba ry’ubwiza.

Miss wo mu Gihugu cya Japan, yitwa Karolina Shiino yeguye kuri uyu mwanya yari yaratorewe akambara ikamba marushanwa y’ubwiza, nyuma y’iminsi 16.           Uyu mukobwa  yegukanye ikamba ry’ubwiza kuwa 22 mutarama 2024, nyuma y’uko bitavuzweho rumwe, kubera akomoka muri Ukraine. Ibi byatumye aba umunyaburayi wa mbere wabaye Miss muri Japan, ibyo […]

Continuer la lecture

Rutsiro: Abaturage ntibavuga rumwe n’Ubuyobozi kubyo kwinubira “Ikibuga cya Mukebera”

Bamwe mu batuye akarere ka Rutsiro barinubira ko ikibuga cya Sitade Mukebera yabaye intabire, bakavuga ko Ubuyobozi butarebye kure bujya kuyubaka mu Gishanga, ibyo batavugaho rumwe n’Ubuyobozi bw’akarere.     Ubwo Rwandanews24 yaganiraga na bamwe mu bakinnyi ba Rutsiro FC mu cyumweru dusoje bavuze ko iki kibuga kibagoye.     Umwe muri bo yagize ati […]

Continuer la lecture

Ibirangirire mu magare y’u Rwanda bitagikina biri hehe?

Mu gihe u Rwanda n’Isi yose muri rusange bari kwitegura irushanwa rya Tour du Rwanda 2024 ribura ibyumweru bibiri ngo itangire kuva tariki ya 18 kugeza ku ya 25 Gashyantare, Rwandanews24 twabakusanyirije amwe mu makuru y’ibanze y’aho bamwe mu banyarwanda banditse amateka muri iri rushanwa baherereye n’impamvu nyamukuru ikomeza kunugwanugwa ku mpamvu hafi ya bose […]

Continuer la lecture

Itangwa ry’ibihembo bya Grammy Awards byaherekeshejwe imijugujgu.

Mu ijoro ryo kuwa kane gashyantare 2024 nibwo hatanzwe ibihembo bitegurwa na Recording Academy bizwi nka Grammy Awards bitangirwa Crypto Arena muri Los Angeles bisanzwe bitavugwaho rumwe mukubitanga ariko kuri ubu noneho byafashe indi ntera kuko bamwe mu bahanzi banafite amazina akomeye ku Isi batariye indimi barimo abaraperi  bakomeye nka Jay z, Drake, Meek Mill […]

Continuer la lecture

Abasirikare b’u Burundi bafashwe na M23 ku rugamba yaberekanye

Kuri uyu wa Gatandatu, tariki 03 mutarama 2024, Umutwe w’inyeshyamba wa M23, weretse itangazamakuru abasirikare b’u Burundi wafatiwe ku rugamba, utangaza ko wabikoze mu rwego rwo gutabara ubuzima bwabo.   Aba barimo Adjudant chef Ndikumasabo Therence wo muri Brigade ya 410 muri Division ya 4, Undi ni Adjudant chef Nkurunziza wakoraga muri Etat Major ya […]

Continuer la lecture

Ibyo Mivumbi yaboneye muri Gereza ya Mpanga byamuteye ubwoba

Mivumbi, Umwe mu banyarwanda bafungiwe muri Gereza ya Mpanga yavuze ko ubutinganyi yabomye bwiganje mu bakuze baba basambanya abana bakiri bato b’abahungu, byamuteye ubwoba bwo kumva ko ahazaza h’u Rwanda hashobora kuzaba nta Rubyiruko ruzima hafite.   Mu kiganiro Mivumbi Umudu, yahaye umuyoboro wa Youtube wa Ukwezi TV, tariki 26 Mutarama 2024 yavuze ko n’ubwo […]

Continuer la lecture