King James yasinyishije Manick Yani.

Mu minsi mike ishize nibwo umuhanzi muto uri mubatanga ikizere yashyize hanze agace gato k’indirimbo ye yise Akayobe, yakirwa neza n’abantu benshi gusa ntayari aziko igiye kumuhindurira ubuzima kuko na King James ariho yayumviye akanifuza kumufasha mu gihe cy’imyaka itanu.       Amazina ye nyakuri ni Manigabe Delphin ariko mu muziki akoresha Manick Yani […]

Continuer la lecture

Impamvu hakozwe impinduka mu bayobozi b’Imirenge igize Akarere ka Rutsiro yamenyekanye

Ubuyobozi bw’akarere ka Rutsiro  buvuga ko impamvu hakozwe impinduka mh buyobozi bw’Imirenge, babitewe no kugira ngo bazanzahure imirenge yasanga nk’aho yasigaye inyuma mu mihigo.   N’Impinduka zatangiye kunugwanugwa mu mpera z’iki cyumweru turi kugana ku musozo, bamwe mu bayobozi b’Imirenge bahita bakora ihererekanyabubasha, abandi bikaba biteganyijwe ko bazarikora kuri uyu wa mbere.   Uko Impinduka […]

Continuer la lecture

Rubavu: Amakipe azahagararira akarere mu murenge Kagame Cup yamenyekanye, ahandi zibyara amahari

Imikino ya nyuma yo kumenya amakipe azaserukira Akarere ka Rubavu yabaye kuri uyu wa Gatanu tariki 19 Mutarama 2024, mu mikino y’Umurenge Kagame Cup 2023-2024, ahamenyekanye amakipe azagahagararira ku rwego rw’Intara y’Iburengerazuba mu cyiciro cy’abagabo, mu gihe mu cyiciro cy’abagore zabyaye amahari, kuko n’ubwo hari iyahawe igikombe iyo byakinnye itanyuzwe.   Mu mupira w’amaguru, mu […]

Continuer la lecture

Rutsiro: Inzu y’ababyeyi y’Ikigo nderabuzima yangiritse itamaze kabiri

Inzu y’ababyeyi (Materineti) yo ku kigo nderabuzima cya Mukura, mu karere ka Rutsiro abayigana bavuga ko yangiritse itamaze kabiri, ikaba ishobora gushyira ubuzima bwabo mu kaga.   Abagana iyi nzu y’ababyeyi baganiriye na Rwandanews24 bavuga ko batunguwe no kubona iyi nzu y’ababyeyi yaratangiye kwangirika mu myaka mike yuzuye.   Iyi nzu y’Ababyeyi bakomeza bavuga ko […]

Continuer la lecture

Huye: Abaturage baracyagorwa n’ingendo kandi bafite umuhanda wa kaburimbo

Bamwe mu baturage batuye mu bice bya Sahera mu karere ka Huye mu murenge wa Mukura, bavuga ko bishimiye umuhanga wa Rango Sahera bahawe, ariko ko bagifite ikibazo cy’uko ntamodoka zitwara abagenzi zihagera. Ni mu gihe ubuyobozi bw’akarere bwizeza abaturage ko niba hari abagenzi n’imodoka bagiye kuzibaha.   Bamwe mu baturage baganiriye na Rwandanews24 bavuga […]

Continuer la lecture

Bruce Melody azataramira abazitabira Rwanda Day.

Itahiwacu Bruce wamenyekanye nka Bruce Melodie niwe byamaze kwemezwa ko azataramira abazitabira Rwanda Day izaba tariki ya 02 kugeza kuri 03 gashyantare 2024  mu mujyi wa Washington.           Abinyujije k’urubuga rwa Rwanda Day nibwo yemeje ko azataramira Abanyarwamda n’inshuti zarwo ko kuri 02 kugeza kuri 03 gashyantare 2024 atumiye Abanya Rwanda […]

Continuer la lecture

Ya drone yarashe abasirikare ba M23 dore n’ibindi yakoze

Ihuriro Alliance Fleuve Congo (AFC) ryasohoye ifoto itanga ishusho y’ingaruka z’igitero cya drone rivuga ko ari iyo mu bwoko bwa CH-4 yerekana inzu yasenyutse igisenge ahantu iri huriro ritatangaje.   Amakuru agera kuri BBC yemeza ko ibitero by’indege za gisirikare za DR Congo byaramutse kare kuri uyu wa gatanu mu bice bitandukanye bigenzurwa na M23 […]

Continuer la lecture

Mu baperezida 18 bitezwe mu irahira rya Tshisekedi ntiharimo Kagame na Museveni

Intumwa nkuru ya perezida wa DR Congo, Serge Tshibangu, yatangaje ko abakuru b’ibihugu 18, ba visi perezida babiri, n’abahoze ari abakuru b’ibihugu bane, bitezwe i Kinshasa kuri uyu wa gatandatu mu muhango wo kurahira kwa Perezida watowe Felix Tshisekedi.   Mu kiganiro n’abanyamakuru kuri Stade des Martyrs mu ijoro ryo kuwa kane, Tshibangu, wari kumwe […]

Continuer la lecture

Davido yongeye guca agahigo.

Murwego rwo gukomeza kumenyekanisha album ye yise ‘Timeless’ kuri ubu igitaramo azakorera ahitwa  02 arena London kuwa 28 mutarama uyu mwaka amatike yacyo yamaze gushira.       Umuhanzi David Adedeji Adeleke wamenyekanye nka Davido mu muziki wa Nigeria nahandi ku isi, hari kuya 31 werurwe 2023 ubwo uyu muhanzi yasohoraga album ye yise ‘Timeless’ […]

Continuer la lecture

“Nibataza dushobora kubasubiza amafaranga.” Perezida Kagame avuga ku mpunzi zizava mu Bwongereza

Perezida Paul Kagame yavuze ko kuba gahunda y’abimukira bazava mu Bwongereza ikomeje kugenda biguru ntege ari ikibazo kireba u Bwongereza aho kuba u Rwanda, ndetse ashimangira ko Igihugu cyiteguye gusubiza amafaranga cyahawe n’u Bwongereza muri iyi gahunda, mu gihe byaba bibaye ngombwa. Ibi Perezida Kagame yabitangarije ikinyamakuru The Guardian, kuri uyu wa Gatatu, tariki 17 […]

Continuer la lecture

Kikac yategetse Niyo Bosco gusiba amashusho ye n’umukunzi we.

Imbugankoranyambaga cyane cyane instagram kubakurikirana imyidagaduro babonye amashusho y’umuhanzi Niyo Bosco n’umukunzi we barimo barasangira gusa  bidatinze amashusho ya Niyo Bosco yahise ayasiba kurukuta rwe yari yabitangarijeho.       Hari k’umunsi wejo tariki ya 16 mutarama 2023 ubwo umuhanzi Niyo Bosco yashyiraga hanze amashusho ari kumwe n’inkumi yihebeye yitwa Keza Nabrizza bagaragara baryohewe n’ubuzima […]

Continuer la lecture