FERWAFA, ryatangaje ko ryizeye ko mu cyumweru kimwe kiri imbere riba ryabonye umutoza w’Ikipe y’igihugu Amavubi kandi ushoboye. Tariki ya 21 Mutarama 2025, ni bwo FERWAFA...
Leta y’u Burundi, mu Mujyi wa Bujumbura ku cyumweru tariki ya 16 Gashyantare 2025, yakoze umukwabu udasanzwe wo guhiga bukware uwitwa Umunyarwanda ndetse n’Abanye-Congo bavuga ikinyarwanda...
Kuri iki Cyumweru tariki 16 Gashyantare, abasore 7 n’inkumi 5 bafatiwe mu Mujyi wa Muhanga, Akarere ka Muhanga bakekwaho ubujura, uko ari 12 bakaba bafungiye kuri...
Abaturage barimo kuva mu mujyi wa Bukavu bavuga ko nta ngabo za FARDC barimo kubona, nubwo hari amakuru avuga ko bongeye kugaruka mu mujyi. Abaturage bavuga...
Imfungwa zari zifungiwe muri Gereza Nkuru ya Bukavu, mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, zose zatorotse. Izi mfungwa zatorotse...
Abarwanyi ba M23 batangaje ko bafashe umujyi wa Bukavu, umurwa mukuru w’Intara ya Kivu y’Amajyepfo muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo. Uruhande rwa leta, kugeza ku...
Umutwe wa M23 wasohoye itangazo usaba abaturage b’umujyi wa Bukavu gushyiraho “abantu b’inyangamugayo” ngo babayobore, nyuma y’uko uvuze ko “nyuma yo gutsindwa” ingabo za leta n’abafatanya...
Umugaba Mukuru w’ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba, yatangaje ko ingabo zose ziri mu mujyi wa Bunia ufatwa nk’umurwa mukuru w’intara ya Ituri muri Repubulika Iharanira...
Amakuru aremeza ko umutwe wa M23 wamaze kugera mu Mujyi wa Bukavu ndetse kuva ku mugoroba wo ku wa gatanu nyuma y’uko ingabo za leta n’abayobozi...
Frédéric Bamvuginyumvira wabaye Visi Perezida w’u Burundi kuva mu 1998 kugeza mu 2001, yanenze Perezida Evariste Ndayishimiye uherutse gusaba Abarundi kwitegura intambara yabo n’Abanyarwanda. Ndayishimiye wari...