Ikipe ya Atlético de Madrid yabaye iya mbere yo muri Espagne yinjira mu bufatanye n’ubukangurambaga bwa Visit Rwanda, isanga andi makipe akomeye ku mugabane w’u Burayi...
Kuva kuri uyu wa 29 Mata 2025, ingabo zari mu butumwa bw’Umuryango w’Ibihugu byo mu Majyepfo y’Afurika (SADC), zakoreraga mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya...
Uwiyise Bakame ku rubuga rwa ‘X’ wari uherutse kwita Pastor Julienne Kabanda intumwa ya Satani, yamusabye imbabazi, ahamya ko yabikoreshejwe n’amarangamutima yamugushije mu cyaha. Ibi yabigarutseho...
Mu bihe bitandukanye hasohotse amatangazo azamura abasirikare mu mapeti bamwe bakibaza aho bishingira. Iteka rya Perezida wa Repubulika rigena ko umusirikare w’u Rwanda wo ku rwego...
Bamwe mu banyapolitike bakomeye mu Bwongereza batangiye kotsa igitutu Minisitiri w’Intebe, Keir Starmer, bamushinja gutesha agaciro amasezerano igihugu cye cyari gifitanye n’u Rwanda ku bijyanye n’abimukira...
Mu kwezi gushize u Rwanda rwafashe icyemezo cyo gucana umubano n’u Bubiligi, runategeka abadipolomate b’iki gihugu kuva ku butaka bwarwo. Iki cyemezo cyajyanye n’ibindi bikorwa, birimo...
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwafunze abayobozi batatu bakora mu rwego rushinzwe mine, peteroli na gas (RMB), bakekwaho ibyaha bine birimo ruswa. Abafunzwe barimo uwari Umuyobozi w’Ishami...
Abaminisitiri b’Ububanyi n’Amahanga b’u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) ku wa Gatanu, tariki ya 25 Mata 2025, basinyanye “Amasezerano ku by’ibanze agamije amahoro”....
Perezidente urugaga rw’abikorera mu Rwanda (PSF) Jeanne Francoise Mubirigi aratangaza ko abikorera mu Rwanda bazagira uruhare rukomeye mu kubaka igihugu cyashenywe na Jenoside yakorewe abatutsi aho...
Guverinoma ya Qatar yatangaje ko yashimye amasezerano u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi byagiranye, agena amahame y’ibanze mu gukemura mu buryo burambye ikibazo cy’umutekano muke mu...