Minisitiri w’Ubwami bw’u Bwongereza ushinzwe Afurika Lord Ray Collins, yavuguruje ibinyoma yatwerereye u Rwanda ko yavuganye na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane Olivier J. P. Nduhungirehe ku...
Mu gitondo cyo ku wa 2 Werurwe 2025, Polisi y’u Rwanda ikorera mu Ntara y’Amajyepfo yataye muri yombi abakekwaho ubujura bagera kuri 28 mu bikorwa byabereye...
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane w’u Rwanda, Olivier Nduhungirehe, yatangaje ko Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ari yo ikwiye gufatirwa ibihano kuko hari byinshi yanze kubahiriza byari...
Ku mupaka uhuza u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), inzego z’umutekano z’u Rwanda zakiriye Gen Ezéchiel Gakwerere, uzwi ku mazina ya Sibo Stany...
Perezida Donald Trump yahuye na Perezida wa Ukraine amusaba kwemera ibiganiro n’Uburusiya kugira ngo intambara iri mu gihugu cye irangire. Byari ibiganiro birimo impaka, Perezida Donald...
Ihuriro AFC/M23 yatangaje ko yashyizeho Guverineri na n’abungirije guverineri w’Intara ya Kivu y’Epfo nyuma y’inama yabereye mu Mujyi wa Bukavu ikaza gusozwa inaturikijwemo ibisasu. AFC/M23 ivuga...
Umunyamabanga Mukuru w’ishyaka CNDD-FDD riri ku butegetsi bw’u Burundi, Révérien Ndikuriyo, yongeye kugaragara mu ruhame nyuma y’iminsi myinshi arembeye mu mahanga. Ndikuriyo yafashwe n’uburwayi nyuma yo...
Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ryatangaje ko abantu 11 bapfiriye mu gitero cya gerenade cyagabwe mu Mujyi wa Bukavu kuri uyu...
Ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bwashinje ingabo bwise ’iz’amahanga’ kugaba igitero ku baturage mu Mujyi wa Bukavu, nyuma y’uko Perezida wa M23, Bertrand Bisimwa,...
Ubushinjcyaha bw’u Rwanda bwarekuye umukire utunze imodoka 25, igorofa mu mujyi wa Kigali n’ibindi witwa Niyitegeka Eliezer wari warongeye gufungwa. Mbere umukire Eliezer Niyitegeka yabanje gufungwa...