Urukiko rw’Ibanze rwa Busasamana mu karere ka Nyanza rwakatiye gufungwa by’agateganyo Emmanuel Ntarindwa w’imyaka 51 Ukekwaho icyaha cya jenoside. Emmanuel Ntarindwa urukiko rwiherereye rusanga uyu mugabo...
Abantu nibura 80 bapfuye nyuma yuko ubwato burohamye muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, nkuko byatangajwe n’ibiro bya Perezida w’icyo gihugu. Byabereye mu mugezi wa Kwa,...
Umukobwa wa Rwigara Assinapol wabaye umushoramari ukomeye mu Rwanda, Diane Shima Rwigara, yagaragaje ko yitandukanyije n’ibyo nyina, Adeline Mukangemanyi Rwigara, yatangaje. Mu butumwa Diane yanyujije ku...
Umusore yagiye gusaba Umuyobozi w’Umudugudu ngo amwishyurize amafaranga yasigaye ubwo yicaga umuntu birangira RIB imutaye muri yombi. Amakuru UMUSEKE dukesha iyi nkuru wamenye nu ko Urwego...
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB rwatangaje ko rwataye muri yombi umukozi ushinzwe Iterambere n’ubukungu mu Kagari ka Kajinge (SEDO) akurikiranyweho gusaba no kwakira indonke y’amafaranga ibihumbi 20...
Ubuyobozi bwa Kaminuza y’Ubukerarugendo, Ikoranabuhanga n’Ubukungu (UTB) bwatangaje ko Prof Dr Simon Wiehler, wari Umuyobozi Mukuru wayo yitabye Imana. Kuri uyu wa kabiri, nibwo umuyobozi wa...
Mu Karere ka Rubavu mu Murenge wa Nyakiliba haravugwa cyane amakuru y’abagabo basuzugurwa n’abagore babo, bitewe n’uko ngo aho kujya mu kazi bibeta mu tubari bakirirwamo,...
Perezida Kagame yagaragaje ko n’ubwo ikibazo cy’intambara ya Israel n’Umutwe wa Hamas muri Gaza gikomeye bitavuze ko kitakemuka. Umukuru w’Igihugu yabitangaje kuri uyu wa Kabiri, ubwo...
Ubuyobozi bwa M23 bwatangaje ko bwashyizeho Umuhuzabikorwa uwuhagarariye mu mahanga mu Banyekongo bo muri Diyasipora,uwo akaba ari Manzi Willy. Ibi byatangaje kuri uyu wa Mbere, tariki...
Ingabo z’u Rwanda, zifasha iza Mozambike mu kurwanya ibyihebe, ziravuga ko zishe byibuze ibyihebe [abajihadiste] 70 mu gace ka Mbau,ko mu karere ka Mocímboa da Praia,...