Donald Trump, wayoboye Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yahuye n’ibibazo by’ubucamanza byaturutse ku birego bimushinja gushaka guhirika ubutegetsi mu mwaka wa 2020 nyuma yo gutsindwa amatora....
Iteka rya Perezida wa Repubulika Nº 044/01 ryo ku wa 14 Gashyantare 2020, rishyiraho sitati yihariye y’Ingabo z’u Rwanda, rikagena ibijyanye n’umushahara umusirikare ahabwa ndetse n’andi...
Umuyobozi w’ishyaka rigamije Demokarasi no kurengera ibidukikije Hon Dr Frank Habineza yabwiye abaturage bo mu murenge wa Tyazo ahazwi nka Kanjongo mu KARERE ka Nyamasheke ko...
Perezida wa Kenya, William Ruto, yatangaje ko iki gihugu kigomba kuguza amafaranga menshi kugira ngo guverinoma ikomeze yiyubake nyuma y’uko abigaragambya banze umushinga w’itegeko ryo kuzamura...
Ni mu matora ya Perezida wa Repubulika n’ay’Abadepite azaba kuva ku itariki ya 14 kugeza ku ya 16 Nyakanga 2024. Iyo lisiti ntakuka y’abemerewe gutora yashyizwe...
kuri uyu wa mbere tariki ya 1Nyakanga 2024, ishyaka rya Demokarasi no kurengera ibidukikije DGPR, ryatangaje ko ritazemera na Gato gufungwa umupaka uko ushatse ko niritorwa...
Perezida Félix Antoine Tshisekedi yongeye kwikoma “umuturanyi” nyuma y’uko inyeshyamba za M23 zari zimaze kwigarurira imijyi ya Kanyabayonga na Kirumba, atanga isezerano ryo gukora ibishoboka byose...
Ubuyobozi bw’Akarere ka Rubavu buravuga ko buri gufasha abakora uburaya kuba babureka burundu binyuze mu kubashakira uburyo bakwiga imyuga inyuranye no kubahuza n’amahirwe y’akazi aboneka muri...
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame, yifatanyije mu kababaro n’Umwami Mohammed IV wa Morocco wapfushije nyina Umugabekazi Lalla Latifa Amahzoune, watanze ku wa Gatandatu tariki...
Urubyiruko rwibumbiye mu itsinda ry’abantu 15 bakora ubworozi bw’inkoko mu Mudugudu w’Icyitegererezo wa Horezo mu Murenge wa Rongi mu Karere ka Muhanga baravuga ko batangiye itsinda...