Zimwe mu ngorane ziri kuba mu ngo zimwe na zimwe ni ukubura urubyaro nyamara basuzuma ugasanga umugabo n’umugore bose ni bazima, nuko abazi amateka y’umugore ugasanga...
Igicuri ni indwara y’imitsi irangwa no gutuma ubwonko budakora uko bikwiye, ibyo bigakurikirwa no kwikubita hasi bitunguranye kandi bigakunda kubaho kenshi. mu gihe umuntu yikubise hasi...
Ushobora kuba warabyumvise cyangwa bikaba ari ubwa mbere wumvise ko stress ishobora kugutera kuzana imvi imburagihe. Ubusanzwe icyegeranyo kigaragaza ko abagabo bamera imvi guhera ku myaka...
Amababi y’imyembe ashobora gukoreshwa mu kwivura indwara zitandukanye zirimo nka Diyabete , indwara z’umutima , kugabanya umubyibuho ukabije , indwara za infegisiyo zo ku ruhu ndetse...
Umunyarwanda witwa Ntabanganyimana Francois arasaba ubufasha bwo kwivuza kanseri y’ibihaha. Ntabanganyimana avuga ko nyuma y’igihe kinini yarahuye n’ikibazo cy’ubuzima, mu mwaka wa 2022 nibwo yagiye mu...
Aba bagabo batangaga amakuru y’uko bakora akazi ko kugurisha intanga, aho imwe yabaga igurishwa amadolari 100$. Binyuze kuri Facebook, abagore benshi bakeneye abana bagannywe serivisi z’aba...
Ambulance y’Ibitaro bya Remera-Rukoma mu Karere ka Kamonyi, yari igiye kuzana abarwayi babiri mu Kigo Nderabuzima cya Kabuga giherereye mu murenge wa Ngamba yaheze mu mazi...
Hari igihe akazi kaba kenshi, bikagorana guhaguruka katarangiye, bamwe bagatangira kwiga umuco wo gufata inkari bakazitindana cyane mbere y’uko bajya kwihagarika. Ariko icyo gikorwa kigaragara nkaho...
UmuherweTribert Rujugiro Ayabatwa, wari umaze imyaka yarahunze u Rwanda, yapfuye ku myaka 83 mu rukerera rwo kuri uyu wa Gatatu,tariki ya 17 Mata 2023. Umwe mu...
Umuherwe Ayabatwa Tribert Rujugiro yitabye Imana. Rujugiro yapfuye nyuma y’imyaka myinshi yari amaze aba hanze y’igihugu cye nk’impunzi. Umuherwe kabuhariwe Rujugiro yamenyekanye mu gucuruza itabi, amazu,...