Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane Dr. Nduhungirehe yikomye Madamu Bintou Keita, Umuyobozi w’Ubutumwa bw’Umuryango w’Abibumbye bwoherejwe kugarura Amahoro muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (MONUSCO), uhamagarira amahanga...
Polisi y’u Rwanda ikorera Karere ka Ruhango yataye muri yombi abasore batanu n’umusaza umwe, ibashinja gucukura amabuye y’agaciro mu buryo butemewe n’amategeko. Aba bose babasanze mu...
Ibiro by’Umukuru w’Igihugu muri Congo Kinshasa byavuze ko Perezida Felix Tshisekedi akurikiye inama y’abakuru b’ibihugu bya Africa y’Iburasirazuba, EAC na SADC kandi aza no gusoma ibyufuzo...
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane Amb Nduhungirehe Olivier yatangaje ko kuba Abakuru b’Ibihugu by’Imiryango ya EAC na SADC bahuriye mu nama idasanzwe, hagafatirwamo umwanzuro wo guhuza ibiganiro...
Perezida wa Repubilika Paul Kagame yavuze ko intambara iri mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) ishingiye ku moko, kandi ko igira ingaruka zitaziguye...
Perezida Paul Kagame yavuze ko u Rwandsa nta ruhare rugira mu ntambara yo mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, RDC. Yabigarutseho kuri uyu wa...
Rutahizamu ukina anyuze mu mpande, Godwin Odibo, wari watandukanye na APR FC kubera umusaruro muke, yamaze kubona indi kipe nshya y’iwabo muri Nigeria yitwa Shooting Stars....
Abaminisitiri b’Ububanyi n’Amahanga bo mu muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) n’Umuryango wa Afurika y’Amajyepfo (SADC) ku wa 7 Gashyantare 2025 bahuriye i Dar es Salaam muri...
Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, ntiyagiye i Dar es Salaam muri Tanzania mu nama idasanzwe ihuza Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) n’Umuryango...
Perezida Paul Kagame yageze i Dar es Salaam muri Tanzania, aho yitabiriye inama idasanzwe ihurije hamwe abakuru b’ibihugu bya Afurika y’Iburasirazuba (EAC) n’abo mu Muryango w’Ubukungu...