Hari abagabo babiri bakomeye bari kuvugwa mu rubanza rwa Ishimwe Thiery uzwi nka Tity Brown aho umwe ari umushinjacyaha ukomeye undi akaba umu polisi ufite amapeti....
Kuva muri Mutarama 2023, Bamporiki Edouard wakatiwe n’urukiko igifungo cy’imyaka 5, afungiye mu igororero rya Nyarugenge riherereye mu murenge wa Nyarugenge. Bamporiki wahamwe n’icyaha gifitanye isano...
Bruce Melodie yavuze ko yubaha The Ben kandi igihe icyo ari cyo cyose akaba yakorana indirimbo na we, asaba abafana be kwirinda abamuhanganisha na bagenzi be...
Tasty Bakery , imwe mu makompanyi akora cakes n’ibindi biribwa bikomoka ku ifarini nk’imigati, amandazi na capati biryoshye, kuri ubu ikomeje gahunda yo kurushaho kunoza no...
Mu rukerera rw’uyu wa 1 Ukwakira 2023 nibwo hamenyekanye amakuru avuga ko terefone ya The Ben ndetse n’iz’abandi bantu batanu zibwe ubwo The Ben yari mu...
Hashize imyaka irenga ibiri mu itorero rya ADEPR habayemo impinduka mu buryo butunguranye. Icyo gihe abashumba 30 bayoboraga itorero ku Rwego rw’Ubuterere bavanweho hashyirwaho abandi bashya,...
Abanyamuryango basaga 700 ba FPR-Inkotanyi baturutse mu bihugu butandukanye byo ku mugabane w’u Burayi bahuriye mu mwiherero wabereye mu mujyi wa Cologne mu gihugu cy’u Budage...
Biravugwa ko abakozi b’akarere ka Rulindo barimo na Gitifu w’ako batawe muri yombi bakurikiranweho kunyereza umutungo wa Leta. Kigali Today iravuga ko amakuru yizewe ifite, ari...
Umubare w’abivuza indwara zandurira mu mibonano mpuzabitsina muri uyu mwaka wa 2023 wariyongereye ugera kuri 5.3% uvuye kuri 4.2% mu mwaka wa 2022. Ibi byatangajwe n’ikigo...