Itahiwacu Bruce wamenyekanye nka Bruce Melodie niwe byamaze kwemezwa ko azataramira abazitabira Rwanda Day izaba tariki ya 02 kugeza kuri 03 gashyantare 2024 mu mujyi wa...
Murwego rwo gukomeza kumenyekanisha album ye yise ‘Timeless’ kuri ubu igitaramo azakorera ahitwa 02 arena London kuwa 28 mutarama uyu mwaka amatike yacyo yamaze gushira. ...
Imbugankoranyambaga cyane cyane instagram kubakurikirana imyidagaduro babonye amashusho y’umuhanzi Niyo Bosco n’umukunzi we barimo barasangira gusa bidatinze amashusho ya Niyo Bosco yahise ayasiba kurukuta rwe yari...
Siporo yo gusimbuka umugozi ni nziza cyane ndetse ituma uyikora amaraso atembera neza cyane cyane mu gice cy’amaguru, bigatuma kandi ibinure bishonga vuba, amaraso agatembera neza....
Mugisha Emmanuel uzwi nka Clapton Kibonge muri Cinema no mu rwenya hano mu Rwanda, impera za 2023 ntizamugendekeye neza kuko aribwo yaje kurwara akaremba ndetse bikanaba...
Rurangiranwa mu njyana ya hip hop ku isi p diddy yangiwe kuzitabira ibihembo bya grammy awards kubera ibyaha byinshi aregwa byo guhohotera Abakobwa barimo nuwo yahoze...
Amazina ye nyakuri yitwa Duane Davis Keith akaba azwi cyane ku izina rya Keefe D warufunzwe by’agateganyo akekwaho kwica uwari rurangirangiranwa mu njyana ya Hip Hop...
Korea y’Epfo yemeje itegeko ribuza abantu kuzongera kurya no kugurisha inyama z’imbwa muri iki gihugu kuva muri 2027. Ni tegeko rifite gahunda yo gukuraho burundu umuco...
Hari mu mpera z’umwaka Wa 2023 ubwo umuhanzi rurangiranywa muri Nigeria no ku Isi yabonaga ifoto ya Tiwa Savage ari kumwe n’umugore wabyaranye na Davido muri...
Mu itangazo ryaturutse mu biro bya minisitiri w’intebe kuri uyu wa 12 Nzeri 2023, Dr Gasore Jimmy yagizwe minisitiri w’ibikorwaremezo asimbuye Dr Erinest Nsabimana wari waragiye...