Umuhanzi wo muri Tanzania Rayvanny akomeje kuryoherwa na America kuko nyuma yo gusura studio ya Micheal Jackson yanahuye na Maruma banasubiranyemo indirimbo. ...
Miss wo mu Gihugu cya Japan, yitwa Karolina Shiino yeguye kuri uyu mwanya yari yaratorewe akambara ikamba marushanwa y’ubwiza, nyuma y’iminsi 16. ...
Mu ijoro ryo kuwa kane gashyantare 2024 nibwo hatanzwe ibihembo bitegurwa na Recording Academy bizwi nka Grammy Awards bitangirwa Crypto Arena muri Los Angeles bisanzwe bitavugwaho...
Kuri uyu wa gatatu tariki ya 31 mutarama 2024 nibwo Uwicyeza Pamella yagize isabukuru y’amavuko maze umugabo we The Ben aramutomagiza karahava. ...
Kenshi Abantu ducurika ibintu cyangwa se tukibwira ibitari byo kubwo kumva ibintu bitandukanye hirya no hino ku mbugankoranyambaga cyangwa se wenda ahandi ubyumvira, kuko bavuga byinshi...
Kabuhariwe mu muziki wa Nigeria Davido ubu nawe yamaze kugera ku gahigo kari gasanganywe na Rema,C kay , Wiz Kid n’abandi. ...
Ayra Starr umuhanzi kazi wo muri Nigeria ugezweho cyane, yahishuye ukuntu burya Mama we amuhozaho ijisho nubwo benshi bamubona nkufite uburenganzira busesuye kuri we. ...
Kenshi kuri benshi yewe nabakiri bato usanga yicara agatekereza ukuntu mu myaka mirongo itanu azaba ameze, agatekereza ibyiza byose azaba yaragezeho nko kuzaba yarabyaye umwana we...
Dj Chicken yongeye kuvugisha benshi kumbuga nkoranyambaga ubwo yavugaga ko ashaka kuryamana n’Umugore wa Davido witwa Chioma akanamutera inda. Ntagihe kinini giciyeho...
Mu minsi mike ishize nibwo umuhanzi muto uri mubatanga ikizere yashyize hanze agace gato k’indirimbo ye yise Akayobe, yakirwa neza n’abantu benshi gusa ntayari aziko igiye...