Umuhanzi uri mu bagezweho Shaffy agiye gutaramira muri Canada.

Entertainment NEWS

Umuhanzi w’umunyarwanda ukorera umuziki muri Leta zunze Ubumwe za Amerika, Shaffy yatangaje ko agiye gutaramira mu Gihugu cya Canada.

mu butumwa yanyujije k’urubuga rwe rwa Instagram, Shaffy yatangaje ko afite gitaramo mu Mugi wa Ottawa kizaba mu kwezi kwa Gicurasi 2026, anamenyesha ko amakuru arambuye ku bijyanye n’igihe n’aho kizabera azatangazwa vuba.

Yanditse ati: “Mfite amatsiko, sinshiboye gutegereza. Muri Gicurasi Shaffy azataramira muri Canada. andi makuru ni vuba.

uyu muhanzi ari muhagezweho kuko azwi mu ndiririmbo nyinshi zakunzwe nka bana, akabanga, sukuma nizindi nyinshi.

Icyo gitaramo muri Canada kigiye kuba nyuma y’uko Shaffy yaherukaga gutaramira mu Rwanda mu mpera za 2026, mu gitaramo yahuriyemo na Kevin Kade, wizihizaga imyaka itanu yari amaze mu muziki.

What do you feel about this post?

0%
like

Like

0%
love

Love

0%
happy

Happy

0%
haha

Haha

0%
sad

Sad

0%
angry

Angry

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *