Mu gihe Shampiyona ibura iminsi 16 ngo itangire amakipe akomeje kwiyubaka yitegura Shampiyona 2024-2025, aho amakipe akomeje kugura abakinnyi. Umuyobozi wa Rayon Sports FC yatangaje ko...
Louise Mushikiwabo, Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango uhuza ibihugu bikoresha Igifaransa (OIF), yahuye n’agahinda gakomeye ubwo yamenyaga inkuru y’urupfu rwa musaza we, Wellars Kayiranga, uzwi ku izina rya...
Nyiransengiyumva Valentine, wamamaye nka Dorimbogo, yasezeweho bwa nyuma ashyingurwa mu karere ka Nyamasheke mu Ntara y’Iburengerazuba, aho yakomokaga. Uyu mukobwa witabye Imana ku wa 27 Nyakanga...
Leta ya Tanzania yategetse urusengero Christian Life gufunga imiryango, kubera Pasiteri Dominique Kashoix Dibwe warushinze utanga inyigisho zirimo gusaba abayoboke guhohotera cyangwa kwica abo bashinja ubupfumu....
Umuturage utaramenyekana amazina, bivugwa ko yaturutse mu karere ka Gicumbi, yitabye Imana mu rukerera rwo kuri uyu wa Mbere ubwo we n’abo bari kumwe bari hafi...
Umwana witwa Tuyishime Léo w’imyaka 15 y’amavuko, yuriye imodoka yariho igenda mu mudugudu wa Rukari, akagari ka Rwesero, umurenge wa Busasamana mu karere ka Nyanza. Mu...
Polisi yo muri Nigeria mu mujyi wa Lagos yatangaje ko yamaze guta muri yombi abantu batanu, barimo umupasiteri, bashinjwa guhererekanya uruhinja rw’amezi abiri bakarugurisha bashaka inyungu....
Ku mugoroba wo ku wa Gatandatu tariki 27 Nyakanga 2024, ni bwo inkuru yabaye kimomo ko umuhanzi Nyiransengiyumva Valentine wamamaye nka ‘Vava’ cyangwa ‘Dorimbogo’ ku mbuga...
Donald Trump wahoze ayobora Leta Zunze Ubumwe za Amerika, ubu akaba akomeje ibikorwa byo kwiyamamaza ashaka manda ya kabiri, yatangaje ko Kamala Harris bashobora guhatanira uyu...
Colonel Kazarama Kanyamuhanda Vianney, wabaye Umuvugizi w’umutwe witwaje intwaro wa ARC/M23 urwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo hagati ya 2012 na 2013, yemeje ko...