Wa mukobwa wagonzwe na Ritco I Rubavu yashyinguwe mu cyubahiro

Mutoni Furaha wakundaga kwitwa Tonny, umukobwa wagozwe n’imodoka ya Ritco y’ikigo gitwara abagenzi yakoreraga, yashyinguwe mu cyubahiro kuri uyu wa Gatanu taliki ya 10 Gicurasi 2024. Furaha yakoreraga Ritco nk’umukozi ukata amatike muri gare ya Rubavu mu karere ka Rubavu mu ntara y’iburengerazuba, gusa yari yaragiyeyo mu rwego rwo gushakisha amaramuko kuko akomoka mu karere […]

Continuer la lecture

Bamwe mu bacungagereza basabiwe gufungwa by’agateganyo

Kuri uyu wa Gatatu taliki ya 08 Gicurasi 2024 mu rukiko rw’ibanze rwa Nyarugenge, ubushinjacyaha bw’u Rwanda bwatangiye gusabira abacungagereza kuba bafunzwe by’agateganyo mu gihe cy’iminsi 30 mu gihe bagikorwaho amaperereza ku byaha bakurikiranyweho birimo ibifitanye isano na ruswa. Abaregwa barasaba kurekurwa kuko bamaze amezi agera muri atanu bafunzwe binyuranyije n’amategeko. Umucungagereza mukuru waburanye kuri […]

Continuer la lecture

Perezida Ndayishimiye yatanze itegeko rikarishye nyuma y’igitero

Nyuma y’uko umutwe wa RED Tabara ugabye igitero muri Zone ya Gatumba mu Burundi, mu gace gahana imbibi na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ukivugana abantu 20, Perezira Evariste Ndayishimiye yategetse ko abagabye iki gitero bahigwa bukware. Iki gitero cyagabwe mu ijoro ryo ku ya 22 Ukuboza, aho uyu mutwe usanzwe urwanya ubutegetsi bw’u Burundi, […]

Continuer la lecture

Hagiye kuba ubwirakabiri buzagera no mu Rwanda

Abahanga mu by’isanzura batangaje ko kuwa Mbere tariki 16 Gicurasi 2022 hirya no hino ku Isi hazagaragara ubwirakabiri bw’ukwezi (Lunar eclipse) buzatuma uwo munsi kugaragara gusa nk’ukwatukuye cyangwa se gufite ibara ry’amaraso ibizwi nka ‘blood moon’. Ubwirakabiri bw’Ukwezi buba igihe kwanyuze inyuma y’Isi kugakingirizwa nayo bigatuma imirasire y’izuba itakugeraho neza ndetse kugahindura ibara. Biteganyijwe ko […]

Continuer la lecture

AFC/M23 yabwiye ikintu gikomeye amahanga atayifuza

Babinyujije mu Itangazo Abanyamuryango ba AFC/M23 bateye utwatsi uburyarya bw’imwe mu miryango mpuzamahanga, bavuga ko bakomeje guhagarara ku ntego yabo yo gutuma Abanyekongo bose basubirana uburenganganzira bwabo mu Gihugu cyabo. Bikubiye mu itangazo ryashyizweho umukondo n’Umuhuzabikorwa w’Ihuriro AFC (Alliance Fleuve Congo), Corneille Nangaa Yobeluo, risubiza ibimaze iminsi bisabwa n’amahanga ko umutwe wa M23 ukwiye kurekura […]

Continuer la lecture

Umukozi wa Ritco yagonze mugenzi we ahita apfa

Imodoka y’ikigo gitwara abagenzi ya, Ritco yagongeye umukozi wacyo wakataga amatike muri Gare ya Rubavu, arapfa. Umukozi wagonzwe n’iyo modoka yitwa Furaha. Iyi mpanuka yamuhitanye yabaye ku wa Gatatu tariki 8 Gicurasi 2024. Iyi mpanuka yaturutse ku kuba uyu mukobwa yari avuye mu modoka ya Ritco asohokamo ku ruhande hari indi modoka y’iki kigo nayo […]

Continuer la lecture

Yaka Mwana n’abandi bazira urukozasoni kuri YouTube

Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha rwataye muri yombi abantu batandatu bavugwaho gukoresha imbuga nkoranyambaga mu kuvuga iby’urukozasoni. Ibyaha bakoze byitwa ‘ icyaha cyo gushyira ahagaragara amashusho yerekeranye n’imikoreshereze y’ibitsina hakoreshejwe mudasobwa cyangwa urusobe rwa mudasobwa, icyaha cyo gukora ibiterasoni mu ruhame n’icyaha cyo gutukana mu ruhame’. Ibyo kubafata byarangiye hagati ya italiki ya 16 Mata na taliki […]

Continuer la lecture

Uwari Gitifu w’Umurenge yatorewe kuba Visi Meya

Habimana Alfred wari Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Macuba mu Karere ka Nyamasheke yatorewe kuba Umuyobozi wungirije w’Akarere ka Rusizi ushinzwe Ubukungu n’Iterambere. Ni mu matora yo kuzuza Inama Njyanama y’Akarere ka Rusizi no kuzuza Komite Nyobozi yabaye ku wa 8 Gicurasi 2024. Aya matora abaye nyuma y’uko hari hashize amezi arenga abiri Inama Njyanama y’Akarere […]

Continuer la lecture

Abarobyi barwanye bapfa amafi bamwe bahasiga ubuzima

Abarobyi babiri bo mu gace ka Suba y’Amajyaruguru, Intara ya Homa Bay barohamye mu kiyaga cya Victoria muri Kenya nyuma yo kurwana na bagenzi babo bapfa amafi yo mu kiyaga. Uku guhangana kwabaye igihe itsinda ry’abarobyi b’ahitwa Koginga Beach bagerageje gutera inshundura zabo ngo barobe ahantu batemerewe kuroba hitwa Uwi Beach. Umuyobozi w’agace witwa Charles […]

Continuer la lecture

M23 yongeye gushinja FARDC n’abambari bayo kuyigabaho ibitero

Umutwe wa M23 wemeje ko ingabo za FARDC zifatanyije n’ingabo zirimo iza SADC n’iz’u Burundi,zabateye mu bice ugenzura nabo birwanaho. Umuvugizi wa M23 mu bya Politiki, Lawrence Kanyuka mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu tariki 08 Gicurasi 2024, yatangaje ibi mu butumwa yanyujije ku mbuga nkoranyambaga. Kanyuka yagize ati “Kuva mu gitondo cya kare, […]

Continuer la lecture

Bashyinguye umugabo hashize amasaha make bamubona ari muzima

Hakizimana Silas umugabo utuye mu murenge wa Bweramana mu karere ka Ruhangoyatunguye benshi mu bari baraye bamushyinguye hanyuma akaaruka akababwira ko atapfuye ko ahubwo bashyinguye utari we. Uyu mugabo ufite umugore n’umwana umwe,utuye mu kagari ka Gitisi mu mudugudu wa Nyarugenge,abaturage bamushyinguye kuwa 06 Gicurasi 2024 nimugoroba barataha. Hanyuma kuwa 07 Gicurasi mu gitondo,yagaragaye mu […]

Continuer la lecture