Ihere ijisho ubwiza bw’indege Perezida Kagame agendamo

Perezida Kagame yageze muri Guinée Conakry, aho yakiriwe na mugenzi we, Mamadi Doumbouya bagirana ibiganiro byihariye bigamije gushimangira umubano n’ubutwererane hagati y’ibihugu byombi ndetse n’inzego zo gufatanyamo zirimo ikoranabuhanga, ubucuruzi n’ishoramari. Aya mafoto agaragaza indege nziza Perezida Kagame agendamo ndetse nuko yakiriwe mu muco w’abanya Guinea. Ibiro by’Umukuru w’Igihugu, Village Urugwiro, byatangaje ko Perezida Kagame […]

Continuer la lecture

M23 yambuye uduce dutanu FARDC n’abambari bayo nyuma yo kubazenguruka

Ihuriro ry’ingabo zirwana ku ruhande rw’u butegetsi bwa Perezida Félix Tshisekedi Tshilombo, riri mu marira menshi nyuma yo kwamburwa utundi duce two muri teritware ya Masisi, turenga tune. Ni mu mirwano yabaye ku munsi w’ejo hashize, tariki ya 12 Gicuransi 2024, aho yari ihanganishije M23 n’Ihuriro ry’Ingabo za RDC, ikaba yarasize abo ku ruhande rwa […]

Continuer la lecture

Nyuma y’amasaha 19 umwana yatunguye benshi arazuka

Umwana witwa Cartier McDaniel w’imyaka ine y’amavuko yarokotse mu buryo bw’igitangaza nyuma y’uko umutima we uhagaritse gutera amasaha 19. Ku ya 8 Mata,nibwo uyu mwana yahise ajyanwa mu bitaro by’abana bya Colorado akirwara maze ubuzima bwe bumera nabi. Abaganga bagaragaje ko yafashwe n’umutima, bituma bamushyira mu mashini zifasha umuntu kubaho. Umuryango we wari wateraniye kumusezera, […]

Continuer la lecture

Menya impamvu Internet iri kugenda gake cyane

Abakoresha Internet mu Burundi, Rwanda, Kenya, Uganda na Tanzania bakomeje kwinubira internet igenda nabi cyane mu gihe abatanga serivisi za internet muri Africa y’iburasirazuba bakomeje kwisegura ku bakiliya babo kubera iki kibazo. Mu gitondo kuri uyu wa mbere, MTN Rwanda yatangaje ko “ikibazo cya tekiniki ku muyoboro wa interineti muri Afrika y’Iburasirazuba kitaracyemuka”, ikomeza kwisegura […]

Continuer la lecture

Abantu 6 batawe muri yombi bitewe n’umuntu wapfuye bari gusengana

Nyanza abantu batandatu batawe muri yombi bakekwaho kugira uruhare mu rupfu rw’umwe muri bo, warimo asengana na bo. Byabereye mu karere ka Nyanza, mu murenge wa Kigoma, mu kagari ka Butara, mu mudugudu wa Kirundo. amakuru ko mu rugo rwa  Mukanyandwi Claudine w’imyaka 34 hari umukecuru wahapfiriye witwa  IKIZANYE Rose w’imyaka 68 mu gihe barimo […]

Continuer la lecture

Perezida Kagame yageze i Dakar muri Senegal

Perezida Paul Kagame yageze muri Sénégal yakirwa na mugenzi we Bassirou Diomaye Faye, uherutse gutorerwa kuyobora icyo gihugu, ndetse na bamwe mu bagize Guverinoma. Perezida Kagame yasuye igihugu cya Senegal kuri uyu wa Gatandutu tariki ya 11 Gicurasi 2024, yageze i Dakar mu murwa mukuru nk’uko byatangajwe n’Ibiro by’umukuru w’Igihugu Village Urugwiro. Perezida Kayishimiye intsinzi […]

Continuer la lecture

Umukecuru w’imyaka 97 yasanzwe munsi y’umukingo yapfuye

Iryoyavuze Julienne w’imyaka 97 wibanaga mu nzu mu Mudugudu wa Kanome, Akagari ka Kagarama, Umurenge wa Mahembe, Akarere ka Nyamasheke, mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 11 Gicurasi, 2024 yasanzwe munsi y’umukingo yapfuye, bikekwa ko yawuhanutseho akagwa akabura gitabara akarinda ahanogokera. Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Mahembe, Uwizeyimana Emmanuel yatangarije Imvaho Nshya ko […]

Continuer la lecture

Impanuka y’imodoka yahitanye umushoferi, inakomeretsa 3 yari atwaye

Imodoka yo mu bwoko bwa fuso yavaga i Kigali yageze mu Murenge wa Rubengera mu Karere ka Karongi irenga umuhanda igwa muri metero 10 munsi yawo, umushoferi yahita apfa, abacuruzi 2 yari atwaye na kigingi barakomereka. Iyo modoka yari itwaye toni 10 z’ibicuruzwa ibivanye i Kigali ibijyana muri santere y’ubucuruzi ya Gatare, mu Murengae wa […]

Continuer la lecture

Amakuru mashya kuri gerenade zatewe mu bantu i Bujumbura

Abayobozi b’Uburundi batangaje ko umubare w’abamaze gukomeretswa na gerenade yatewe kuri gare ya Bujumbura ari 38, harimo 5 bikomeye cyane. Nk’uko amakuru ava mu bari i Bujumbura abivuga, grenade imwe yatewe ku bagenzi bari batonze umurongo muri iyi gare mu masaha ya saa moya n’igice y’umugoroba wa tariki ya 10 Gicurasi 2024. Indi yatewe hafi […]

Continuer la lecture

M23 yishe umukoloneli wa FARDC

Imirwano irakomeje hagati y’Umutwe wa M23 n’ihuriro ry’ingabo zifasha igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo FARDC zirimo izaturutse mu muryango wa SADC,iNGABO Z’Uburundi,FDLR,Wazalendo n’abacanshuro b’ababazungu , kuri ubu ikaba yaramaze kugera mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo. Nyuma yaho abarwanyi ba M23 bakandagije ibirenge muri teritwari ya Kalehe ho mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo ndetse […]

Continuer la lecture

Abantu batandatu bishwe n’inzara mu kwezi kumwe mu nkambi ya Rusayo 3

Abantu batandatu bapfuye bazize inzara mu gihe cy’ukwezi kumwe mu nkambi ya Rusayo 3 nkuko byatangajwe na Perezida w’inkambi,ku wa gatanu, tariki ya 10 Gicurasi. Nk’uko Joseph Kamara abitangaza ngo iyi nkambi y’impunzi iherereye hafi y’ikigo cya UNICEF kibamo ingo zigera ku bihumbi makumyabiri na bitatu. Ati: “Dukeneye ibiryo kuko hano hari abantu benshi bapfa. […]

Continuer la lecture