M23 yafashe akandi gace iha amabwiriza akomeye ingabo zayo

M23 ziragenzura agace ka Rufufu kari muri Kilometero 15 ugana mu mujiyi wa Butembo. Uwahaye amakuru Rwandatribune dukesha iyi nkuru,uri mu gace ka Kanyabayonga yemeje ko abarwanyi ba M23 bigaruriye agace ka Rufufu kabarizwa muri Gurupoma ya Kanyabayonga ,Teritwari ya Lubero muri Kivu y’Amajyaruguru. Abatangabuhamya bavuga ko Ingabo za Leta na Wazalendo babanje gutera abarwanyi […]

Continuer la lecture

Kugera mu rugo birasaba urwego

Bamwe mu baturage bo mu Murenge wa Muhima, mu Mudugudu w’Intiganda, mu karere ka Nyarugenge, barataka ko uwo bita’Umunyabubasha’ yabashyize mu manegeka kandi agafunga inzira, bigoranye kugera mu ngo zabo, ibyo bakavuga ko ari akarengane. Ni ikibazo bavuga ko kimaze iminsi ibiri, ubwo umushoramari uzwi ku izina rya Materine, yashakaga gushyira igikorwa cy’inyubako mu butaka […]

Continuer la lecture

Abarenga 2000 bakoze jenoside bazafungurwa muri uyu mwaka

Komiseri Mukuru w’Urwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora (RCS), CG Murenzi Evariste, yavuze ko umwaka wa 2024 uzarangira hari abagororwa basoje igihano ku byaha bya Jenoside yakorewe Abatutsi barenga 2100. CG Murenzi Evariste yabwiye abanyamakuru ko uburyo bategurwamo mbere yo gusubira mu muryango nyarwanda butanga icyizere ko bahindutse kandi bazabana n’abandi neza. Yagize ati:”Kuva 2022 dufite […]

Continuer la lecture

Abataramenyekana bateye gerenade mu kabari zikomeretsa benshi

Mu ijoro ryo kuri iki cyumweru,kuwa 05/05/2024 haraye hatewe za Grenade mu tubari tubiri muri Quartier Gikizi ya Zone Kamenge Komine ntahangwa mu mujyi wa Bujumbura. Abaturage babonye uko byagenze bemeza ko babonye abantu baje n’imodoka yo mu bwoko bwa Toyota Hilux Double Cabine ifite ibirahuri bitabona,(voiture Toyota Hilux à vitre teintée) bahita bava muri […]

Continuer la lecture

Umupolisi ukomeye arafunzwe arakekwaho uruhare muri jenoside

Polisi y’u Rwanda yavuze ko yatangiye gukurikirana Dosiye ya SP Musonera Eugene Umuyobozi wa Polisi mu Karere ka Nyanza, ku byaha akekwaho muri Jenoside yakorewe Abatutsi 1994. Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda, ACP Boniface Rutikanga, yatangarije Kigali Today ko uyu mupolisi wayoboraga Polisi mu Karere ka Nyanza, yahamagajwe ngo abazwe ku byo akekwaho mu gihe […]

Continuer la lecture

Imodoka yari itwaye abanyeshuri b’inshuke yakoze impanuka

Imodoka yari itwaye abanyeshuri b’inshuke bo ku ishuri rya St Nicolas riherereye mu Mujyi wa Kigali, i Nyamirambo, yakoze impanuka, abagera kuri barindwi barakomereka. Iyi mpanuka bivugwa ko yari iteye ubwoba yabereye ahazwi nko kwa Mutwe,mu murenge wa Gitega,akarere ka Nyarugenge. Iyi modoka yari itwaye abanyeshuri yarenze umuhanda igwa mu ngo z’abaturage. Hakomeretsemo abana barindwi […]

Continuer la lecture

Ingabo za SADC ziyemeje guhashya M23 zishinja kwica abasivili i Mugunga

Umuryango w’iterambere ry’ibihugu byo muri Afurika y’Amajyepfo (SADC) watangaje ko wamaganye byimazeyo ibitero ushinja inyeshyamba M23 byibasiye inkambi ya Mugunga y’abavanywe mu byabo (IDP) n’intambara. Kubera iyi mpamvu,wiyemeje ko uzarwanya byimazeyo uyu mutwe wa M23 ukomeje kwigarurira uduce twinshi muri RDC. Tariki ya 3 Gicurasi 2024 i Goma mu nkambi ya Mugunga haguye ibisasu bibiri, […]

Continuer la lecture

Ibinyamakuru byo muri Amerika byajyanye mu nkiko OpenAI na Microsoft

Ikigo cy’ikoranabuhanga bya OpenAI gifite mu nshingano ChatGPT n’icya Microsoft byajyanywe mu nkiko n’ibinyamakuru byo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, bishinjwa gukoresha nta burenganzira inkuru zabyo mu gutoza ikoranabuhanga ry’ubwenge bukorano ryifashishwa mu gutanga amakuru [ChatGPT na Gemini]. Mu kirego cyaregewe urukiko rw’igihugu ruri muri Manhattan i New York mu ntangiriro z’iki cyumweru, ibinyamakuru […]

Continuer la lecture

Ingabo z’u Rwanda zirukanye ibyihebe mu mashyamba ya Eráti

Ingabo z’u Rwanda ziri muri Mozambique zifatanyije n’iz’iki gihugu, zirukanye ibyihebe bya Al Shabab mu mashyamba y’inzitane yo mu karere ka Eráti, aho byari bifite indiri, bake muri bo bashobora guhunga banyuze mu mugezi wa Lúrio. Tariki 25 na 26 Mata 2024, abarwanyi b’umutwe w’iterabwoba wa Al Shabab bagabye ibitero bitatu mu duce twa Manica, […]

Continuer la lecture

Yiyahuye kubera umukobwa yakundaga akamwanga

Ishimwe Ramadhan umusore  wo mu Murenge wa Bugarama mu Karere ka Rusizi mu Ntara y’Iburengerazuba, wari ufite imyaka 24 y’amavuko, birakekwa ko yiyahuye yimanitse mu mugozi, nyuma y’uko umukobwa amwanze. Umurambo w’uwo musore wabonetse amanitse mu mugozi yapfuye, nk’uko amakuru yakwirakwiriye ku mbuga nkoranyambaga abivuga. Uwo musore ngo yasize yanditse urupapuro, avugamo ko yahisemo kwiyahura […]

Continuer la lecture

AFC yasabye ikintu gikomeye ingabo za RDC

Ihuriro rya ’Alliance Fleuve Congo’ rifite umutwe w’ingabo wa M23 ryasabye ingabo za leta FARDC kuva mu mujyi wa Goma kuko ntacyo zimariye abaturage ahubwo zibica. Iri huriro rivuze ibi nyuma y’ibisasu byatewe mu mujyi wa Goma,mu nkambi y’ahimuriwe impunzi bigahitana abantu umunani. AFC yasabye Tshisekedi gukura ingabo ze muri Goma kuko ibikorwa bigize icyaha […]

Continuer la lecture