Nyamasheke: Umugore yishwe n’inkuba

Nyirangirimana Euphraise, umugore w’imyaka 25 wo mu Mudugudu wa Musasa, Akagari ka Raro, Umurenge wa Kanjongo mu Karere ka Nyamasheke, yitabye Imana nyuma yo gukubitwa n’inkuba mu mvura yaguye ku wa Kabiri tariki ya 1 Ukwakira 2024. Nk’uko umwe mu bo mu muryango we yavuze ko, Nyirangirimana yari ari mu rugo ubwo imvura y’igikuba yatangiraga […]

Continuer la lecture

Menya uturere 7 twagaragayemo abarwayi ba Marburg mu Rwanda

Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko icyorezo cya Marburg cyageze mu Rwanda, giterwa na virusi ikomeye. Iyi virusi yemejwe nyuma yo gupima ibipimo byafashwe ku bantu batandukanye, bikoherezwa gusuzumwa muri Laboratwari y’Ikigo cy’Igihugu cyita ku Buzima (RBC). Akarere ka Gasabo, Gatsibo, Kamonyi, Kicukiro, Nyagatare, Nyarugenge na Rubavu ni uturere twagaragayemo abarwayi ku ikubitiro. Kugeza ku wa 29 […]

Continuer la lecture

Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we wa Latvia

Kuri uyu wa Gatatu, Perezida Paul Kagame uri mu ruzinduko rw’akazi muri Repubulika ya Latvia, yakiriwe na mugenzi we w’iki gihugu Edgars Rinkēvičs, bagirana ibiganiro byo mu muhezo. Ibi biganiro byabanjirije ibihuza abakuru b’ibihugu byombi n’itsinda ry’abayobozi babaherekeje, byibanze ku kwagura umubano uhuriweho. Perezida Kagame ni rwo ruzinduko rwa mbere rw’akazi agiriye muri Repubulika ya […]

Continuer la lecture

MINEDUC yahagaritse gusura abana ku mashuri kubera icyorezo cya Marburg

Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC), yatangaje ko mu rwego rwo kwirinda ikwirakwira ry’icyorezo cya Marburg ibaye ihagaritse ibikorwa byo gusura abana ku mashuri biga bacumbikirwa. Muri iri tangazo ryashyizwe hanze kuri uyu wa 02 Ukwakira, MINEDUC yavuze ko ibikoresho umwana akeneye bizajya bimugeraho hakoreshejwe ubundi buryo bw’ikoranabuhanaga. MINEDUC yaboneyeho gusaba abarezi kwihutira kugeza kwa muganga umwana wagaragaje […]

Continuer la lecture

Gakenke: Imvura ivanze n’urubura yangije imirima

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri tariki ya 01 Ukwakira 2024, imisozi itandukanye igize Akarere ka Gakenke yahindutse umweru nyuma y’imvura ivanze n’urubura yagwaga kuva saa sita z’amanywa kugeza saa kumi n’igice. Iyo mvura yibasiye cyane Umurenge wa Kamubuga ndetse n’Akagari ka Gacaca ko mu Murenge wa Nemba. Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Kamubuga, DUNIYA […]

Continuer la lecture

Kamonyi: Polisi yafashe insoresore zateje umutekano mucye zitema abantu 12, umwe ahasiga ubuzima

Mu ijoro rishyira tariki ya 01 Ukwakira 2024, insoresore zateje umutekano mucye zitema abantu 12 zifashishije imihoro muri Santere ya Musenyi, Akarere ka Kamonyi, Umurenge wa Ngamba, Akagari ka Kabuga. Polisi y’u Rwanda, ku bufatanye n’izindi nzego z’umutekano ndetse n’abaturage, yakoze igikorwa cyo guhiga izi nsoresore zahungiye mu gishanga cya Nyabarongo. Umuvugizi wa Polisi y’u […]

Continuer la lecture

Hateganyijwe imvura iri hejuru y’ikigero cy’isanzwe igwa

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubumenyi bw’Ikirere (Meteo Rwanda) cyatangaje ko mu minsi 10 ibanza y’ukwezi k’Ukwakira 2024, hateganyijwe imvura iri hejuru y’impuzandengo isanzwe igwa muri iki gihe. Imvura izagwa izaba iri hagati ya milimetero 20 na 140, bikazerekana gutangira kw’imvura y’Umuhindo, yatinze gutangira. Mu itangazo ryasohotse ku wa 30 Nzeri 2024, Meteo Rwanda ivuga ko imvura […]

Continuer la lecture

Kigali: Bafatanywe amasashe ibihumbi 80

Ku mugoroba wo ku Cyumweru tariki ya 29 Nzeri 2024, Polisi y’u Rwanda, Ishami rishinzwe kurwanya magendu n’ibindi byaha (ASOC), yafatiye mu Karere ka Kicukiro abantu babiri bashinjwa kwinjiza amasashe mu gihugu no kuyakwirakwiza. Aba bantu, umugore w’imyaka 24 n’umusore w’imyaka 19, bafatiwe mu Mudugudu w’Amahoro, Akagari ka Karembure mu Murenge wa Gahanga, bafite amasashe […]

Continuer la lecture

Nta makuru bafite ku cyorezo cya Marburg barakitiranya na malariya

Bamwe mu batuye Umurenge wa Kibeho mu Karere  ka Nyaruguru bavuga ko nta makuru bafite ku cyorezo cya Marburg, bikaba biri gutuma bakitiranya n’indwara ya malariya. Benimana Denise ni umuturage utuye muri uwo Murenge wa Kibeho uvuga ko icyorezo cya Marburg nta makuru agifiteho, icyakora yumvise ko gifite ibimenyetso nk’ibyindwara ya malariya. Ati: “Nkubwije ukuri […]

Continuer la lecture

Perezida Kagame yashyizeho abayobozi bashya

Perezida Kagame yashyize mu myanya abayobozi barimo Frank Gatera wagizwe Umunyamabanga Uhoraho muri Minisiteri ya Perezidansi ya Repubulika, Dr. Yvonne Umulisa wagizwe Umunyamabanga Mukuru wa Sena na Murerwa Irene wagizwe Umuyobozi Mukuru ushizwe ubukerarugendo mu Rwego rw’Igihugu rw’Iterambere (RDB). Ni mu gihe mu bandi bahawe inshingano barimo Michelle Byusa wagizwe Umunyamabanga uhoraho mu Biro bya […]

Continuer la lecture

Mount Kigali University yahagaritse amasomo mu buryo busanzwe mu kwirinda Marburg

Mu rwego rwo kwirinda ikwirakwira rya virusi ya Marburg, ubuyobozi bwa Mount Kigali University bwemeje ko amasomo y’icyumweru kimwe azakorwa hifashishijwe ikoranabuhanga, abanyeshuri n’abarimu ntibahure mu buryo busanzwe. Iri tangazo ryasohotse ku wa 30 Nzeri 2024, rikaba ryemeza ko amasomo azakorwa binyuze kuri Microsoft Teams guhera ku wa 02-08 Ukwakira 2024. Mu itangazo ryabo, iyi […]

Continuer la lecture