Muhanga: Umuturage arashinja Gitifu kumukubita

Yamfashije Renatha arashinja Umunyamabanga Nshingwabikorwa  w’Akagari atuyemo n’Ushinzwe umutekano  kumukubitira mu Kagari, bakamusiga ari intere. Yamfashije Renatha atuye mu Mudugudu wa Cyibumba, Akagari ka Sholi, Umurenge wa Cyeza, Akarere ka Muhanga. Avuga ko Mudugudu yinjiye iwe mu rugo ari kumwe n’undi mugabo, bamubwira ko baje gusaka iwe mu rugo kubera ko hari ibitoki by’umuturage bakeka […]

Continuer la lecture

Abakoresha internet mu Rwanda bageze kuri miliyoni 5.5

Mu gihe u Rwanda rukomeje kongera serivisi zifashisha ikoranabuhanga no gushora imari mu bikorwa remezo by’ikoranabuhanga, kuri ubu mu gihugu hose harabarurwa abasaga miliyoni 5,5 bakoresha internet. Urwego rw’itumanaho rikoresha telefoni rufite uruhare rukomeye muri iri terambere aho abakoresha telefoni bageze kuri miliyoni 13,48 muri Nzeri 2024 bavuye kuri miliyoni 12,5 babarurwaga mu mwaka wabanje. […]

Continuer la lecture

Yatawe muri yombi akekwaho gufata ku ngufu umugore urwaye

Umusore w’imyaka 20 yatawe muri yombi nyuma yo gukekwaho icyaha cyo gufata ku ngufu umugore w’imyaka 52 amufatiranye mu burwayi, aho yamusanze mu rugo acunze nta wundi muntu uhari akamusambanya. Byabaye ku wa 03 Kamena 2025 mu masaha ya saa sita z’amanywa mu Mudugudu wa Mukoni, Akagari ka Kavumu, mu Murenge wa Busasamana mu karere […]

Continuer la lecture

Kicukiro: Imodoka yari itwaye abanyeshuri yakoze impanuka

Imodoka yari itwaye abanyeshuri bo ku ishuri rya Ecole Les Poussins riherereye i Gikondo mu Karere ka Kicukiro, bikekwa ko yabuze feri, yagonze abanyeshuri bane b’ishuri rya G.S Kimisange, bagendaga ku ruhande rw’umuhanda. Ni impanuka yabaye ahagana Saa Kumi n’Imwe z’umugoroba. Amakuru y’ibanze avuga ko abanyeshuri bane bagendaga iruhande rw’umuhanda, bakomeretse mu buryo bukomeye ndetse […]

Continuer la lecture

Abarenga 100 bishwe n’umwuzure

Ikigo cya Nigeria gishinzwe kurwanya ibiza (Nsema) cyatangaje ko umwuzure watewe n’imvura y’amahindu, wishe abantu bagera ku 110 mu bice bitandukanye by’iki gihugu ku wa 30 Gicurasi 2025. Umuyobozi Mukuru wa Nsema, Abdullahi Baba-Arah, yasobanuye ko uduce twibasiwe cyane n’uyu mwuzure ari Tiffin Maza na Anguwan Hausawa duherereye mu karere ka Mokwa. Yagize ati “Amazi […]

Continuer la lecture

Joseph Kabila yaganiriye n’abayobora AFC/M23

Joseph Kabila wayoboye Repubulika ya Demokarasi ya Congo kuva mu 2001 kugeza mu 2019 yagiranye ikiganiro n’abayobozi b’ihuriro rya AFC/M23 rimaze ihihe mu ntambara y’amasasu na Politike n’ubutegetsi bw’icyo gihugu. Amafoto yashyizwe ahagaragara na Corneille Nangaa, Umuhuzabikorwa w’Ihuriro AFC, ku wa 30 Gicurasi 2024, yerekana Nangaa na Bertrand Bisimwa wa M23 bari kumwe na Joseph […]

Continuer la lecture

KAMONYI: Umusaza w’imyaka 62 yacyuye indaya imupfiraho

Mu karere ka Kamonyi, haravugwa inkuru  y’umusaza w’imyaka 62 bivugwa ko yacyuye umugore ukora uburaya, nyuma akaza gupfira iwe mu buryo butunguranye. Ibi byabereye mu Mudugudu wa Ruyenzi, mu Kagari ka Ruyenzi, mu Murenge wa Runda. Uyu musaza, utuye mu nzu ye wenyine, ngo yari yasohokanye n’uyu mugore mu ijoro ryo ku wa Gatandatu tariki […]

Continuer la lecture

Minisitiri w’Ubutabera wa RDC yambuwe ubudahangarwa

Inteko Ishinga Amategeko ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yambuye ubudahangarwa Minisitiri w’Ubutabera, Constant Mutamba Tungunga, ukurikiranyweho icyaha cyo kunyereza miliyoni 19 z’Amadolari mu mafaranga yari yarateganyirijwe kubaka Gereza ya Kisangani mu Ntara ya Tshopo. Iki cyemezo cyafashwe ku wa 29 Gicurasi 2025 nyuma yo kwakira raporo ya Komisiyo yihariye yari ishinzwe gusuzuma ubusabe bw’Umushinjacyaha […]

Continuer la lecture

Abasirikare babiri b’u Rwanda bapfiriye muri Centrafrique mu 2024 bahawe imidali na Loni

Umuryango w’Abibumbye watanze imidali y’icyubahiro ku basirikare n’abapolisi baguye mu butumwa bwo kugarura amahoro hirya no hino ku Isi barimo babiri b’u Rwanda biciwe muri Centrafrique. Ni umuhango wabaye ku wa 29 Gicurasi 2025 witabirwa n’Umunyamabanga Mukuru wa Loni, António Guterres ari nawe watanze iyi midali yitiriwe Dag Hammarskjold. Abanyarwanda bahawe iyi midali ni Sergeant […]

Continuer la lecture

Agakiriro ka Gisozi kongeye gufatwa n’inkongi

Agakiriro gakorerwamo imirimo y’ububaji no gusudira mu Murenge wa Gisozi, mu karere ka Gasabo kongeye gufatwa n’inkongi . Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda mu Mujyi wa Kigali, CIP Gahonzire Wellars , yabwiye umuseke dukesha iyi nkuru ko iyi nkongi yatangiye mu rukerera rwo kuri uyu wa Gatanu ahagana Saa  cyanda  z’igitondo. Yongeyeho ko kugeza ubu hataramnyekana icyateye iyi […]

Continuer la lecture