Ingabo za Afurika y’Epfo zatsindiwe muri Congo zageze iwabo

Ingabo za Afurika y’Epfo zari mu butumwa bw’Umuryango wa Afurika y’Amajyepfo mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (SAMIDRC), zageze iwabo nyuma y’amezi atanu zarafatiwe muri icyo gihugu nyuma yo gutsindwa urugamba zahanganyemo n’abarwanyi ba M23. Ku wa 13 Kamena 2025, Igisirikare cya Afurika y’Epfo ( SANDF) cyatangaje ko Minisitiri w’Ingabo, Angie Motshekga,  yakiriye […]

Continuer la lecture

Abana biga mu mashuri y’inshuke hakenewe ko bagera kuri 65%- MINEDUC

Amashuri y’inshuke ni yo atanga umusingi ukomeye mu burezi kuko atuma ubwenge bw’abana bukanguka, bigatuma baniga neza ibyiciro bikurikiraho, bityo hakaba hateganywa ko umubare wabo wagera kuri 65%. Byagarutsweho kuri uyu wa Gatanu tariki ya 13 Kamena 2025, na Minisitiri w’uburezi Nsegimana Joseph, ubwo yatangizaga Inama Rusange y’Uburezi mu Rwanda, igamije kugaragaza ishusho y’uburezi mu […]

Continuer la lecture

Umubyeyi wa Chriss Easy yitabye Imana

Ni inkuru uyu muhanzi yatangaje abinyujije kuri Instagram mu gitondo cyo kuri uyu wa 13 Kamena 2025, yifashishije amashusho yasangije abamukurikira ari kumwe na nyina bari inshuti cyane ashyiraho umutima umenetse. Yanditse ati: “Sweat heart ntabwo iki cyari cyo gihe.” Imvaho Nshya yavuganye na Junior Giti usanzwe akurikiranira hafi inyungu za Chriss Easy. Yagize ati: […]

Continuer la lecture

Fatakumavuta yakatiwe

None ku wa 13 Kamena 2025, Urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge rwahamije Fatakumavuta ibyaha bitatu ahanishwa igifungo cy’imyaka ibiri n’igice ndetse n’ihazabu ya 1,300,000Frw. Ni umwanzuro wari gusomwa ku wa 06 Kamena 2025 ariko uhura n’umunsi w’ikiruhuko wo kwizihiza Umunsi Mukuru w’Igitambo uzwi nka Eid al-Adha wizihizwa cyane mu idini rya Islam. Mu isomwa ry’imyanzuro y’uru […]

Continuer la lecture

Abantu 32 baguye mu mpanuka y’ubwato

Abantu babarirwa muri 32 baguye mu mpanuka y’ubwato bubiri bwari butwaye abagenzi barenga 100 bwarohamye mu kiyaga cya Tumba mu Ntara ya Equateur muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo Itangazo ryasohowe n’imiryango itari iya Leta ikorera mu Ntara ya Equateur, rivuga ko ubwato bwavuye ku nkombe ya Bikoro ku gice cy’Iburasirazuba cy’ikiyaga ku mugoroba wo […]

Continuer la lecture

U Rwanda rwahaye inzira ingabo za SADC ziturutse i Goma

Kuri uyu wa Kane, u Rwanda rwahaye inzira Ingabo z’Umuryango w’Iterambere w’Ibihugu by’Afurika y’Amajyepfo (SAMIDRC) zari zaraheze mu Mujyi wa Goma mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) aho zagiye kurwana ku ruhande rumwe n’ingabo za Leta y’icyo gihugu. Izo ngabo zaje muri RDC mu mpera z’umwaka wa 2023 mu butumwa zoherejwemo n’ibihugu […]

Continuer la lecture

Umunyamakuru Bianca yibwe imodoka

Bianca, umwe mu banyamakuru bamenyekanye cyane mu itangazamakuru ryo mu Rwanda, yibwe imodoka ku mugoroba wo ku wa Kabiri, tariki 11 Kamena 2025, aho bayimutwaye bari mu rugo iwe. Amakuru agera ku kinyamakuru IGIHE avuga ko imodoka yibwe ari iy’uruhu rwa Hyundai, kugeza ubu ikaba igishakishwa n’inzego z’umutekano. Mu butumwa yanyujije ku mbuga nkoranyambaga, Bianca […]

Continuer la lecture

U Rwanda rwashimye iterambere ry’umubano rufitanye n’u Bushinwa

Guverinoma y’u Rwanda yongeye gushimangira uburyo inyuzwe n’iterambere ry’ubutwererane ifitanye n’iy’u Bushinwa, bukomeje gukura mu nzego zitandukanye zitanga inyungu zifatika ku mibereho y’abaturage b’ibihugu byombi. Minisitiri w’u Bubanyi n’Amahanga n’Ubutwererane Amb. Olivier Jean Patrick Nduhungirehe, yabigarutseho ubwo yari Changsha muri Repubulika y’Abaturage y’u Bushinwa, aho yitabiriye inama y’Abahuzabikorwa bo ku Rwego rwa ba Minisitiri ikurikirana […]

Continuer la lecture

M23/AFC yashizeho Guverineri mushya wa Kivu y’Amajyepfo

Ihuriro Alliance M23 rifatanya n’umutwe w’inyeshyamba za M23, ryashyizeho Guverineri mushya wa Kivu y’Amajyepfo witwa Busu Bwa NGWI NSHOMBO Patrick. Busu Bwa NGWI NSHOMBO Patrick asimbuye Emmanuel BIRATO. Umuvugizi wa AFC/M23, Lawrence Kanyuka kuri X yahoze ari Twitter, yasohoye itangazo rivuga ko Emmanuel BIRATO wari Guverineri wa Kivu y’Amajyepfo washyizweho na AFC/M23 tariki 28 Gashyantare, […]

Continuer la lecture

Abapolisi 140 bamaze umwaka muri Santrafurika bagarutse mu Rwanda

Ku mugoroba wo ku wa Kabiri tariki ya 10 Kamena, abapolisi b’u Rwanda 140 bagize itsinda RWAPSU1-9, bagarutse mu Rwannda bavuye mu butumwa bw’Umuryango w’Abibumbye bwo kubungabunga amahoro muri Repubulika ya Santrafurika (MINUSCA), aho bari bamaze igihe kingana n’umwaka. Basimbuwe na bagenzi babo bagize itsinda RWAPSU1-10 riyobowe na Senior Superintendent of Police (SSP) James Karasi, […]

Continuer la lecture

Covid-19 yongeye kugaragara mu Rwanda

Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuzima, RBC, cyatangaje ko icyorezo cya Covid-19 cyongeye kugaragara mu Rwanda, nyuma y’uko mu bihugu bitandukanye by’Isi hashize iminsi kiri kwiyongera. Umuyobozi Mukuru wa RBC, Prof. Claude Mambo Muvunyi, yabwiye Igihe dukesha iyi nkuru ko nyuma yo kubona ko icyorezo cyongeye kugaragara mu bihugu bitandukanye, hakozwe isuzuma rigamije kureba uko byifashe mu gihugu. […]

Continuer la lecture