Perezida Kagame ari mu kiruhuko
Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko Perezida Paul Kagame ari mu kiruhuko nyuma y’amakuru yakwirakwijwe n’abatavuga rumwe na Leta ko “arembye”. Ku mbuga nkoranyamba hari hakwiye itangazo ryitiriwe igisirikare cy’u Rwanda rivuga ko Perezida Paul Kagame arwaye. Igisirikare cy’u Rwanda ryamaganye iri tangazo kivuga ko ari FAKE NEWS. Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda, Mme […]
Continuer la lecture
