Yarashwe kenshi ararusimbuka, arwana n’ibyihebe ntiyapfa- Gen (Rtd) Ibingira ku bigwi bya Lt Gen Kabandana

Abo mu muryango wa Lt Gen Kabandana Innocent n’abo babanye mu gisirikare kuva ku rugamba rwo kubohora igihugu no guhagarika Jenoside yakorewe Abatutsi bagaragaje ko yari intwari ku rugamba, atabara ubuzima bwa benshi ndetse nyuma akomeza kwigisha urukundo mu Banyarwanda. Lt Gen Kabandana yavutse mu 1968. Yari mu ngabo zarwanye urugamba rwo kubohora igihugu kuva […]

Continuer la lecture

Menya ibikoresho bya gisirikare bigomba kugirwa ibanga

Mu buzima bw’igihugu umutekano ushyirwa imbere ya byose. Na Bibiliya ivuga ko umwami uzi ubwenge iyo agiye gutera igihugu cya mugenzi we agomba kubanza kumenya niba afite ingabo nyinshi n’intwaro zizatsinda iz’uwo agiye kugabaho igitero, nubwo iyi ngingo iba ari ibanga rikomeye kuri buri wese. Ingabo z’u Rwanda zimaze imyaka myinshi zishimwa n’Abaturarwanda n’abo mu […]

Continuer la lecture

Menya amashuri 10 ahenze kurenza andi mu Rwanda

Uburezi ni imwe mu nkingi z’iterambere igihugu cy’u Rwanda cyubakiyeho. Abenshi basobanukiwe umumaro w’uburezi bwiza ku buryo bemera kwishyura akayabo kugira ngo abana babo babone uburezi bufite ireme, bufasha kubaka ejo hazaza heza. Aya ni amashuri 10 yo mu Rwanda azwiho kwishyura amafaranga menshi ku mwaka kugira ngo umunyeshuri abashe kuhiga: 1. International School of […]

Continuer la lecture

REG yateguje ibura ry’amashanyarazi

Sosiyete y’u Rwanda ishinzwe Ingufu, REG, yateguje abafatabuguzi bayo ko kubera imirimo yo kwagura imwe mu miyoboro yayo, hazabaho ibura ry’umuriro w’amashanyarazi mu bice bitandukanye by’Umujyi wa Kigali ndetse no mu Ntara y’Iburengerazuba. Ku ruhande rw’Intara y’Iburengerazuba, Ibura ry’umuriro riteganyijwe ku wa Kabiri tariki ya 9 Nzeri 2025, ubwo hazaba hari gusanwa imiyoboro ya Kilinda […]

Continuer la lecture

Rusizi: Abarenga 300 bagiye gusubizwa mu ishuri mu kwezi kumwe

Ubuyobozi bw’Akarere ka Rusizi bwatangaje ko bwihaye intego ko bitarenze tariki ya 30 Nzeri 2025 buzaba bwasubije mu ishuri abana 345 baritaye. Muri Mutarama 2025, aka karere kabaruye abana bagera kuri 700 bataye ishuri, ariko ku bufatanye n’izindi nzego abagera kuri 355 akaba ari bo bamaze gusubizwa mu ishuri. Umurezi mu kigo cya GS Kibumba, […]

Continuer la lecture

Lt Gen Kabandana yitabye imana

Lt Gen Innocent Kabandana wakoze inshingano zitandukanye mu ngabo z’u Rwanda, RDF, akaba yaranayoboye inzego z’umutekano mu Ntara ya Cabo Delgado muri Mozambique, amakuru aravuga ko yitabye Imana aguye muri Turkia aho yari amaze igihe yivuriza. Igisirikare cy’u Rwanda ntikiremeza urupfu rwa Gen Kabandana ariko abantu ba hafi y’umuryango we bahamije ko yitabye Imana. Gen […]

Continuer la lecture

Umusirikare udafite ubuzima bwiza ntashobora kurinda igihugu- Maj Gen Vincent Nyakarundi

Umugaba w’Ingabo zirwanira ku butaka, Maj Gen Vincent Nyakarundi, yifatanyije n’abasirikare bo muri Brigade ya 503 ibariza muri Diviziyo ya Kabiri, mu rugendo rw’imyitozo rwabereye mu Karere ka Musanze, aho yabibukije ko umusirikare udafite ubuzima bwiza adashobora kurinda u Rwanda ndetse n’Abanyarwanda.   Urugendo rw’ibilomterero 26 aba basirikare bakoze, rwatangiriye mu Kigo cya gisirikare cya […]

Continuer la lecture

Musanze: Kubera ubusinzi bw’umugore we bwatumye mutwarasibo yiyahura

Uwihayimana Samuel w’imyaka 43, wari usanzwe ari Mutwarasibo mu Mudugudu wa Bannyisuka, mu Karere ka Musanze, bikekwa ko yiyahuye kubera ubusinzi bw’umugore we, nk’uko urwandiko yasize rubigaragaza. Amakuru avuga ko abaturage bo mu Mudugudu wa Bannyisuka, Akagari ka Nyarubuye, mu Murenge wa Musanze, mu Karere ka Musanze basanze uwari Mutwarasibo wabo yapfuye bikekwa ko yiyahuye. […]

Continuer la lecture

Batatu bapfiriye mu myigaragambyo ya Wazalendo yamagana Gen Gasita wa FARDC

Imyigaragambyo y’ihuriro ry’imitwe yitwaje intwaro rya Wazalendo mu mujyi wa Uvira, yo kwamagana ishyirwaho rya Brig Gen. Gasita Olivier wo mu ngabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yapfiriyemo abantu batatu. Wazalendo isanzwe ishyigikiwe na Leta ya RDC yatangiye iyi myigaragambyo tariki ya 2 Nzeri 2025. Yafunze umuhanda munini wo muri Uvira, ihagarika ibikorwa byose […]

Continuer la lecture

Sobanukirwa uko wagura Ibendera ry’u Rwanda

Witegereje mu biro by’inzego za Leta, abikorera cyangwa bamwe mu Banyarwanda bajya mu mahanga usanga bafite Ibendera ry’Igihugu, bamwe bayahawe igihe bagiye mu butumwa boherejwe n’igihugu na ho abandi barayiguriye kugira ngo aho bari hose bamenyekanishe u Rwanda. Ibendera ry’u Rwanda ni kimwe mu birango bikomeye byubahwa, ndetse bishyirwa ku nyubako z’ubutegetsi. Itegeko rigena imiterere, […]

Continuer la lecture

Rusizi: Impanuka y’imodoka yakomerekeyemo 3 barimo umwana w’imyaka 6

Imodoka yo mu bwoko bwa Camion Truck Mercedes Benz, ubwo yari igeze mu Kagali ka Mushaka mu Murenge wa Rwimbogo yakoze impanuka igwisha urubavu. Iyo kamyo yari ifite pulake RAC 843B, yavaga Kamembe yerekeza mu Bugarama mu Karere ka Rusizi, yikoreye imizigo, itwawe na Nsengiyumva Enock w’imyaka 38, atwaye umugore n’umwana w’umukobwa w’imyaka 6, bageze […]

Continuer la lecture