Musanze : Abatuye mu nkengero z’umujyi barinubira ibibazo by’ihuzanzira rya telefone

Bamwe mu baturage batuye mu nkengero z’Umujyi wa Musanze, by’umwihariko mu Mirenge ya Muhoza na Nkotsi, bahangayikishijwe no kubura ihuzanzira rya telefone, bikabatera ingorane mu buzima bwa buri munsi. Nubwo Musanze izwi nk’umujyi uri kwihuta mu iterambere, hari abaturage bawo bataragerwaho n’imiyoboro y’itumanaho ihamye. Bamwe bavuga ko kugira ngo bitabe telefone cyangwa bohereze ubutumwa, bibasaba […]

Continuer la lecture

Thailand yashinje Cambodia kurenga ku masezerano mashya y’agahenge

Thailand yashinje Cambodia ko yarenze ku bwende ku masezerano y’agahenge impande zombi zari zagezeho ku wa Mbere, agamije guhagarika imirwano ku mupaka imaze guhitana nibura abantu 33 no gutuma ibihumbi bahunga. Ni intangiriro idahwitse y’aya masezerano yari agamije kurangiza iminsi itanu y’ibitero by’amasasu ku mupaka uhuriweho. Igisirikare cya Thailand cyatangaje ko cyahagaritse kurasa nyuma ya […]

Continuer la lecture

Muhanga: Hagaragajwe icyitezwe ku Intore mu biruhuko

Ubuyobozi by’Akarere ka Muhanga buratangaza ko gahunda yo guhuriza hamwe abanyeshuri bari mu biruhuko, yiswe Intore mu Biruhuko, izatuma hamenyekana ibibazo abana bahura nabyo mu miryango mu gihe cy’ibiruhuko, no gukomeza gukebura abashobora kwitwara nabi. Bitangajwe mu gihe mu Karere kose ka Muhanga hatangijwe iyo gahunda kuri site 60, zingana n’utugari twose tugize Akarere, wongeyeho […]

Continuer la lecture

Burera: Barataka kubura isoko ry’umusaruro wabo wa Tungurusumu

Abaturage bo mu Murenge wa Rugarama mu Karere ka Burera, baravuga ko bitabiriye guhinga Tungurusumu ku bwinshi none ngo aho umusaruro ubonekeye babuze abawugura. Muri uyu Murenge wa Rugarama ubuhinzi bwa Tungurusumu buritabirwa cyane, kuko ngo ubusanzwe abaturage babukuramo amafaranga menshi. Cyakora ngo muri iri hinga ntabwo byabahiriye kuko ngo bisanze umusaruro wa Tungurusumu wababanye […]

Continuer la lecture

Trump yikomanze mu gatuza yibutsa abantu akamaro ke mu mibanire y’u Rwanda na RDC

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yavuze ko iyo atagira uruhare mu biganiro bigamije gukemura amakimbirane hagati y’u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), ibihugu byombi bitari kubyinjiramo ahubwo ibintu byari kurushaho kugana ahabi. Perezida Trump ari mu rugendo muri Ecosse aho yagiranye ibiganiro n’abarimo Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza, Keir […]

Continuer la lecture

DR Congo: Habaruwe abasivili 47 biciwe mu rusengero na ADF

Abantu 47 nibo bishwe kuri iki cyumweru tariki ya 27 Nyakanga, mu Ntara ya Ituri muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), mu gitero cyagabwe n’umutwe witwaje intwaro wa Allied Democratic Forces (ADF-NALU), ufitanye isano n’abo mu mutwe wa Islamic State. Ubu bwicanyi bwabereye mu rusengero Gatolika rwo muri Komanda, mu karere ka Irumu, Intara […]

Continuer la lecture

Ese Madebeats yaba agiye gusimbura Element muri 1:55AM?

Umuhanzi w’umunyarwanda uba mu Bwongereza, akaba n’umuhanga mu gutunganya injyana n’amajwi, Madebeats, ashobora kugaruka i Kigali, aho ibiganiro byo gusubira muri 1:55AM Record Label bigeze kure Ibihuha ku igaruka rya Madebeats byatangiye gukwirakwira nyuma y’uko Umuyobozi wa 1:55AM, Kenny Mugarura, ashyize ubutumwa bw’amayobera kuri Instagram, buvuga ku kugaruka kwe, butinze gato butangira kuganirwaho cyane n’abakunzi […]

Continuer la lecture

Musanze: Abivuriza ku kigo nderabuzima cya Gashaki barifuza serivise z’amenyo

Bamwe mu baturage bo mu Murenge wa Gashaki mu Karere ka Musanze, bavuga ko bamaze igihe kinini baratakaje icyizere cyo kubona serivisi z’ubuvuzi bw’amenyo mu kigo nderabuzima cya Gashaki, bigatuma bajya kwivuza mu buryo bwa magendu, bavurwa n’abantu batabifitiye ubumenyi n’ibikoresho bidafite isuku. Abo baturage bavuga ko hari bamwe mu baturiye uwo Murenge bitwikira iki […]

Continuer la lecture

Passport y’u Rwanda yazamutseho imyanya itatu mu zikomeye ku isi

Pasiporo y’u Rwanda yageze ku mwanya wa 73, ivuye k’uwa 76 mu zikomeye ku Isi, kuko uyifite ashobora kujya mu bihugu 63 adasabwe Visa. Ni amakuru agaragara ku rutonde ngarukamwaka rwa The Henley Passport Index, rugaragaza uko Pasiporo z’ibihugu ziba zihagaze mu mwaka runaka. Urutonde rw’uyu mwaka rugaragaza ko Pasiporo y’u Rwanda iri ku mwanya […]

Continuer la lecture

Tariki 28 Nyakanga, ni umunsi mpuzamahanga wahariwe kurwanya indwara ya Hepatitis, Byinshi wamenya kuri iyi ndwara

Hepatitis ni indwara iterwa no kubyimba kw’igice cy’umwijima (liver inflammation). Iyi ndwara igira impamvu zitandukanye kandi ikaba ishobora kuba iy’igihe gito (acute) cyangwa iy’igihe kirekire (chronic). Hepatitis irimo ubwoko butandukanye, burimo Hepatitis A, B, C, D, na E, buri bwoko bukagira uburyo butandukanye yanduriramo n’ingaruka zitandukanye ku buzima. Ubwoko bwa Hepatitis n’uko yandura: Hepatitis A […]

Continuer la lecture

Abitabiriye iserukiramuco rya Giants of Africa basobanuriwe uburyo bashobora kugera ku nzozi zabo

Byagarutsweho kuri iki Cyumweru ubwo muri BK Arena haberega Ihuriro Mpuzamahanga ry’Urubyiruko rwitabiriye iri serukiramuco ryahuje abana b’Abanyarwanda 2000 bari hagati y’imyaka 15 na 19 n’abandi 320 baturutse mu bihugu 20 bya Afurika. Ni mu biganiro byatanzwe n’abarimo Minisitiri w’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi, Dr. Utumatwishima Jean Nepo Abdallah, Festus Elezi, Robin Roberts, Chiney Ogwumike na Masai […]

Continuer la lecture