Umugabo w’imyaka 42 yatawe muri yombi akekwaho gutera abantu icyuma mu iduka rya Walmart riherereye muri leta ya Michigan

Ibitaro biherereye hafi aho byatangaje ko biri kuvura abantu 11 bakomerekeye muri icyo gikorwa. Kubera ibyo, Ishami ry’Ubutabazi (Emergency) riri kwakira abarwayi benshi kurusha uko bisanzweni ko Munson Medical Centre yatangaje ku mbuga nkoranyambaga. Amashusho yashyizwe ku mbuga nkoranyambaga agaragaza imodoka za polisi n’iza ambilansi nyinshi mu kibuga cy’imodoka cya Walmart. Ibiro bya Sheriff bya […]

Continuer la lecture

Thailand na Cambodia bemeranyije kugirana ibiganiro muri Malaysia nyuma y’iminsi ine y’intambara

Thailand na Cambodia bemeranyije guhura ku wa mbere muri Malaysia kugira ngo baganire ku kurangiza imirwano imaze iminsi ine. Kuri iki cyumweru, Thailand yatangaje ko itsinda riyobowe na Minisitiri w’Intebe w’agateganyo Phumtham Wechayachai rizitabira ibyo biganiro nyuma y’uko Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Donald Trump ahamagaye abayobozi b’ibi bihugu byombi ku wa gatandatu […]

Continuer la lecture

Gaza : Bishimiye gahunda y’ubufasha ariko bafite impungenge ko bidashobora kurangiza ibibazo

Abaturage ba Gaza bishimiye cyane amakuru avuga ko hateganyijwe agahenge k’igihe gito ku mpamvu z’impuhwe kugira ngo ubufasha bushobore kugerayo, ariko benshi bavuga ko ubwo bufasha bukwiye kuba intangiriro y’igisubizo kirambye ku bibazo bikomeje gukomera. Igisirikare cya Israel cyatangaje ko kizafungura imihanda y’ubutabazi kugira ngo imodoka zitwaye ibiribwa n’imiti zibashe kwinjira, nyuma y’igitutu cy’amasasu menshi […]

Continuer la lecture

Oldies Music Festival, kimwe mu bitaramo byatanze ibyishimo ku munsi w’ejo

Ku nshuro ya Gatanu muri Kigali habereye igitaramo cy’Iserukiramuco “Oldies Music Festival” cyari kigamije gukumbuza abantu umuziki, imyambarire n’ibindi byakanyujijeho hambere. Ni mu gitaramo cyabaye mu ijoro ryo ku Gatandatu tariki 26 Nyakanga 2025, muri Kigali Universe, aho cyitabiriwe n’abatari bake. Iri serukiramuco ryahuriyemo abavanga imiziki bamenyerewe mu Rwanda barimo DJ RY ufite agahigo ko […]

Continuer la lecture

U Rwanda rwasinyanye amasezerano y’ubufatanye na Tanzania mu bijyanye n’ubukungu

U Rwanda na Tanzania kuri uyu wa Gatandatu, tariki ya 26 Nyakanga, basinye amasezerano y’ubufatanye agamije gushyiraho no gutangiza ibiro by’ihuriro by’Ikigo gishinzwe ibyambu cya Tanzania (TPA) i Kigali, hagamijwe guteza imbere ubucuruzi hagati y’ibihugu byombi, nk’uko abayobozi babitangaje. Ibi biro bizafasha abacuruzi b’Abanyarwanda gutunganya ibijyanye n’ibicuruzwa byabo batagombye kujya ku byambu bya Tanzania, cyane […]

Continuer la lecture

U Buyapani : Ibihumbi 16 by’imbunda byahawe abana bibwira ko ari ibikinisho

Mu Buyapani, abayobozi bahangayikishijwe cyane no gushaka uburyo hagaruzwa imbunda 16000 za palasitiki zatanzwe bizwi ko ari ibikinisho hirya no hino mu gihugu, nyuma bikaza kumenyekana ko zifite ubushobozi bwo kurasa n’amasasu asanzwe. Polisi yo mu Buyapani, ‘National Police Agency (NPA)’ iherutse gusohora itangazo riburira abantu bose ko hari imbunda zibarirwa mu bihumbi zatanzwe nk’ibikinisho […]

Continuer la lecture

Umuhanzi Audia Intore yasabwe aranakobwa

Umuhanzi w’injyana gakondo, Audia Intore, yasabwe anakobwa n’umukunzi we bamaze igihe mu munyenga w’urukundo Cyiza Kelly. Ni ibirori byabaye kuri uyu wa Gatandatu tariki 26 Nyakanga 2025, bubera mu Karere ka Gasabo mu Murenge wa Kinyinya. Ni ibirori byabanjirijwe n’umuhango wo gusezerana mu mategeko wabereye mu Murenge wa Remera tariki 26 Kamena 2025. Biteganyijwe ko […]

Continuer la lecture

AFC/M23 yigaruriye akandi gace nyuma y’igitero yagabweho na Wazalendo

Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ryafashe agace ka Mulema muri teritwari ya Masisi nyuma yo kugabwaho igitero na Wazalendo. Ni mu gihe mu ijoro ryo ku wa 24 rishyira uwa 25 Nyakanga 2025, Wazalendo yagabye igitero ku birindiro bya AFC/M23 muri Luke na Katobotobo muri gurupoma ya Nyamaboko 1, igamije […]

Continuer la lecture

Aho wataramira muri izi mpera z’icyumweru

Hari ubushyuhe hanze aha, gusa birashoboka ko ubw’izi mpera z’icyumweru buzaburusha! Abashyitsi bari kugenda berekeza hirya no hino bitewe naho bifuza gutaramira, ibirori nabyo bimwe byatangiye ku mugoroba w’ejo hashize bigakomeza muri iyi weekend. Twaguteguriye urutonde rw’ibirori by’ingenzi biri kubera wakwitabira muri izi mpera z’icyumweru ku buryo wahitamo icyo wiyumvamo maze nawe ukizihirwa ari byo […]

Continuer la lecture

Gahunda y’ibiribwa ya Loni yatabarije abaturage ba Gaza ku kibazo k’inzara ibugarije

Yagaragaje ko inzara iri kugenda yiyongera cyane, aho abagore n’abana bagera ku bihumbi 90 bakeneye ubufasha bwihuse, ni ibikibiye mu itangazo yahaye ibiro ntaramakuru by’ubufaransa, AFP. Amakuru yerekeye inzara ikomeye muri Gaza yagiye yiyongera muri iki cyumweru aho Minisiteri y’ubuzima iyobowe na Hamas yatangaje ko abandi bantu icyenda bapfuye bazize kubura ibyo kuri uyu wa […]

Continuer la lecture

Burikantu wakekwagaho icyaha cyo gukingirana abakobwa yafunguwe

Umunyarwenya akaba n’umuhanzi Mwitende Abdoulkarim uzwi nka Burikantu ku mbuga nkoranyambaga yafunguwe nyuma y’iminsi mike ishize atawe muri yombi akekwaho guhohotera abakobwa yafungiranye mu nzu. Inkuru z’itabwa muri yombi rya Burikantu zasakaye tariki 20 Nyakanga 2025 bitangajwe n’Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB). RIB yari yatangaje ko Burikantu yari akurikiranyweho gufungirana abakobwa bari bagiye kumureba iwe mu rugo […]

Continuer la lecture