Dore ibyo uri ku mwanya wa Ministiri w’Intebe w’u Rwanda agenerwa kugira ngo akore inshingano ze neza
Ni kenshi abantu bibaza ibyo abayobozi bakuru b’igihugu bemererwa n’amategeko kugira ngo bakore inshingano zabo neza. Muri iyi nkuru, turagaruka ku byemewe ku mwanya wa Ministiri w’Intebe w’u Rwanda. Umushahara: Ministiri w’Intebe w’u Rwanda agenerwa umushahara mbumbe w’umurimo ungana na miliyoni 4,346,156 Frw buri kwezi. Inzu yo kubamo: Ahabwa inzu ifite ibyangombwa byose nkenerwa. Imodoka […]
Continuer la lecture
