Ntabwo tuzihanganira abantu bagendana insengero mu mufuka-Dr. Uwicyeza

Umuyobozi Mukuru w’Urwego rw’Imiyoborere, RGB, Dr. Doris Uwicyeza Picard yatangaje ko mu bintu itazihanganirwa ari ukubona abantu bagendana insengero mu mifuka yabo aho bageze bagakodesha inzu, nyuma y’iminsi mike bakimukira ahandi kandi aho bavuye bakahasiga ibibazo uruhuri. Mu bihe byashize imiryango ishingiye ku myemerere yashinzwe ku bwinshi ndetse bamwe batangira bakodesha ibyumba by’inama byo muri […]

Continuer la lecture

RDC yishyuye ibitangazamakuru mpuzamahanga ngo biyifashe guharabika AFC/M23

Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yishyuye ibitangazamakuru 13 birimo ibiri ku rwego mpuzamahanga birindwi nka TV5 Monde, Aljazeera, Reuters, Ijwi rya Amerika n’ibindi by’imbere mu gihugu ngo biyifashe mu rugamba rwo gukwirakwiza ibinyoma ku mutwe wa M23. Kuva mu mpera za 2021 intambara ya FARDC na M23 yubura, ibitangazamakuru byo muri RDC na […]

Continuer la lecture

DR Congo: M23 irimo kwiyubaka Kinshasa irasaba ubufasha Washington

Imirwano hagati y’inyeshyamba za M23 n’uruhande rwa leta yongeye kuvugwa mu mpera z’icyumweru gishize muri Kivu ya Ruguru na Kivu y’Epfo. Mu gihe hari imihate yo gushaka amahoro hari n’ibimenyetso ko intambara ishobora gukomeza, nk’uko inzobere zibivuga. Mu kwezi gushize hashyizweho abahuza batatu – Uhuru Kenyatta, Olusegun Obasanjo na Hailemariam Desalegn – ngo bafashe gushaka […]

Continuer la lecture

M23 yafashe agace k’ingenzi muri Masisi

Abarwanyi b’umutwe wa M23 urwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, bafashe Santere ya Nyabiondo muri Teritwari ya Masisi mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru. Bafashe Nyabiondo nyuma y’imirwano ikomeye yabahanganishije n’umutwe wa APCLS ukorana n’ingabo za Leta ya RDC, kuva mu gitondo cyo ku wa 9 Werurwe 2025. Umwe mu bayobozi bo muri Segiteri […]

Continuer la lecture

Rusizi: Inka 5 z’abaturage batandukanye zatemwe ijoro rimwe

Abaturage 5 batandukanye bo mu Mudugudu wa Buganzo, Akagari ka Butanda, Umurenge wa Butare, Akarere ka Rusizi, bababajwe no kubyuka bagasanga inka zabo zatemwe imirizo, zimwe zanatemwe amatako, 5 bakekwa bakaba bahise batabwa muri yombi. Bavuga ko inka zabo zatemanywe ubugome bukomeye kuko basanze imirizo yatemwe hafi yose, zimwe mu kuyitema bikanagera ku matako y’inka, […]

Continuer la lecture

Perezida Kagame yavuze ko Tshisekedi afite ingengabitekerezo ya Jenoside

“Ntekereza ko na we [Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) Felix Antoine Tshisekedi Tshilombo] afite ingengabitekerezo ya Jenoside. Ntekereza ko ayifite.” Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame, yabigarutseho mu gisubizo yahaye umunyamakuru Mario Nawfa mu kiganiro 69 ‘𝕏 MINUTES’, aho yagarukaga ku muzi w’ubwicanyi n’itotezwa rikorerwa Abanyekongo bavuga Ikinyarwanda by’umwihariko abo mu […]

Continuer la lecture

Umutwe wa FCR wiyunze kuri AFC/M23, uha FARDC amasaha 24 yo kuva mu bice ugenzura

Umuvugizi wa AFC/M23, Lawrence Kanyuka yatangaje ko umutwe witwa Front Commun de la Résistance (FCR) wamaze kubiyungaho, asaba n’indi mitwe yitwaje intwaro cyangwa abanyepolitike bifuza kubohora Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo guhuza na bo amaboko. FCR yatangaje ku mugaragaro yo yihuje na AFC/M23 ku wa 9 Werurwe 2025. Ubutumwa Kanyuka yashyize kuri X buvuga ko […]

Continuer la lecture

Prince Kid yatawe muri yombi afatiwe muri Amerika

Urwego rushinzwe Abinjira n’Abasohoka n’Ubutabera muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, (U.S. Immigration and Customs Enforcement/ICE) rwatangaje ko rwataye muri yombi Ishimwe K. Dieudonne wamamaye nka ‘Prince Kid’, nyuma y’uko u Rwanda rutanze impapuro zo kumuta muri yombi kubera ibyaha akurikiranyweho byo gufata ku ngufu. Prince Kid w’imyaka 38, yafatiwe i Fort Worth muri Leta […]

Continuer la lecture

Perezida Tshisekedi yashyizeho Visi-Guverineri w’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru uje guhangana na M23

Perezida Félix Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yashyizeho impinduka mu buyobozi bw’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru, agira Karawa Dengamo, komiseri muri Polisi y’Igihugu, Visi-Guverineri w’iyi Ntara. Iyi myanzuro yatangajwe kuri radiyo na Televiziyo by’igihugu (RTNC) ku wa Gatanu, tariki ya 7 Werurwe 2025, nk’igikorwa cyo kongera imbaraga mu guhangana n’umutwe wa M23, umaze […]

Continuer la lecture

Papa Francis yatangiye gutora agatege

Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi, Papa Francis umaze hafi ibyumweru bitatu ari mu bitaro kubera indwara z’ibihaha n’ubuhumekero, ubu yatangiye gutora agatege nyuma yo kwitabwaho n’abaganga mu buryo budasanzwe. Vatican yatangaje ko Papa Francis wasanzwemo indwara za ‘pneumonie’ na ‘bronchite’ mu minsi mike ishize yatangiye gutora agatege iti “Ibyo bigaragaza ko ari kwitabwaho ndetse […]

Continuer la lecture

Congo yashyizeho Miliyoni 5$ ku muntu uzafata Nangaa, Bisimwa na Makenga

Leta ya Congo yashyizeho igihembo cya miliyoni 5 z’amadolari ya America ku bantu bayifasha gufata abayobozi batatu b’ihuriro Alliance Fleuve Congo rifatanya na M23. Congo ivuga ko abo bayobozi baciriwe imanza kandi bahabwa igihano (cy’urupfu). Itangazo ryasohowe na Minisitiri w’Ubutabera ku wa Gatanu rivuga ko hagenwe igihembo cya miliyoni 5 z’amadolari ku muntu wafasha mu […]

Continuer la lecture