U Rwanda n’u Burundi biri mu nzira nziza yo guhagarika ubushyamirane – Minisitiri Nduhungirehe

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Ambasaderi Olivier Nduhungirehe, yatangaje ko u Rwanda n’u Burundi biri mu nzira nziza yo guhagarika ubushyamirane bifitanye. Yagize ati “U Rwanda n’u Burundi biri mu nzira nziza yo guhagarika ubushyamirane no kumvikana, mu gihe ibiganiro bikomeje hagati y’abayobozi bo mu bihugu byombi.” Ibiganiro Minisitiri Nduhungirehe avuga bikomeje birimo ibyahurije mu Rwanda […]

Continuer la lecture

APR FC yahakanye kutishyura abakinnyi

Mu ijoro ryo ku wa Kane, tariki ya 13 Werurwe 2025, ubuyobozi bwa APR FC bwashyize ahagaragara itangazo risobanura ku makuru amaze iminsi avugwa ko yaba imaze amezi abiri idahemba abakinnyi bayo. Iyi kipe yemeje ko yubahiriza amasezerano ifitanye n’abakinnyi ndetse n’abakozi bose. Mu itangazo ryasohowe n’iyi kipe y’Ingabo z’Igihugu, bagaragaje ko amakuru avuga ko […]

Continuer la lecture

M23 Yasabye Perezida Tshisekedi Kugaragaza Ko Azitabira Ibiganiro

Umutwe wa M23 wasabye Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, kugaragaza ku mugaragaro ko azitabira ibiganiro bizahuza Leta ya Congo n’uyu mutwe, nk’uko byatangajwe na Angola. Perezidansi ya Angola iherutse gutangaza ko nyuma y’uruzinduko rwa Perezida Félix Tshisekedi i Luanda, hazategurwa ibiganiro bizahuza Leta ya Congo n’umutwe wa M23. Ibyo biganiro biteganyijwe […]

Continuer la lecture

Ba Jenerali barezwe guhunga urugamba ubwo M23 yasatiraga Goma

Urukiko Rukuru rwa Gisirikare muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) rwatangiye kuburanisha abasirikare n’abapolisi bakuru batanu bashinjwa guhunga urugamba ubwo umutwe wa M23 wagotaga umujyi wa Goma. Aba basirikare bakuru bari abayobozi mu ngabo za FARDC ndetse no muri polisi ya Kivu ya Ruguru, bakaba baregwa uburangare no guta inshingano zabo z’ubuyobozi mu gihe […]

Continuer la lecture

Menya abayobozi 12 mu Rwanda bemerewe kurindwa n’abajepe

Mu Rwanda, abasirikare ba Republican Guard, bazwi nk’abajepe, ni itsinda ridasanzwe mu Ngabo z’u Rwanda (RDF) rishinzwe kurinda abayobozi bakuru b’igihugu ndetse n’abanyacyubahiro bagenwe n’amategeko. Nubwo benshi babafata nk’abasirikare bashinzwe umutekano wa Perezida wa Repubulika gusa, inshingano zabo zirimo no kurinda abandi bayobozi bakomeye. Ibi bikorwa byabo bishimangirwa n’Iteka rya Perezida No 33/01 ryo ku […]

Continuer la lecture

Perezida KAGAME agiye kuganira n’abatuye Umujyi wa Kigali

Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, agiye kuganira n’abaturage b’Umujyi wa Kigali mu nama yateguwe n’ubuyobozi bw’uyu mujyi. Ibi biganiro biteganyijwe ku cyumweru, tariki ya 16 Werurwe 2025, bikazabera muri BK Arena. Ubusanzwe byari byarateganyirijwe kubera i Gahanga mu Karere ka Kicukiro, ariko byimuriwe muri BK Arena kubera impamvu z’ikirere. Uru ruzinduko ni rwo rwa mbere […]

Continuer la lecture

REG yasobanuye imvano y’ibura ry’umuriro rya hato na hato

Ikigo gishinzwe Ingufu mu Rwanda (REG) cyatangaje ko ibura ry’umuriro ryagaragaye mu bice bitandukanye by’igihugu ku wa 10 na 12 Werurwe 2025 ryatewe n’ubujura bwakorewe ku bikorwaremezo by’umuyoboro munini w’amashanyarazi uhuza u Rwanda n’ibihugu by’ibituranyi. Mu itangazo REG yasohoye kuri uyu wa Kane, iki kigo cyavuze ko ibura ry’umuriro ryagaragaye mu Rwanda no mu bindi […]

Continuer la lecture

Inama ya SADC yanzuye ko Ingabo zayo zari muri Congo zigomba gutaha

Abakuru b’Ibihugu bigize Umuryango w’Afurika y’Amajyepfo (SADC) bashyize iherezo ku butumwa bw’ingabo zabo zari zimaze igihe mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC). Izi ngabo zari zaroherejwe mu butumwa bw’amahoro kuva ku wa 15 Ukuboza 2023. Inama y’Abakuru b’Ibihugu bya SADC yabaye hifashishijwe ikoranabuhanga rya videwo, yitabirwa n’Abakuru b’Ibihugu, ba Minisitiri w’Intebe na […]

Continuer la lecture

M23 yafashe ikirwa cy’Idjwi

Abarwanyi b’umutwe wa AFC/M23 bigaruriye ikirwa cy’Idjwi, icya mbere kinini muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo (RDC), giherereye mu kiyaga cya Kivu. Iki kirwa gituwe n’Abanye-Congo barimo benshi bavuga Ikinyarwanda. Iki kirwa kiri mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo, gifite uburebure bwa kilometero 70 n’ubuso bwa kilometero kare 340. Giherereye ku ntera ya kilometero 70 uvuye […]

Continuer la lecture

Gen Makenga Yakomoje kuri Perezida Tshisekedi Wemeye Imishyikirano

Jenerali Sultan Makenga, umuyobozi w’Ingabo za M23, yatangaje ko Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), Félix Tshisekedi, wemeye kugirana ibiganiro na M23, ari umuntu udakunda igihugu ahubwo ari igisambo. Ibi yabigarutseho mu kiganiro yagiranye na Alain Destexhe, wahoze ari senateri mu Bubiligi akaba n’Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abaganga Batagira Umupaka, wari umaze iminsi asura […]

Continuer la lecture

RDC: Abakinnyi 25 bapfiriye mu mpanuka y’ubwato

Ubwato bwari butwaye abakinnyi b’umupira w’amaguru bwarohamiye mu Mugezi wa Kwa uherereye mu Ntara ya Maï-Ndombe muri Repubulika Iharanira Demorakasi ya Congo, 25 barapfa. Umuvugizi w’Intara ya Maï-Ndombe yabereyemo iyi mpanuka, Alexis Mputu, yatangaje ko iyi mpanuka yabaye mu ijoro ryo ku wa 10 Werurwe 2025. Yavuze ko abakinnyi bari bavuye gukina mu Mujyi wa […]

Continuer la lecture