Gasabo:Diregiteri yakubiswe na Mwalimu bapfa ibyangombwa

Mu Karere ka Gasabo, Umurenge wa Jali, ku kigo cy’amashuri cya GS Agateko, haravugwa inkuru y’umwarimu wakubise Diregiteri ubwo yamusabaga icyemezo cy’akazi. Ibi byabaye ku wa Gatanu, tariki ya 20 Nzeri 2024, nyuma y’uko uyu mwarimu yari agiye kumusaba icyangombwa ariko agakeka ko akimwimye. Amakuru aturuka mu buyobozi avuga ko uyu mwarimu yagiye mu biro […]

Continuer la lecture

Gen Muganga yinjije mu Ngabo z’u Rwanda abasirikare bashya

Ingabo z’u Rwanda (RDF) zakiriye ku mugaragaro itsinda rishya ry’abasore n’inkumi bo ku rwego rwa Private (Pte), basoje imyitozo ya gisirikare y’amezi atandatu mu kigo cy’imyitozo ya gisirikare i Nasho, mu Karere ka Kirehe. Umuhango wo gusoza iyi myitozo witabiriwe n’Umugaba mukuru w’ingabo z’u Rwanda, Gen Muganga Mubarakh, n’abandi basirikare bo mu rwego rwa Jenerali, […]

Continuer la lecture

Kigali ubukarabiro bwo kuri gare ya Nyabugogo bwahindutse uburiri n’intebe

Mu Mujyi wa Kigali, umuco wo gukaraba intoki, by’umwihariko ahantu hahurira abantu benshi, warabaye amateka mu gihe uyu mujyi uri mu bukangurambaga bwo kongera icyo gikorwa. Abaturage n’abagenzi bagaragaza ko gukaraba intoki bitacyitabwaho, bigatuma ingamba zo kwirinda indwara zidakurikizwa neza. Ahantu nk’ahagenewe imodoka ya Nyabugogo, ubukarabiro busigaye ari intebe aho abantu bicaramo, bituma batabasha gukaraba […]

Continuer la lecture

MINEDUC igiye kujya iganira n’ababyeyi ku bibazo by’abanyeshuri

Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC) yatangaje ko igiye kujya iganira n’ababyeyi b’abanyeshuri, bagamije gushakira umuti ibibazo bigaragara mu burezi. Byakomejweho mu kiganiro Minisitiri Mushya w’Uburezi, Nsengimana Joseph n’Umunyamabanga wa Leta muri iyo Minisiteri Irere Claudette bagiranye na RBA, kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 21 Nzeri 2024. Minisitiri Nsengimana ati: “Kimwe mu byo twiyemeje ni uko dushaka […]

Continuer la lecture

UN yambitse abapolisi b’u Rwanda imidali y’ishimwe bari mu butumwa bwo kubungabunga amahoro muri Sudani y’epfo

Ku wa Gatanu tariki 20 Nzeri, umuryango w’Abibumbye (UN) wambitse imidali y’ishimwe ry’akazi abapolisi b’u Rwanda 160 bari mu butumwa bwo kubungabunga amahoro muri Sudani y’Epfo (UNMISS). Iyi midali igaragaza ubwitange n’umuhate bagaragaje mu gihe cy’umwaka bamaze mu nshingano zo kurindira umutekano abaturage b’abasivili muri icyo gihugu. Umuhango wo gushyikiriza iri tsinda ry’abapolisi b’u Rwanda […]

Continuer la lecture

‘Nti twishimira kohereza umwarimu kure’ MINEDUC

Minisiteri y’Uburezi yasobanuye ko itishimira gushyira umwarimu ku kigo cya kure, ahubwo biterwa nuko abarimu bashyirwa mu myanya bakanahindurirwa ibigo hakurikijwe imyanya n’amasomo bigisha. Ni ubutumwa bwagarutsweho mu kiganiro cyatambutse kuri RBA, cyagarutse ku mpumeko ku itangira ry’umwaka w’amashuri wa 2024/25 n’ingamba nshya zashyizweho mu kuzamura ireme ry’Uburezi. Abarimu batanze ibitekerezo maze bamwe bagaragaza icyifuzo […]

Continuer la lecture

Gatsibo: Abafite amikoro bagiye kujya bashyingura mu irimbi ryabo

Umuyobozi w’Akarere ka Gatsibo, Gasana Richard, yatangaje ko mu Mujyi wa Kabarore hamaze kugurwa ubutaka bugenewe irimbi rusange rizakoreshwa na rwiyemezamirimo, hagashyingurwamo abaturage bafite amikoro. Iri rimbi rya kijyambere ryashyizweho nyuma y’ubusabe bw’abaturage bifuza gukorerwa imva zifite ubwiza bujyanye n’amikoro yabo. Mu Mujyi wa Kabarore, abafite amikoro bazajya bishyura amafaranga hagati ya 300,000 na 500,000 […]

Continuer la lecture

MINEDUC yabagarutse ku bakosoye ibizamini bya Leta batarabona insimburamubyizi zabo

Mu kiganiro ‘Dusangire Ijambo’ cya Radio Rwanda kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 21 Nzeri 2024, Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Uburezi, Irere Claudette, yagarutse ku kibazo cy’insimburamubyizi z’abarimu bakosoye ibizamini bya Leta bisoza amashuri abanza, icyiciro rusange, n’icyiciro cya kabiri cy’amashuri yisumbuye mu mwaka w’amashuri 2023/2024. Yatangaje ko nubwo amafaranga y’insimburamubyizi ataratangwa hose, biri […]

Continuer la lecture

Umugabo w’imyaka 55 yarohamamye mu kivu arapfa agiye kwiba isambaza

Majyambere Fabien w’imyaka 55, wari utuye mu Kagari ka Rugali, Umurenge wa Macuka mu Karere ka Nyamasheke, yazindutse ajya kuroba isambaza bitemewe n’amategeko, isaha yatahiragaho bamutegereje baramubura, batangira kumushakisha basanga yapfiriye mu Kivu, umutego utemewe yakoreshaga umwizingiyeho. Umunyamabanga Nshibgwabikorwa w’umusigire w’Umurenge wa Macuba, Uwidutije Samuel,yavuze ko umugore w’uwo mugabo yababwiye ko yabyutse saa kumi n’igice […]

Continuer la lecture

Gen Muhoozi ateganya kongera guhura na Gen Tshiwewe wa RDC vuba

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda akaba n’umujyanama wihariye wa Perezida Yoweri Museveni mu bikorwa byihariye bya gisirikare, Gen Muhoozi Kainerugaba, ateganya guhura mu gihe cya vuba na mugenzi we wo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Gen Christian Tshiwewe Songesha. Aya makuru yatangajwe na Gen Muhoozi kuri uyu wa 20 Nzeri 2024, asobanura ko we […]

Continuer la lecture

Perezida Kagame yaganiriye na mugenzi we wa Angola

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame kuri uyu wa Kane tariki ya 19 Nzeri 2024, yagiranye ikiganiro kuri telefoni na mugenzi we wa Angola, João Lourenço. Ni ibiganiro byibanze ku biganiro byabereye i Launda mu murwa mukuru wa Angola, byo gushakira amahoro ndetse no kugarura umubano mwiza hagati y’u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi […]

Continuer la lecture