Gen Muhoozi yavuze ko nyuma ya Perezida Museveni nta musivili uzayobora Uganda
Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba, yatangaje ko nta musivili uzayobora iki gihugu nyuma ya Perezida Yoweri Kaguta Museveni. Ibi yabivuze abinyujije ku rubuga rwe rwa X (yahoze yitwa Twitter) mu butumwa bwashyizwe ahagaragara kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 21 Nzeri 2024. Mu butumwa bwe, Gen Kainerugaba yavuze ko inzego z’umutekano z’igihugu […]
Continuer la lecture
