Uhabwa amahirwe yo kuba Perezida mushya wa Mozambique yasuye u Rwanda rwihishwa
Daniel Chapo, ukomoka mu ishyaka Frelimo riri ku butegetsi muri Mozambique, akaba ahabwa amahirwe yo gutsinda amatora y’umukuru w’igihugu ateganyijwe mu kwezi gutaha k’Ukwakira, aherutse kugirira uruzinduko rw’ibanga i Kigali, rwibanze ku bibazo by’umutekano muri Mozambique, by’umwihariko mu Ntara ya Cabo Delgado. Nk’uko Africa Intelligence ibitangaza, ku wa 15 Kamena 2024, Chapo yageze i Kigali […]
Continuer la lecture
