Umurwayi yarakajwe nuko batinze kumuvura amenagura ibirahuri by’imodoka

Umurwayi wagiye kwivuza ku bitaro bya Muhima,batinze kumwakira amenagura ibirahure by’imodoka ebyiri zari aho,birangira atawe muri yombi. Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Kane,tariki ya 02 Gicurasi,umugabo witwa Ndagijimana Robert, yagiye kwivuza ku Bitaro bya Muhima biherereye mu Murenge wa Muhima mu Karere ka Nyarugenge, batinze kumuvura ahita amenagura ibirahuri by’imodoka ebyiri. Nkuko bisobanurwa na […]

Continuer la lecture

Tshisekedi aracyahamya  ko azashoza  intambara ku Rwanda

Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo, yashimangiye ko agitekereza gushoza intambara ku Rwanda mu gihe ibiganiro bihuza abayobozi bo mu bihugu byombi nta musaruro mwiza byatanga.   Uyu Mukuru w’Igihugu ubwo yimamarizaga kuyobora iki gihugu mu mpera za 2023, yatangaje ko mu gihe umutwe witwaje intwaro wa M23 warasa mu […]

Continuer la lecture

U Rwanda ku mwanya w’ 144 n’amanota 40% mu bwisanzure bw’itangazamakuru

Raporo y’umuryango uharanira ubwisanzure bw’itangazamakuru, Reporters Sans Frontières (RSF), yashyize u Rwanda ku mwanya wa karindwi mu bihugu bizige Umuryango w’Afrika y’Iburasirazuba Iyi raporo y’uyu muryango wo mu Bufaransa, yasohotse kuri iyi tariki ya gatatu Gicurasi (5), umunsi ngarukamwaka w’ubwisanzure bw’itangazamakuru washyizweho n’Umuryango w’Abibumbye, ishyira u Rwanda ku mwanya wa 144 n’amanota 40/100 mu bihugu […]

Continuer la lecture

Tshisekedi yatwerereye u Rwanda Karidinali wamunenze mu ruhame

Félix Tshisekedi, Perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo yavuze ko ategereje kuri Fridolin Cardinal Ambongo gihamya y’uko guverinoma ya Kongo ishyigikiye umutwe wa FDLR nk’uko ngo akunda kubihamya. Media Congo itangaza ko ibi Tshisekedi yabitangarije mu kiganiro n’ikinyamakuru cyo mu Bufaransa Le Figaro,aho yavuze ko ubutabera bugomba gukurikirana uyu munyacyubahiro bitewe n’uko ngo akomeje […]

Continuer la lecture

Uwari ukuriye Batayo ya 31 mu ngabo z’u Burundi yiciwe I Masisi

Major Ngiruwonsanga wari ukuriye Batayo ya 31 yaguye mu mirwano yabereye ku musozi wa Muremure ya Ngungu. Amakuru akomeje gucicikana ku mbuga nkoranyambaga zo mu gihugu cy’u Burundi yemeje urupfu rwa Major Ngiruwonsanga wahoze ari umukozi w’urwego rw’iperereza SNR,nyuma akaza koherezwa muri Congo kuyobora Batayo ya 31 yari ifite ibirindiro muri Masisi. Aya makuru kandi […]

Continuer la lecture

Polisi yarashe abakekwaho ubujura baherukaga kwica umuyobozi mu murenge

Abantu babiri bacyekwagaho ubujura no kwica Ndamyimana Elyse wari Noteri w’Umurenge wa Remera mu karere ka Gasabo, barashwe mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu ubwo bageragezaga gutoroka inzego z’umutekano mu gihe bari bagiye kwerekana abo bakoranaga bahita bapfa. Aba barashwe mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu,tariki 03 Gicurasi, ubwo bageragezaga gutoroka inzego z’umutekano […]

Continuer la lecture

Icyo Polisi ivuga ku mwana wagaragaye yambaye umwenda wayo ku ishuri

Polisi y’u Rwanda yagize icyo ivuga ku ifoto y’umwana wo mu Karere ka Muhanga yacicikanye ku mbuga nkoranyambaga, imugaragaza ari ku ishuri yambaye impuzankano y’ishati ya Polisi y’u Rwanda, itangaza ko iyo uwo mwana yari yambaye ari iyambarwaga mu myaka yatambutse. Kuri uyu wa 02 Gicurasi 2024,ku rubuga rwa X hatangiye gucicikana inkuru yatangaje benshi […]

Continuer la lecture

Cyamunara y’umutungo w’abo kwa Rwigara yateje impaka mu rukiko

Abanyamategeko Gatera Gashabana na mugenzi we Pierre Ruberwa babwiye urukiko rw’ibanze rwa Nyarugenge mu mujyi wa Kigali ko umutungo wo kwa Nyakwigendera Assinapol Rwigara baburanira wagurishijwe mu cyamunara mu bwiru. Barasaba ko iyo cyamunara yateshwa agaciro. Abunganira umuhesha w’inkiko wagurishije iyo cyamunara bo bagasaba kutakira iki kirego kuko cyamunara yarangiye. Abanyamategeko Gatera Gashabana na mugenzi […]

Continuer la lecture

Abantu 188 bahitanwe n’imyuzure mu gihe abasaga 90 baburiwe irengero

Minisiteri y’umutekano w’imbere mu gihugu ya Kenya yavuze ko byibuze abantu 188 bamaze gupfa kubera imvura ikabije ikomeje kugwa mu gihugu. Yavuze ko hapfuye abantu icyenda mu masaha 24 ashize Kugeza ubu, abantu 90 banditswe ko baburiwe irengero mu gihe abandi 125 bakomeretse. Umubare w’ingo zimuwe ni 33.100, ibyagize ingaruka ku bantu bagera ku 165.500 […]

Continuer la lecture

Bamwe mu bacungagereza bari bamaze amezi 5 bafunzwe barekuwe

  Urwego rw’Igihugu rushinzwe Igorora, RCS, rwatangaje ko abacungagereza 135 bari bamaze amezi atanu bafungiwe mu ishuri ry’amahugurwa ryarwo riherereye mu Karere ka Rwamagana bamaze kurekurwa.   Umuvugizi wa RCS, CSP Kubwimana Thérèse, kuri uyu wa 2 Gicurasi 2024 yatangarije IGIHE ko aba bacungagereza bari bakurikiranweho amakosa atandukanye bafunguwe ku wa 29 Mata.   CSP […]

Continuer la lecture

Ubugambanyi muri FDLR buri guhitana bamwe mu bayobozi bayo

Umwe mu bahoze mu gisirikare cya FDLR witandukanyije nayo aremeza urupfu rwa Ruhinda rwaba rwaratewe n’ubugambanyi bwakozwe n’umwe mubo bari bafatanyije kuyobora uyu mutwe w’iterabwoba Amezi atanu arihiritse hamenyekanye urupfu rutavuzweho rumwe rw’uwari Umuyobozi w’Ingabo zidasanzwe z’Umutwe wa FDLR, Colonel Ruhinda Gaby ubusanzwe witwa Protogène Ruvugayimikore. Hagiye havugwa amakuru menshi ku rupfu rwe, aho umutwe […]

Continuer la lecture