Wenceslas Twagirayezu yagarutse mu rukiko nyuma yo kugirwa umwere ku byaha bya jenoside
Mu Rwanda urukiko rw’ubujurire rwatangiye kumva urubanza rw’ubujurire ubushinjacyaha buregamo Twagirayezu Wenceslas ibyaha bya jenoside. Twagirayezu woherejwe mu Rwanda n’igihugu cya Denmark mu mwaka 2018 ngo aburane kuri ibyo byaha, mu kwezi kwa mbere uyu mwaka yagizwe umwere n’urukiko rukuru rutegeka ko afungurwa. Wenceslas Twagirayezu niwe wa mbere wagizwe umwere n’urukiko mu Rwanda mu bamaze […]
Continuer la lecture
