Abasirikare bo mu mutwe w’ingabo zishinzwe kurinda Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’abandi bayobozi bakuru (GR), barasanye n’abapolisi mu Mujyi wa Kinshasa. Uku kurasana...
Ihuriro AFC/M23 ryafashe umujyi wa Walikale w’Intara ya Kivu ya Ruguru ku mugoroba wo kuri uyu wa gatatu tariki ya 19 Werurwe 2025 itarwanye nkuko Radio...
Abadepite bemeje ishingiro ry’umushinga w’itegeko ryongera umusoro usabwa ibigo bitanga serivisi z’imikino y’amahirwe, ukazava kuri kuri 13% ukagera kuri 40%. Imikino y’amahirwe yiganje mu rubyiruko n’abakuru...
Christophe Baseane Nangaa wahoze ari Guverineri w’Intara ya Haut-Uélé mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yamaze guhunga nyuma kiriya gihugu y’igihe aterwa ubwoba. Baseane...
Ihuriro AFC/M23 ryashyizeho abayobozi bashya bazafasha mu kugenzura imari rusange, imisoro, ishoramari no kugenzura ibijyanye n’inguzanyo. Ni mu itangazo ryashyizwe hanze n’Umuvugizi wa AFC/M23 mu bya...
Joseph Kabila Kabange wahoze ari Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yateye utwatsi ibirego bya Leta y’iki gihugu bimushinja kuba akorana n’umutwe witwaje intwaro wa...
Perezida Paul Kagame w’u Rwanda na Félix Tshisekedi wa DR Congo bahuriye i Doha muri Qatar bahujwe n’umukuru w’iki gihugu, bemeranya guhera hano bagakomeza ibiganiro biganisha...
Mu rwego rwo gusobanurira Abanyarwanda imishahara n’ibindi by’ingenzi bigenerwa abayobozi bakuru b’igihugu, dukora ubushakashatsi kuri bamwe mu bafite inshingano zikomeye. Tugiye kugaruka ku mushahara ndetse n’ibindi...
Umutwe wa M23/AFC wari watangaje urutonde rw’abazajya muri Angola wahinduye icyemezo cyo kwitabira ibiganiro byo muri Angola. M23/AFC, mu itangazo yashyize hanze igaragaza ko ihagaritse kwitabira...
Perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, kuri iki Cyumweru, itariki 16 Werurwe, yahuye n’umudepite wo muri Amerika, Ronny Jackson, kugira ngo baganire ku...