Komisiyo y’Umuryango w’Isoko Rusange ry’Ibihugu bya Afurika y’Iburasirazuba n’Amajyepfo (COMESA) ishinzwe ihiganwa mu bucuruzi no kurengera abaguzi, yatanze impuruza ku buziranenge bw’ibikoresho birinda abari imbere mu...
Mu Karere ka Huye, Umurenge wa Rusatira, Akagari ka Buhimba, Umudugudu wa Karubona, haravugwa urupfu rw’umugore w’imyaka 64, bikekwa ko yishwe no kurya inyama z’inka yipfushije....
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Joe Biden, yikuye mu bikorwa byo kwiyamamariza kongera kuyobora iki gihugu. Biden yatangaje ko ari “ku nyungu nziza z’ishyaka...
Umugaba w’Ingabo z’u Rwanda zirwanira ku butaka, Général Major Nyakarundi Vincent, yitabiriye inama y’abayobozi bakuru b’ingabo, mu Mujyi wa Rennes, mu gihugu cy’u Bufaransa. Ni inama yiga ku...
Minisiteri y’Ubuzima muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yatangaje ko kuva umwaka wa 2024 watangira, abaturage 11,164 bo muri iki gihugu banduye virusi ya Monkeypox, bikaba...
Aba-Démocrates 35 bari mu Nteko Ishinga Amategeko ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika basabye Perezida Joe Biden guhara kandidatire ye mu matora y’Umukuru w’Igihugu, agasimburwa na...
Mu Karere ka Ngoma, abakozi bo mu Rwego rwunganira Uturere mu gucunga Umutekano (DASSO) barimo kubakirwa inzu zo kubamo mu mirenge yose, hagamijwe kubafasha kuba hamwe...
Mu myaka irindwi ishize, uturere icyenda two mu Rwanda twubatse ibiro bijyanye n’igihe, bigamije guha serivisi nziza abaturage. Ibi biro byubatswe hagamijwe gusimbura izo zari zarubatswe...
Mu murenge wa Bushekeli, abaturage barenga 100 babyukiye mu gisa n’imyigaragambyo tariki ya 20 Nyakanga 2024, bavuga ko Hakizimana Antoine wari usanzwe ubakoresha mu gushaka zahabu...
Kera habayeho! Ibikorwa by’amatora u Rwanda rwari rumazemo iminsi biragana ku musozo ndetse indorerezi mpuzamahanga zashimye uburyo byagenze kuko byakozwe mu ituze, abatsinzwe bakemera ibyavuye mu...