Ndihokubwimana Jean Paul wapfuye azize impanuka mu mpera z’icyumweru gishize yababaje abantu benshi basigaye bumijwe n’uburyo abuze ubuzima akiri muto mu gihe yarimo gusoza amasomo ye...
kuri uyu wa kabiri Nyakanga 2024 mu KARERE ka Nyabihu mu gasanteri ka Mukamira,abaturage ndetse na bamwe mu basirikare bashimiye Dr Frank Habineza bamwifuriza kuba Commandant...
Abagerageje igikorwa cyo gukura Perezida Félix Tshisekedi ku butegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, basobanuye ko binjiye mu ngoro y’Umukuru w’Igihugu, nta muntu n’umwe ubakomye...
Rwandanews24 iguhaye Ikaze ku kibuga cya Kirehe mu Karere ka Kirehe aho Umuryango FPR Inkotanyi ukomereza ibikorwa byo kwamamaza Chairman akaba n’Umukandida wawo, Paul Kagame, ku...
Umunyamabanga Mukuru w’umuryango w’ibihugu bikoresha ururimi rw’Igifaransa (La Francophonie), Louise Mushikiwabo yahawe umudari na Perezida wa Romania, Klaus Iohannis, uyu umudari w’icyubahiro ufite ishusho y’inyenyeri uzwi...
Donald Trump, wayoboye Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yahuye n’ibibazo by’ubucamanza byaturutse ku birego bimushinja gushaka guhirika ubutegetsi mu mwaka wa 2020 nyuma yo gutsindwa amatora....
Iteka rya Perezida wa Repubulika Nº 044/01 ryo ku wa 14 Gashyantare 2020, rishyiraho sitati yihariye y’Ingabo z’u Rwanda, rikagena ibijyanye n’umushahara umusirikare ahabwa ndetse n’andi...
Umuyobozi w’ishyaka rigamije Demokarasi no kurengera ibidukikije Hon Dr Frank Habineza yabwiye abaturage bo mu murenge wa Tyazo ahazwi nka Kanjongo mu KARERE ka Nyamasheke ko...
Perezida wa Kenya, William Ruto, yatangaje ko iki gihugu kigomba kuguza amafaranga menshi kugira ngo guverinoma ikomeze yiyubake nyuma y’uko abigaragambya banze umushinga w’itegeko ryo kuzamura...
Ni mu matora ya Perezida wa Repubulika n’ay’Abadepite azaba kuva ku itariki ya 14 kugeza ku ya 16 Nyakanga 2024. Iyo lisiti ntakuka y’abemerewe gutora yashyizwe...