Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), Félix Tshisekedi, yatangaje ko yagiye mu Bubiligi kwivuza indwara amaranye igihe ya ‘hernie discale’, akaba agumyeyo kugira ngo...
Perezida wa Centrafrique, Faustin-Archange Touadéra, yakiriye Umugaba Mukuru w’Ingabo zirwanira ku Butaka, Maj. Gen. Vincent Nyakarundi, hamwe n’itsinda bari kumwe, mu nama igamije gutsura umubano no...
Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, yashinje uwahoze ari Perezida, Joseph Kabila, kuba ari we washinze ihuriro ry’imitwe imurwanya ifatanyije na M23, rizwi...
Urwego rw’Igihugu rw’Imiyoborere (RGB) rwafashe icyemezo cyo guhagarika ibikorwa byose by’Itorero Ebenezer Rwanda kubera impamvu zinyuranye zirimo amakimbirane n’umwuka mubi mu miyoborere yaryo. Mu ibaruwa RGB...
Ibiciro by’ibikomoka kuri peteroli mu Rwanda byagabanyutse, aho guhera kuri uyu wa 07 kanama 2024, igiciro cya lisansi ari 1629 kivuye kuri 1663 Frw mu mezi...
Urwego rw’Igihugu rw’Imiyoborere (RGB) rwatangaje ko mu bugenzuzi bwakozwe ku nsengero zisaga ibihumbi 13, izigera kuri 59.3% zafunzwe kubera ko zitujuje ibisabwa. Dr. Usta Kaitesi, Umuyobozi...
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwatangaje ko dosiye iregwamo abantu barindwi barimo abayobozi bo mu nzego z’ibanze, babeshyeye umuturage ko yibye ihene, yoherejwe mu Bushinjacyaha. Ku wa...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa 6 Kanama 2024, umurambo w’umugabo uri mu kigero cy’imyaka 40 wabonetse mu kirombe gicukurwamo amabuye yo kubakisha mu Murenge wa...
Umuntu wa mbere mu Bitaro bya Kaminuza bya Butare, CHUB, yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko bidasabye ko bamutera ikinya cya rusange, ni ukuvuga icy’umubiri wose ahubwo...
Inkombe z’ikiyaga cya Kivu ahahoze ishuri ry’Ubuhinzi n’Amashyamba, EAFO Nyamishaba, habonetse imibiri 18 y’abishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi. Mu gitondo cyo ku wa 05 Kanama 2024...