Minisiteri y’Uburezi yatangaje ko umubare munini w’abanyeshuri bajya mu mashuri yisumbuye bifuza kwiga mu bigo bike cyane byubashywe mu Rwanda, nyamara ibyo bigo bifite imyanya mike...
Polisi y’u Rwanda yatangaje ko guhera ku wa 9 Nzeri 2024, hazatangira gukorwa ibizamini byo gutwara imodoka za “automatique”. Ubutumwa bwanyujijwe kuri X (Twitter) kuri uyu...
Ishuri ryisumbuye rya St. Bernadette (ESB) Kamonyi ryibasiwe n’inkongi y’umuriro, igisiga hagaragaye ibyangiritse bifite agaciro k’arenga miliyoni 170 Frw. Ubuyobozi bw’ishuri bwatangaje ko iyi nkongi yatewe...
Perezida Paul Kagame, ari kumwe n’abandi bakuru b’ibihugu byo muri Afurika, yakiriwe na Perezida w’u Bushinwa, Xi Jinping, mu nyubako ikoreramo Inteko Ishinga Amategeko y’u Bushinwa....
Mu biro bya Minisitiri w’Ubutabera muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), Constant Mutamba, hatahuwe uburozi bikekwa ko bwari bugamije kumwica. Aya makuru yatangajwe ku wa...
Ikipe y’igihugu ‘Amavubi’ yanganyije na Libya igitego 1-1 mu mukino wa mbere wo mu itsinda D mu gushaka itike y’igikombe cy’Afurika cya 2025 kizabera muri Morocco....
Mu ijoro ryo ku wa Gatandatu, ibyihebe byiyitirira Islam byagabye igitero ku ngabo z’u Rwanda zari mu irondo mu karere ka Mocimboa da Praia, mu ntara...
Ku wa 29 no ku wa 30 Kanama 2024, habereye inama y’ibanga mu karere ka Rubavu ihuza abakuru b’ubutasi b’u Rwanda, Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo...
Guverinoma ya Kenya irimo gukurikirana ikibazo cy’umuturage wayo, Wanza Munyao, w’imyaka 45, washimuswe n’umutwe witwaje intwaro wa FDLR mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo...
Inzego z’Umutekano z’u Rwanda zoherejwe mu butumwa bwo guhashya iterabwoba mu Ntara ya Cabo Delgado muri Mozambique, zashimiwe ko zuzurije abana ibyumba by’amashuri bishya byo kwigiramo...