Ishyaka riharanira demokarasi no kurengera ibidukikije, Green Party, ryasabye abarwanashyaka baryo kwimakaza amahame yaryo arimo guharanira demokarasi no kurengera ibidukikije ndetse rinabibutsa gahunda y’amatora ateganyijwe umwaka...
Umuyobozi w’akarere ka Rubavu wungirije ushinzwe iterambere ry’ubukungu, Nzabonimpa Deogratias avuga ko bitewe n’aho akarere ka Rubavu gaherereye, icuruzwa ry’abantu rishobora kuba kimwe mu bigize ibyaha...
Hashize iminsi ku mbugankoranyambaga hari abatabariza Ingabire Victoire bavuga ko urugo rwe rwagoswe n’abapolisi kubera ibitekerezo bye bitavuga rumwe na leta. Gusa mu kiganiro yagiranye n’Ijwi...
Murekatete Triphose wahoze ayobora akarere ka Rutsiro, utaherukaga kuvugwa mu itangazamakuru kuva Inama njyanama y’akarere yaboraga yaseswa na Perezida wa Repubulika, yavuze byinshi mu nzira y’umusaraba...
Perezida wa Santere y’Ubucuruzi ya Gakeri, Twagirayezu Anastase arashinjwa n’abanyamuryango ba Kampani Amahoro M&F Ltd, gusahura ibicuruzwa byabo abyitirira Hakuzwemariya Bibiyana batandukanyijwe n’Urukiko. Mu gahinda...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa kabiri mu abakora umurimo wo gutwara abagenzi mu modoka zizwi nka Twegerane mu karere ka Rubavu babyukiye mu gisa n’imyigaragambyo....
Komisiyo y’igihugu y’amatora, NEC, iributsa abaturage gukomeza kwitegura amatora ateganyijwe umwaka utaha ya perezida n’ay’abadepite. Ni mu gihe hari hashize iminsi hari kuba ibikorwa by’amatora yo...
Mu mpera z’Ugushyingo, Inama njyanama y’akarere ka Rubavu yarateranye isuzuma, ndetse itorera umwanzuro nta kuka wo gushyiraho aho imodoka zihagarara mu mujyi rwa gati, aho bavugaga...
Umunyamakuru wigenga Ngoboka Sylvain mu kiganiro cyihariye yahaye Umuyoboro wa Youtube wa KOFFITO TV yatangaje ko Kayitesi Dative, watorewe kuyobora akarere ka Rutsiro azahabwa Imodoka yo...
Mu kiganiro cyihariye, Umuyobozi w’akarere ka Karongi w’agateganyo Niragire Theophile yahaye Rwandanews24, yavuze ko bajya gutekereza ku mushinga wo gutunganya icyanya cyahariwe ama Hotel n’Ubukerarugendo basaga...