Icyo Dr. Frank Habineza yatangaje nyuma yo gutsindwa amatora

Perezida w’Ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera Ibidukikije mu Rwanda, Democratic Green Party of Rwanda akaba n’Umukandida ku mwanya w’Umukuru w’Igihugu, Dr. Frank Habineza yashimiye Perezida Kagame ku bwo kubarusha amajwi. Ati “Turagira ngo dutangaze ko tubyakiriye ndetse duhaye ishimwe cyangwa ‘felicitation’ Nyakubahwa Paul Kagame cyane ko yabonye amajwi menshi kuturusha. Tumuhaye ‘felicitation’” Dr Habineza akimara […]

Continuer la lecture

Kagame Paul yatsinze amatora Imibare y’agateganyo y’ibyavuye mu matora ku mwanya wa Perezida

Komisiyo y’Igihugu y’amatora yatangaje ko ibyibanze byavuye mu matora y’Umukuru w’Igihugu yagaragaje ko Kagame Paul yatsinze ku majwi 99.15%, mu gihe abo bari bahanganye, Dr Habineza Frank yagize 0.53% naho Mpayimana Phillippe 0.32%. Byatangajwe kuri uyu wa 15 Nyakanga 2024, nyuma y’uko Abanyarwanda bari imbere mu gihugu ndetse n’abo mu mahanga batoye Perezida n’Abadepite 53 […]

Continuer la lecture

Nyabihu: Umubyeyi yafatiwe n’igise arigutora

Umubyeyi witwa Uwayisaba Odette, utuye mu Murenge wa Kabatwa mu Karere ka Nyabihu, yahuye n’ibibazo by’igise ubwo yari ageze mu biro by’itora, ariko yaje gufashwa gutora nyuma yo kubyara. Nyuma y’ibyumweru bitatu by’ibikorwa byo kwamamaza abakandida ku mwanya w’Umukuru w’Igihugu n’Abadepite, abanyarwanda batangiye gutora kuva saa moya z’igitondo cyo ku wa 15 Nyakanga 2024. Uwayisaba […]

Continuer la lecture

Nyabihu: Gitifu w’Umurenge yatawe muri yombi

Urwego rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko Mugabekazi Donathile, Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Jomba mu Karere ka Nyabihu, afunzwe akekwaho icyaha cyo gukubita no kugirira urugomo abashinzwe umutekano mu nzego za leta. Ibyaha Mugabekazi Akekwaho Umuvugizi wa RIB, Dr. Murangira B. Thierry, yabwiye IGIHE dukesha iyi nkuru ko Mugabekazi yakoze iki cyaha ku wa 06 Nyakanga 2024, […]

Continuer la lecture

Paul Kagame n’umuryangowe batoye (AMAFOTO)

Umukandida wa FPR Inkotanyi ku mwanya w’Umukuru w’Igihugu, Paul Kagame, yamaze gutora uwo yifuza ko yayobora u Rwanda mu myaka itanu iri imbere ndetse n’abakandida ku mwanya w’abadepite. Kagame yatoreye kuri site ya SOS Kagugu iherereye mu Karere ka Gasabo, ahagana saa saba z’uyu wa 15 Nyakanga 2024, ari kumwe na Madamu Jeannette Kagame. Abandi […]

Continuer la lecture

Dr. Frank Habineza na Mpayimana Philippe Batoye

Perezida w’ishyaka DGPR riharanira demokarasi no kurengera ibidukikije akaba n’umukandida waryo ku mwanya w’Umukuru w’Igihugu, Dr. Frank Habineza, ndetse n’umukandida wigenga, Mpayimana Philippe, bamaze gutora. Dr. Frank Habineza Dr. Habineza yatoreye kuri site iri mu ishuri ribanza rya Kimironko mu karere ka Gasabo, aherekejwe n’umugore we, Kabarira Edith. Ubwo yageraga mu cyumba cy’itora, yahawe impapuro […]

Continuer la lecture

Musanze: Umuturage umaze gutora arimo guhabwa icyayi n’irindazi

Kuri uyu wa 15 Nyakanga, umunsi wihariye ku Banyarwanda bakabakaba miliyoni icyenda biteganyijwe ko bitabira amatora yo kwihitiramo Umukuru w’Igihugu n’Abadepite 53 baturuka mu mitwe ya politiki n’abakandida biyamamaza ku giti cyabo. Mu karere ka Musanze, mu mudugudu wa Nyiraruhengeri Akagari ka Rwebeya, umuturage umaze gutora arimo guhabwa icyayi n’irindazi. Abanyarwanda  bazindutse ari benshi bagiye  […]

Continuer la lecture

Abanyarwanda  bazindukiye gutora Perezida n’Abadepite (AMAFOTO)

Rwandanews 24 iguhaye  ikaze kuri uyu wa 15 Nyakanga, umunsi wihariye ku Banyarwanda bakabakaba miliyoni icyenda biteganyijwe ko bitabira amatora yo kwihitiramo Umukuru w’Igihugu n’Abadepite 53 baturuka mu mitwe ya politiki n’abakandida biyamamaza ku giti cyabo. Uko igikorwa kiri kugenda Capt Ian Kagame, umuhungu wa Perezida Paul Kagame ni umwe mu batoreye kuri site ya […]

Continuer la lecture

Perezida Kagame Yasohoje Isezerano Yakira Abahanzi B’i Bugesera

Perezida Paul Kagame na Madamu Jeannette Kagame bakiriye abahanzi batuye mu Karumuna mu Bugesera, nk’uko yari yabibasezeranyije ku wa 6 Nyakanga 2024, ubwo yiyamamarizaga muri ako Karere. Gutumira Abahanzi batuye i Bugesera ni icyifuzo cyakiriwe neza na Paul Kagame ubwo yari agiye kugeza ijambo ku barenga ibihumbi 250 bakoraniye mu Karere ka Bugesera mu gikorwa […]

Continuer la lecture

NEC Yatangaje Igihe Izatangariza Ibyavuye mu Matora

Komisiyo y’Igihugu y’Amatora (NEC) yatangaje ko iby’ibanze bizaba byavuye mu matora ya Perezida wa Repubulika izabitangaza mu ijoro ryo ku wa 15 Nyakanga 2024, mu gihe ibyavuye mu matora y’Abadepite bizatangazwa ku wa 16 Nyakanga 2024. Mu itangazo yashyize hanze kuri uyu wa 14 Nyakanga 2024, NEC yavuze ko kandi ku wa 16 Nyakanga 2024 […]

Continuer la lecture

FDLR iherutse kunguka abarwanyi bashya 600

Impuguke z’Umuryango w’Abibumbye zikurikiranira hafi umutekano wo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) zagaragaje ko umutwe witwaje intwaro wa FDLR uherutse kubona abarwanyi bashya 600. Aba barwanyi biganjemo Abanye-Congo binjiye muri uyu mutwe mu mpera za Mutarama 2024 nyuma yo gukorera imyitozo ya gisirikare mu kigo cya Mihanja giherereye muri teritwari ya Masisi, intara […]

Continuer la lecture