Nyagatare: Umukobwa w’imyaka 20 yitabye imana azira kurya inyama z’ipusi

Umukobwa witwa Musenga  wari mu kigero cy’imyaka 20 wo mu Kagari ka Kirebe mu Murenge wa Rwimiyaga mu Karere ka Nyagatare Ku wa Kabiri tariki 16 Nyakanga 2024 nibwo yashyinguwe nyuma yo kwitaba Imana ku wa Mbere, aho bivugwa ko yazize ibiryo birimo inyama z’ipusi yasangiye n’abavandimwe. Amakuru avuga ko ibi biryo yabisangiye n’abavandimwe be […]

Continuer la lecture

Umugore yafashwe ari gusambanya ikibumbano

Umugore wari mu bukerarugendo mu mujyi wa Florence yafashwe amashusho ari gusambanya ku gahato ikibumbano cyizwi ku izina rya Bacchus, igikorwa cyateje impaka nyinshi ku mbuga nkoranyambaga ndetse n’uburakari bw’abaturage. Amashusho n’amafoto by’uyu mugore byafashwe n’abantu bari aho, bagaragaza umugore w’imyaka 32 utaratangajwe amazina, asambanya ikibumbano cya Bacchus. Iki kibumbano kizwiho gukurura ba mukerarugendo baturuka […]

Continuer la lecture

Ibyiyumvo by’imitwe ya politike yatsindiye kwinjira mu Nteko y’u Rwanda

Nubwo ibyavuye mu matora bitaratangazwa ku buryo bwa burundu, biragoye ko hagira impinduka zaba zahindura ibyavuye mu matora by’ibanze haba ku mwanya w’Umukuru w’Igihugu cyangwa ku badepite. Intsinzi ya FPR-Inkotanyi Biragoye ko mu majwi asigaye kubarwa ku mwanya w’Umukuru w’Igihugu, Dr. Frank Habineza wa Green Party wagize 0.53% na Mpayimana Phillippe wegukanye amajwi 0.32% barusha […]

Continuer la lecture

Umusirikare yagaragaye akura umwijima mu murambo kugira ngo awurye

Umusirikare wa Mali yaciye igikuba nyuma y’aho amashusho ye akwirakwiye ku mbuga nkoranyambaga, yumvikana avuga ko ashaka gukura umwijima mu murambo w’umuntu kugira ngo awurye. Muri aya mashusho yatangiye gukwirakwira tariki ya 16 Nyakanga 2024, uyu mugabo wambaye impuzankano y’igisirikare cya Mali agaragara atandukanya umurambo yifashishije umuhoro. Abasirikare bamukikije na bo bumvikana baseka, bamubwira ko […]

Continuer la lecture

Indorerezi Mpuzamahanga zavuze ikintu gikomeye ku matora yabaye mu Rwanda

Indorerezi mpuzamahanga mu matora y’Umukuru w’Igihugu n’ay’Abadepite aherutse kuba mu Rwanda, zashimye imigendekere myiza y’ayo matora yabaye ku wa 14 Nyakanga ku Banyarwanda bari mu mahanga na 15 -16 Nyakanga 2024 ku bari mu gihugu. Itangazo rihuriweho ryasohowe n’indorerezi mpuzamahanga zari zitabiriye ayo matora, harimo indorerezi z’Umuryango wa Afurika yunze Ubumwe zifatanyije n’iza COMESA (AU-COMESA), […]

Continuer la lecture

Perezida wa Amerika Joe Biden yanduye COVID-19

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Joe Biden, yanduye COVID-19 nk’uko byatangajwe n’ibiro bye. Biden w’imyaka 81, yapimwe ku wa Gatatu tariki 17 Nyakanga 2024, bagasanga yaranduye. Biden yari ari mu bikorwa byo kwiyamamaza muri Las Vegas aho yaniteguraga gutanga ijambo mu nama ngarukamwaka ya UnidosUS, ubwo yagaragayeho ibimenyetso bya COVID-19, bamusuzuma bakamusangana iyo […]

Continuer la lecture

Imirimo yo ku butaka mu kubaka ikibuga mpuzamahanga cy’indege mu Bugesera igezehe?

Umuyobozi Mukuru w’Ikigo cya Leta y’u Rwanda Gishinzwe Gukurikirana Ingendo z’Indege n’Ibikorwa by’Ubukerarugendo Buzishingiyeho (ATL), Jules Ndenga, yatangaje ko imirimo yo ku butaka mu kubaka ikibuga mpuzamahanga cy’indege mu Bugesera igeze kuri 85%, ku buryo bitarenze muri Nzeri uyu mwaka izaba yarangiye. Iki Kibuga Mpuzamahanga cy’Indege kizwi nka Kigali International Airport kiri kubakwa mu Karere […]

Continuer la lecture

Polisi iri mu mazi abira kubera wa mugabo wishe abagore 42 harimo n’umugore we

Igipolisi cyo muri Kenya kirashinjwa gushyira igitutu ndetse no gukorera iyicarubozo Collins Jumaisi Khalusha, uregwa kwica urw’agashinyaguro abagore bagera kuri 42 harimo n’uwe bwite. Khalusha yatawe muri yombi ku wa Mbere tariki ya 15 Nyakanga 2024, nyuma yo kwemera ko ibi byaha yagikoze guhera mu mwaka wa 2022. Uyu mugabo w’imyaka 33, yafashwe nyuma yo […]

Continuer la lecture

Rwamagana: Barinubira ibura ry’amazi ngo ijerekani iragura umugabo igasiba undi

Abaturage bo mu Karere ka Rwamagana, cyane cyane abatuye mu Mujyi no mu nkengero zawo, bari mu bibazo by’ibura ry’amazi rikabije. Ijerekani imwe y’amazi ishobora kugura guhera kuri 500 Frw kuzamura, ibintu bibangamiye cyane abaturage. Ibi bibazo byatangiye kugaragara mu mpera za Mata, aho hashyizweho ingengabihe yo gusaranganya amazi nibura rimwe mu cyumweru. Ariko, abaturage […]

Continuer la lecture

Nyamasheke: Ishimwe ry’uwabyaye yagiye gutora

  Nyinawumuntu Angélique wo mu Mudugudu wa  Kabuyaga, Akagari ka Kibogora, Umurenge wa Kanjongo, Akarere ka Nyamasheke, wafashwe n’ibise ubwo yari agiye gutora Umukuru w’Igihugu n’Abadepite ku wa 15 Nyakanga. Yafashwe n’inda ubwo yari ageze mu cyumba cy’itora, ajyanwa mu Bitaro bya Kibogora, aho yabyariye umwana w’umuhungu bamwita Kagame Baraka Emile. Ubwo yaganiraga n’Imvaho Nshya, […]

Continuer la lecture

Abakuru b’Igihugu bakomeje gushimira Paul Kagame watsinze amatora

Abakuru b’Ibihugu bitandukanye hirya no hino ku Isi bashimiye Perezida Paul Kagame kubera ko yatsinze amatora y’Umukuru w’Igihugu, akaba agiye kuyobora manda ya kane izamara imyaka 5 iri imbere. Perezida wa Kenya, William Ruto, yanyuzwe no kongera gutorwa kwa Paul Kagame, anamuha ubutumwa bumushimira. Yagize ati “Dufatanyije kwishimira amahitamo aboneye y’Abanyarwanda ndetse turakwifuriza intsinzi mu […]

Continuer la lecture