Umuvugizi w’Ihuriro ry’imitwe ya politiki yavuze ko abanenga ibyavuye mu matora ari urwango bafitiye u Rwanda
Umuvugizi w’Ihuriro ry’Igihugu Nyunguranabitekerezo ry’Imitwe ya Politiki, Mukama Abbas, yatangaje ko abavuga nabi ibyavuye mu matora y’Umukuru w’Igihugu n’abadepite mu Rwanda babiterwa n’urwango bafite ku gihugu. Yavuze ko ipfunwe ryo kuba baratereranye u Rwanda mu gihe rwari mu bihe bikomeye ari ryo ribatera gutanga ibitekerezo bibi ku matora yo mu Rwanda. Mu bihe bitandukanye, bamwe […]
Continuer la lecture
