Uhagarariye Uganda (Chargé d’Affaires) muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yatumijweho

Uhagarariye Uganda (Chargé d’Affaires) muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yatumijweho na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’iki Gihugu, kugira ngo asobanure ubutumwa buherutse gutangazwa n’Umugaba Mukuru w’Ingabo z’Igihugu cye cya Uganda, General Muhoozi Kainerugaba, kuri Perezida Tshisekezi. Matata Twaha Magara ufite inshingano za Chargé d’Affaires [aba afite inshingano nk’iza Ambasaderi mu gihe icyo Gihugu kitamufite mu […]

Continuer la lecture

Nyamasheke : Umwana w’imyaka 2 yagwiriwe n’igishyitsi arapfa

Umwana w’imyaka 2 n’amezi 4 yahanukiwe n’igishyitsi cyari haruguru y’inzu, ababyeyi bari munzu, hanyuma uwo mwana ahita apfa. Mu mudugudu wa Rubyiruko,Akagari ka Rushyarara, Umurenge wa Karambi mu Karere ka Nyamasheke haravugwa urupfu rw’umwana w’umukobwa w’imyaka 2 n’amezi 4 witwaga Niyonkuru Julienne,yagwiriwe n’igishyitsi bari bararanduye ariko ntibagikura haruguru y’inzu, ubwo umwana yari wenyine mu ruhavu […]

Continuer la lecture

Kigali’s Air Pollution Woes: A Deepening Threat to Residents’ Well-being

Kigali, the vibrant heart of Rwanda, has long been a shining example of tidiness and organization. But a disconcerting problem is starting to mar its image – the declining quality of its air. As the number of cars on the road increases, industries expand, and the population grows, the air in Kigali is getting worse, […]

Continuer la lecture

Intumwa ya Perezida wa Angola itegerejwe i Kigali

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Angola, Tete Antonio, kuri uyu wa 18 Ukuboza 2024 ategerejwe i Kigali mu ruzinduko rugamije gushakira amahoro n’umutekano birambye uburasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’akarere muri rusange. Minisitiri Tete aragera i Kigali nk’intumwa yihariye ya Perezida wa Angola akaba n’umuhuza w’u Rwanda na RDC washyizweho n’Umuryango wa Afurika Yunze […]

Continuer la lecture

RURA yashyizeho uburyo bworohereza abajya kwizihiza iminsi mikuru mu Ntara

Kubera umuvundo w’abajya mu Ntara, Urwego rw’Igihugu Rushinzwe kugenzura Imikorere y’Inzego zimwe z’Imirimo ifitiye Igihugu Akamaro (RURA) rwashyizeho uburyo bworohereza abajya mu minsi mikuru isoza umwaka, kugira ngo hirindwe umuvundo ukabije muri gare ya Nyabugogo. Mu gihe cy’iminsi mikuru isoza umwaka abenshi mu Banyarwanda batuye mu Mujyi wa Kigali bajya gusangira n’abo mu miryango yabo […]

Continuer la lecture

Musanze: Abagore batewe ipfunwe na bagenzi babo barara mu tubari basinze

Bamwe mu bagore bo mu karere ka Musanze, bavuga ko baterwa ipfunwe na bagenzi babo bokamwe n’ingeso y’ubusinzi ngo bamwe bagenda mu nzira bitega kubera uisindwe abandi bakarara mu tubari. Byari bimenyerewe ko bamwe mu bagabo bo muri aka karere ka Musanze n’intara y’amajyaruguru muri rusange ko aribo bakunda agacupa, abagore bakavuga ko bahozwa ku […]

Continuer la lecture

Building Climate Resilience into Rwandan Water and Sanitation Utilities, How a Multi-Dimensional Risk Assessment Tool is Helping Local Service Providers

Rwanda is particularly susceptible to climate change impacts due to changes in precipitation patterns, increased frequency of droughts, and extreme weather events. The challenges also represent a major risk to the survival of water and sanitation utilities essential to public health and sustainable development. Most of the infrastructure is public services utilities, which must be […]

Continuer la lecture

Gen Igor Kirillov w’u Burusiya yaturikanwe n’igisasu cyari giteze kuri moto

  Lt Gen Igor Kirillov wari ukuriye Ingabo z’u Burusiya zishinzwe kurinda intwaro kirimbuzi, yapfuye aturikanwe n’igisasu. Uyu musirikare yapfuye kuri uyu wa Kabiri nk’uko Televiziyo y’igihugu cy’u Burusiya yabitangaje.Amakuru avuga ko igisasu cyamuturikanye cyari giteze muri moto y’amashanyarazi. Lt Gen Igor Kirillov yari akuriye Ingabo z’u Burusiya zishinzwe kurinda intwaro kirimbuzi kuva muri 2017. […]

Continuer la lecture

Imihanda isaga 20 yongewe mu buryo bushya bwo kwishyura ingendo

  Urwego rw’Igihugu rushinzwe kugenzura imikorere y’inzego zimwe z’imirimo ifitiye Igihugu akamaro (RURA), guhera kuri uyu wa Mbere tariki 16 Ukuboza 2024, rwatangaje ko imihanda (lignes) 24 yongewe mu buryo bushya bwo kwishyura amafaranga ahwanye n’urugendo umugenzi yakoze, aho kwishyura amafaranga y’urugendo (ligne) rwose. Iyo mihanda ni Remera-Ndera, Downtown-Kanombe-Kibaya, Downtown-Kabeza-Rubirizi, Kimironko-Downtown, Nyanza-Downtown kugera Gatenga, Kimironko-Nyabugogo, […]

Continuer la lecture

Perezida Museveni yaburiye abapasiteri bavuga ko bavura indwara

  Perezida Yoweri Museveni wa Uganda, kuri iki Cyumweru, itariki 15 Ukuboza 2024, yatangaje imigambi yo gutangira gukurikiranira hafi ibikorwa by’abayobozi b’amadini bavuga ko bakora ibitangaza byo gukiza indwara. Ibi Museveni yabitangaje ubwo yari yagiye yari yagiye gutangiza itorero rya Temple Mount Church of All Nations, urusengero runini cyane ruherutse gufungurwa i Mulago muri Kampala […]

Continuer la lecture

Musanze: Umugabo yapfiriye mu kirombe agiye kwibamo amabuye y’agaciro

Nsengiyumva Jean Damascene wo mu Kagari ka Kabirizi, mu Murenge wa Gacaca, Akarere ka Musanze, yapfiriye mu kirombe kitemewe giherereye mj Mudugudu wa Gasanze, Umurenge wa Muhoza, Akarere ka Musanze, ubwo yageragezaga gushakamo zahabu kandi barabujijwe kukijyamo. Amakuru y’uko yaguye mu kirombe yamenyekanye kuri iki Cyumweru tariki ya 15 Ukuboza 2024, nyuma y’uko abamubonye ajya […]

Continuer la lecture