Nyamasheke: Umugabo n’umusore bafatanywe ihene bibye bamaze kuyibaga

Nsengimana François w’imyaka 32 na Niyomwungeri Olivier wa 18 bafungiye kuri sitasiyo ya RIB ya Macuba mu Karere ka Nyamasheke nyuma yo gufatanwa ihene bibye mu rugo rw’umuturage wo mu Mudugudu wa Rusebeya, Akagari ka Muhororo, Umurenge wa Kirimbi mu Karere ka Nyamasheke. Abo bajura bombi bafatiwe mu rugo rw’uwo Nsengimana François bamaze kuyikuraho uruhu. […]

Continuer la lecture

Abantu 38 bapfiriye mu mpanuka y’ubwato berekeza mu minsi mikuru

Ubwato bwari butwaye abantu bajyaga mu minsi mikuru mu Majyaruguru y’u Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) bwakoze impanuka ihitana 38, abandi 100 baburirwa irengero. Ubu bwato bwakoreye impanuka mu mugezi wa Busira bwari butwaye abantu bagera kuri 400 ubwo bajyaga kwizihiza iminsi mikuru mu miryango yabo. Nubwo nta yandi makuru aratangazwa ajyanye […]

Continuer la lecture

Abatuye n’abakorera mu mazu ageretse mu Bugesera  barataka kubura amazi

Hari abaturage batandukanye bakorera n’abandi  batuye mu mazu ageretse mu mujyi wa Nyamata akarere ka Bugesera bataka bavuga ko Babura amazi  mu mazu bakoreramo bityo bikabateza umwanda cyane cyane mu bwiherero  ndetse n’igihombo ku bakoreramo ubucuruzi. Ubwo Rwandanews24 yageraga muri uyu mujyi yanyuze ku nyubako ikoreramo inzu itunganya imisatsi y’abagore n’abagabo maze bavuga iby’iki kibazo. […]

Continuer la lecture

Umunyamakuru Sam Karenzi yasezeye mu Kiganiro Urukiko rw’Ubujurire

Umunyamakuru Sam Karenzi uri mu bafite izina rikomeye mu itangazamakuru rya siporo mu Rwanda, ageze kure imirimo yo gutangiza radiyo ye ku giti cye ateganya gufungura mu minsi iri imbere. Amakuru yizewe  ahamya ko Sam Karenzi amaze iminsi mu myiteguro yo gutangiza radiyo ye ndetse magingo aya akaba yaranamaze gusezera kuri bagenzi be bakoranaga mu […]

Continuer la lecture

RIB yataye muri yombi Abayobozi mu Turere twa Rusizi, Nyamasheke na Kirehe

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko rwataye muri yombi Mbyayingabo Athanase, Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akarere ka Rusizi, Rutikanga Joseph Umuyobozi Mukuru ushinzwe Imirimo rusange mu Karere ka Nyamasheke na Nsabimana Cyprien, Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akarere ka Kirehe. Umuvugizi wa RIB, Dr. Thierry B. Murangira, yavuze  ko aba bayobozi bose bakurikiranyweho icyaha cyo gutanga isoko rya Leta mu […]

Continuer la lecture

Yari afite ubukwe ku munsi ukurikira Noheli Umunyamakuru wakoreraga Radio&TV10 yitabye Imana

Habababyeyi yakoraga ikiganiro buri Cyumweru kuri Radio na TV 10 cyitwa Ahabona gisesengura amakuru yaranze icyumweru. Amakuru yatangajwe mu bitangazamakuru no ku mbuga nkorambaga agaragaza ko Habababyeyi ku wa Gatandatu yajyanywe kwa muganga ari muri koma akaba yahise yitaba Imana. Inshuti ze za hafi zatunguwe ndetse zinashengurwa n’urupfu rwe zikanemeza ko yari afite ubukwe ku […]

Continuer la lecture

NESA yafunze ibigo by’amashuri 60

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubugenzuzi bw’amashuri n’Ibizamini (NESA) cyatangaje ko cyafunze ibigo by’amashuri 60 byakoraga bitujuje ibisabwa. Umuyobozi Mukuru wa NESA, Dr Bahati Bernard yabwiye itangazamakuru ko mu bugenzuzi bakoze basanze ayo mashuri atujuje ibisabwa kandi ashobora gushyira mu kaga ubuzima bw’abanyeshuri bayigamo, ari na yo mpamvu yafunzwe. Yagize ati: “Hari amashuri twakoreye ubugenzuzi mu minsi […]

Continuer la lecture

Perezida Putin yahakanye ibiganiro na Trump

Perezida Vladimir Putin yavuze ko atigeze aganira na Donald Trump uherutse gutorerwa kongera kuyobora Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu gihe cy’imyaka ine yari amaze atari muri izi nshingano, icyakora ashimangira ko yiteguye kuganira na we. Putin yavuze ko hari ibintu byinshi yaganira na Trump, icyakora avuga ko atazi igihe ibiganiro byabo bizabera, cyane ko […]

Continuer la lecture

Nyuma y’imyaka igera kuri ibiri abwiwe n’abaganga ko asigaje amezi atatu yo kubaho DJ Dizzo yitabye Imana

DJ Dizzo wari umaze igihe ahanganye n’uburwayi bwa kanseri, yitabye Imana, nyuma y’imyaka igera kuri ibiri abwiwe n’abaganga ko atari kurenza muri Nyakanga 2022. Mutambuka Derrick uzwi nka DJ Dizzo yakunze kugarukwaho cyane, nyuma y’uko uyu musore ahuye n’uburwayi bwa kanseri bwatumye aremba ndetse amenyeshwa n’abaganga ko asigaje igihe gito cyo kubaho, ubwo yari mu […]

Continuer la lecture

U Rwanda rwahagaritse umushinga w’utumodoka tugendera mu kirere

Muri Mutarama 2021, Minisiteri y’Ibikorwa remezo yari yatangije ko nta gihindutse, mu myaka itanu mu Mujyi wa Kigali hazaba hari utumodoka dutwara abantu mu kirere tutagira abashoferi kandi dukoresha imirasire y’izuba. Leta y’u Rwanda ntigihanze amaso umushinga w’utumodoka tugendera ku migozi, nka kimwe mu byakemura ibibazo byo gutwara abantu mu buryo bwa rusange mu Mujyi […]

Continuer la lecture

Nyamasheke : Umunyeshuri yatawe muri yombi azira kwiba mudasobwa y’ishuri

Shyaka Kévin w’imyaka 18 wo mu Murenge wa Bigogwe mu Karere ka Nyabihu, wiga mu wa 5 PCB muri GS Umucyo Karengera mu Karere ka Nyamasheke, afungiye kuri Sitasiyo ya RIB ya Macuba akekwaho kwiba mudasobwa y’ishuri, akaba yarayifataniwe muri Laboratwari akiyemerera ko yayibye mu cyumba cy’ikoranabuhanga( ICT room). Uwihanganye Samuel, Umuyobozi wa GS Umucyo […]

Continuer la lecture