Ibyambu bya Goma na Bukavu bigiye kujya bikora amasaha yose
Guverineri w’intara ya Kivu y’Amajyaruguru washyizweho n’umutwe witwaje intwaro wa M23, Bahati Musanga Erasto, yatangaje ko ibyambu bya Goma na Bukavu bizatangira gukora amasaha yose guhera kuri uyu wa 18 Gashyantare 2025. Bahati atanze ubu butumwa nyuma y’aho abarwanyi ba M23 batangiye kugenzura igice cy’Ikiyaga cya Kivu cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo cyose kuri […]
Continuer la lecture
