Inyandiko z’umuvandimwe wa Papa Léon zarikoroje

Inyandiko Louis Prevost, umuvandimwe wa Papa Léon XIV, yashyize ku mbuga nkoranyambaga zigaragaramo ivangura no kwibasira abanyapolitiki barimo Barack Obama na Nancy Pelosi, zikomeje kurikoroza. Ubutumwa Louis Prevost yakunze gushyira kuri Facebook, bwiganjemo ibitekerezo by’ivangura ndetse yanakunze kwibasira abanyapolitiki bakomeye muri Amerika. Yibasiye abarimo Barack Obama wahoze ari Perezida aho yavuze ko we n’ishyaka ry’Aba-democrates, […]

Continuer la lecture

Sukhoi, Kajugujugu n’ibifaru ku Kibuga cy’Indege cya Goma

Goma  umurwa mukuru wa Kivu y’Amajyaruguru – wihariye ibiganiro ku rwego mpuzamahanga. Uyu mujyi w’ingenzi, urimo umupaka unyurwaho cyane muri Afurika, wagiye mu maboko y’umutwe wa M23 nyuma y’intambara y’iminsi ibiri yarangiye ku wa 27 Mutarama. Intambara hagati ya M23 n’ingabo za Leta ya Congo (FARDC) n’abafatanyabikorwa bazo barimo SADC, FDLR, Wazalendo n’abacanshuro, yasize ikibuga […]

Continuer la lecture

Uwahoze ari meya wa Musanze yashinze YouTube Channel nyuma yo kuva mu mirimo ya Leta

Kamanzi Axelle, wahoze ari Umuyobozi w’Akarere ka Musanze wungirije ushinzwe imibereho myiza y’Abaturage, yongeye kugaruka mu itangazamakuru mu buryo butari busanzwe, aho yashinze umuyoboro wa YouTube yise Gahinga Harmonie TV nyuma y’imyaka hafi ibiri yirukanywe mu mirimo ya Leta. Uyu mugore wigeze kumenyekana cyane mu 2022 ubwo yananirwaga gusubiza ikibazo cy’abanyamakuru kuri gahunda yo kubakira […]

Continuer la lecture

Joseph Kabila yashinje Tshisekedi gusenya igihugu yasize gitunganye

Joseph Kabila wabaye Perezida wa Congo Kinshasa akanasigira ubutegetsi Antoine Felix Tshisekedi yamushinje kuba nyirabayazana w’ibibazo igihugu gifite. Mu ijambo ry’iminota 45, Joseph Kabila yavuze ko ubutegetsi bwa Tshisekedi bwagendeye ku bihuha ko yagiye i Goma butangira kumugendaho. Yemeje ko atagiyeyo ariko ari mu nzira vuba azajya i Goma. Perezida Kabila watanze ubutegetsi mu bwumvikane, […]

Continuer la lecture

Imbere y’abanyeshuri Umwarimu yazaniwe uruhinja

Siborurema Amiel w’imyaka 25 wigishaga mu mwaka wa Gatanu w’amashuri abanza kuri GS Rurembo, mu karere ka Nyamasheke, ubwo yatangaga amasomo, yatunguwe n’uwo bivugwa ko babyaranye, amuzanira uruhunja rw’amzi atatu. Byabaye mu ma saa tatu z’igitondo zo ku wa Gatatu tariki 21 Gicurasi 2025, kuri GS Rurembo, riherereye mu Murenge wa Karambi. Umuyobozi w’iri shuri […]

Continuer la lecture

Nyuma yo kwamburwa ubudahangarwa Kabila agiye kugeza ijambo ku Banye-Congo

Joseph Kabila Kabange wayoboye Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kuva mu 2001 kugeza mu 2019, ateganya kugeza ijambo ku Banye-Congo mu ijoro ryo kuri uyu wa 23 Gicurasi 2025 nyuma yo kwamburwa ubudahangarwa. Mu ijoro ryo ku wa 22 Gicurasi, abasenateri mu Nteko Ishinga Amategeko ya RDC batoye umwanzuro wo kwambura Kabila ubudahangarwa kugira ngo […]

Continuer la lecture

Komisiyo idasanzwe ya Sena yafashe umwanzuro kuri Joseph Kabila

Komisiyo idasanzwe ya Sena ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yafashe umwanzuro wo kwambura ubudahangarwa Joseph Kabila, wahoze ayobora icyo gihugu, kugira ngo atangire gukurikiranwa n’ubutabera ku byaha bikomeye ashinjwa. Uyu mwanzuro wafashwe ku wa 22 Gicurasi 2025, nyuma y’itora ryabereye mu ibanga, aho Abasenateri 40 bagize iyo Komisiyo bose batoye bishyigikira ko Kabila […]

Continuer la lecture

Umusirikare w’u Rwanda yasoje amasomo muri Amerika ahabwa ishimwe ry’indashyikirwa

Sous-Lieutenant Janet Uwamahoro, umwe mu basirikare b’u Rwanda, yasoje amasomo ya gisirikare muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika (USA) anahabwa ishimwe ry’indashyikirwa ku musaruro wihariye yagaragaje. Nk’uko byatangajwe n’Ingabo z’u Rwanda (RDF), Sous-Lieutenant Uwamahoro yari amaze igihe yiga muri US Coast Guard Academy, ishuri rikuru rya gisirikare riri i Connecticut, rikaba ryaramuhaye impamyabumenyi mu gikorwa […]

Continuer la lecture

Donald Trump yavuze niba haraho ahuriye n’u Rwanda na Congo

Perezida wa Leta zunze Ubumwe za America, Donald Trump yavuze ko we ntaho ahuriye n’u Rwanda na Congo, cyakora ko hari intumwa ifite ubuhanga America yohereje irimo gukurikirana ikibazo gihari kandi yakoze akazi gakomeye. Perezida wa America yabigarutseho ubwo yagiranaga ikiganiro na Perezida wa Africa y’Epfo mu biro bye, White House. Ibinyamakuru byinshi byanditse ko […]

Continuer la lecture

Minisitiri Nduhungirehe ari mu Bubiligi

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane w’u Rwanda, Amb Olivier Jean-Patrick Nduhungirehe, yageze i Buruseli mu Bubiligi aho yitabiriye inama yahuje Abaminisitiri b’Ibihugu bigize Umuryango wa Afurika yunze Ubumwe (AU) n’Umuryango w’Ibihugu by’Ubumwe bw’Uburayi (EU). Ni inama y’umunsi umwe yateranye kuri uyu wa Gatatu tariki 21 Gicurasi 2025. Minisiteri y’Ububanyi n’amahanga n’Ubutwererane yatangaje ko muri iyi nama […]

Continuer la lecture

How extreme heat impacts women in Ghana

Auntie Fausty, 54, endures 32°C temperatures as a trader (Photo: Ernest Ankomah) Scorching sun, no shade, and temperatures soaring to 32 degrees Celsius—the relentless heat takes its toll on Auntie Fausty, a hardworking woman in her mid-50s, who ekes out a living selling bags in Accra, Ghana’s capital city, at the brimming Makola Market. As […]

Continuer la lecture