Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda Amavubi izava mu Misiri nta mukino wa gicuti akinnye

Ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’ izajya gukina imikino yo mu itsinda K ryo gushaka itike y’Igikombe cya Afurika nta wundi mukino wa gicuti yakinnye nyuma y’uko iyo yateganyaga gukinira mu Misiri yose itakunze Amavubi ari kubarizwa i Cairo kuva ku wa Gatanu, nyuma y’uko bidakunze ko akorera umwiherero i Marrakech muri Maroc “kubera impamvu z’umutekano”. Nyuma yo […]

Continuer la lecture

Xi Jinping yakiriwe mu cyubahiro gikomeye na Kim Jong Un n’umugore we

Perezida w’Ubushinwa, Xi Jinping, yageze muri Koreya ya Ruguru mu ruzinduko rw’akazi rwitezweho gushimangira umubano hagati y’ibihugu byombi, aho yakiriwe mu buryo bwihariye n’umuyobozi wa Koreya ya Ruguru, Kim Jong Un, hamwe n’umugore we Ri Sol Ju. Amashusho yatangajwe na televiziyo ya leta y’Ubushinwa, cctv.com, yagaragaje Kim Jong Un n’umugore we bakoma amashyi ndetse banaseka […]

Continuer la lecture

L'artiste populaire du moment, Kirikou Akili, est décédé en France.

Kirikou Akili, l'un des artistes populaires du moment au Burundi, est décédé en France où il résidait depuis quelques jours. Il aurait été empoisonné. L'artiste a été immédiatement transporté à l'hôpital dès son arrestation et se rétablit actuellement. Le matin du 7 juin 2026, Kirikou a eu un malaise dans la ville de Lille où il résidait depuis quelques jours, [...]

Continuer la lecture

‘Nta mpungenge abanyarwanda bakwiye kugira ku Cyorezo cya Ebola ‘ Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva

Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda Dr. Justin Nsengiyumva yavuze ko nta mpungenge Abanyarwanda bakwiye kugira ku bijyanye n’icyorezo cya Ebola kimaze iminsi kivugwa mu bihugu by’abaturanyi, kuko hakajijwe ingamba zo kugikumira, gukurikirana no kwita ku wakwandura. r. Nsengiyumva yavuze ko hari icyizere cy’uko Igihugu cyiteguye bihagije mu kurinda ubuzima bw’abaturage kandi hatabayeho guhagarika ibikorwa by’ubukungu n’imibereho […]

Continuer la lecture

Rutsiro: Yiyahuye nyuma yo kubuza umugore we gutunga telefone akanga kubyemera.

Umugabo w’imyaka 26 wo mu Karere ka Rutsiro yanyoye umuti wica udukoko arapfa, bikekwa ko yabitewe n’amakimbirane yari amaze iminsi afitanye n’umugore we yabujije gutunga telefone ngo atazacudika n’abandi bagabo, undi akamutsembera ko atabaho adatunze telefone. Ibi byabereye mu Murenge wa Manihira, Akagari ka Muyira ho mu Mudugudu wa Muyira, ku wa 5 Kamena 2026. […]

Continuer la lecture

Rayon Sports yaguze Matumona wakiniraga Amagaju FC.

Ikipe ya Rayon Sports yamaze gusinyisha amasezerano y’imyaka ibiri myugariro w’Umunye-Congo, Abdel Matumona Wakonda Kanda hagamijwe gukomeza kongera imbaraga mu mutima w’ubwugarizi, yitegura umwaka w’imikino utaha. Uyu mukinnyi yerekeje muri iyi kipe yambara ubururu n’umweru nyuma yo gusoza amasezerano ye muri Amagaju FC yagezemo mu mpeshyi ya 2025, ndetse akaba yari ayibereye kapiteni wungirije.  ‎Mu […]

Continuer la lecture

U Rwanda rukeneye miliyari 114 Frw kugira ngo rugire abaganga bahagije b’inzobere mu kubaga

Minisiteri y’Ubuzima yagaragaje ko u Rwanda rukeneye asaga miliyari 114 Frw kugira ngo ruzibe icyuho cy’umubare muke w’abaganga b’inzobere mu kubaga, ibikoresho bikenerwa ndetse n’uw’ibyumba byo kubagiramo nabyo bikiri bike cyane. Ibi byagarutsweho mu nama yahuje abaganga b’inzobere mu kubaga baturutse mu bitaro bya leta n’iby’abigenga baganiriye ku buryo iki kibazo cyavugutirwa umuti kugira ngo […]

Continuer la lecture

Jose Chameleone a demandé à The Ben et Melodie de collaborer sur une chanson.

Le légendaire artiste ougandais et d'Afrique de l'Est, Joseph Mayanja, connu sous le nom de Jose Chameleone, a demandé à deux artistes rwandais de renom, The Ben et Bruce Melodie, de collaborer sur une chanson car leur point commun est la musique. Jose Chameleone leur a dit qu'il aimerait entendre une chanson qu'ils ont faite ensemble et qu'ils devraient laisser de côté ce qui les divise. Il a dit : « Je suis une légende, oui, mais je suis aussi un grand fan de [...]

Continuer la lecture

La RURA a annoncé les nouveaux prix des produits pétroliers.

L'Office Rwandais de Réglementation (RURA) a annoncé les nouveaux prix des produits pétroliers, où le litre d'essence est resté à 2 938 Frw, tandis que le litre de diesel est passé de 2 205 Frw à 2 927 Frw, soit une augmentation de 722 Frw. Les nouveaux prix ont été annoncés par la RURA le 5 juin et entreront en vigueur le 6 juin 2026 à 18h00 [...]

Continuer la lecture

Abanyeshuri b’Abanyarwanda begukanye ibihembo mu Irushanwa Mpuzamahanga rya Huawei ICT ryabereye mu Bushinwa.

Amakipe atatu y’abanyeshuri b’Abanyarwanda yaserukiye igihugu yitwaye neza, yegukana umwanya wa mbere n’uwa kabiri mu irushanwa rikomeye ku rwego rw’Isi ry’ikoranabuhanga rya Huawei ICT Competition 2025/2026, ryaberaga i Shenzhen mu Bushinwa. Huawei ICT Competition ni irushanwa ngarukamwaka ritegurwa n’ikigo cya Huawei ku rwego rw’Isi. Ryashyiriweho abanyeshuri n’abarimu bo muri za kaminuza n’amashuri makuru. Riba ari […]

Continuer la lecture

America yizeye ko u Rwanda ruzacyura ingabo rufite muri Congo.

Umunyamabanga wa Leta ya America ushinzwe Ububanyi n’Amahanga, Marco Rubio yabwiye Abadepite ko afite icyizere ko u Rwanda ruzacyura ingabo zarwo ziri muri Congo. Ku mugaragaro ntabwo u Rwanda rwigeze rwemera ko rufite ingabo ku butaka bwa repubulika ya Demokarasi ya Congo, cyakora ruvuga ko rwashyizeho ingamba z’ubwirinzi za kurinda imbibe zarwo. Ubwo yaganiraga n’Abadepite […]

Continuer la lecture