Ibiciro by’ibikomoka kuri peteroli byazamutse ku kigero kitari gisanzwe aho byaherukaka muri 2020.

Intambara Leta Zunze Ubumwe za Amerika ifatanyije na Israel byagabye kuri Iran ni yo ikomeje gutuma ibiciro by’ibikomoka kuri peteroli bitumbagira, cyane ko mu Burasirazuba bwo Hagati haturuka ibikomoka kuri peteroli bikenerwa hirya no hino ku Isi. Intambara yatangiye akagunguru kari kugura 77$ ariko gakomeje gutumbagira aho kuri ubu kageze kuri 119,50$. Bimwe mu bigo […]

Continuer la lecture

Perezida Paul KAGAME yitabiriye inama ivuga kwikoreshwa ry’ingufu za nucléaire yabereye mu Bufaransa.

Perezida Paul Kagame n’itsinda ry’abahagarariye Urwego rw’Igihugu rushinzwe ingufu za atomike (RAEB) bari mu Bufaransa aho bitabiriye inama mpuzamahanga yiga ku guteza imbere ingufu za nucléaire zifashishwa mu bikorwa bya gisivile. Iyi nama yabaye kuri uyu wa 10 Werurwe 2026 yitabiriwe n’abakuru b’ibihugu na za guverinoma, abayobozi b’imiryango mpuzamahanga, inzego z’imari, abahagarariye inganda zitunganya ingufu […]

Continuer la lecture

Sudani: abantu 33 bishwe n’ibitero by’indege zitagira abapirote zizwi nka Drone.

ibi bitero bya drone bikaba byagabwe ku masoko abiri yitwa Abu Zabad na Wad Bandayo yo mu burengerazuba bwa leta ya Kordofan bikaba byahitanye abagera kuri 33 abandi bagakomereka. Amakuru dukesha france24 aravuga ko intambara hagati y’ingabo za Leta n’abarwanyi b’umutwe wa Rapid Support Forces yakaze cyane mu gace ka Kordofan kazwiho kuba gafite Amabuye […]

Continuer la lecture

Mozambique: Ingabo za RDF zasannye ishuri ryari ryarasenywe n’ibitero by’iterabwoba.

Ingabo z’u Rwanda ziri mu butumwa bwo kugarura amahoro mu ntara ya Cabo Delgado muri Mozambique, zavuguruye ishuri ribanza rya Macomia ryari ryarasenywe n’ibitero by’iterabwoba. Izi ngabo zashyikirije ubuyobozi n’abaturage iri shuri rya Macomia Primary School, ku munsi wo ku wa Mbere, tariki ya 9 Werurwe 2026. Ni ishuri rifite ibyumba bitatu by’amashuri n’ibiro bibiri […]

Continuer la lecture

Karongi: umukobwa wigaga muri kaminuza nkuru y’u Rwanda bamusanze mu Kivu yapfuye.

umunyeshuri witwa Cyuzuzo Grace w’imyaka 23 wigaga muri Kaminuza y’u Rwanda ishami rya Nyarugenge ry’Ubumenyi n’Ikoranabuhanga rizwi (UR-CST), yakuwe mu Kiyaga cya Kivu yapfuye aho yari yasohokanye nabagenzi be. Uyu mukobwa yarohamye tariki 8 Werurwe ubwo yari yatemberanye ku Kiyaga cva Kivu na bagenzi be bigana, ari itsinda ry’abahungu batatu n’abakobwa babiri. Cyuzuzo yajyanye mu […]

Continuer la lecture

Ngabo Roben wahoze ari umuvugizi w’ikipe ya Rayon sports yahawe inshingano nshya muri Ferwafa.

Kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 10 Werurwe 2026, ni bwo Ngabo yatangiye imirimo ye ku biro bya FERWAFA, nyuma yo gusezera kuri Radio/TV10 yari amaze umwaka akorera mu biganiro by’imikino. Aka kazi gashya yerekejemo yigeze kugakora muri Rayon Sports, gusa yari amaze umwaka agahagaritse nyuma yo gusubira mu itangazamakuru, akomeza gufasha iyi kipe ku […]

Continuer la lecture

Perezida Kagame yitabiriye inama yiga ku bukungu mu Bubiligi

Perezida Paul Kagame yitabiriye itegurwa na Komisiyo y’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi(EU), Global Gateway Forum, igamije kongera imikorananire hagati y’ibihugu hagamijwe guhangana n’ibibazo byugarije Isi. Ni inama y’iminsi ibiri iri kubera i Bruxelles mu Bubiligi ihuza abakuru b’ibihugu, abayobozi mu nzego zitandukanye zirimo iz’imari, iza leta n’izabikorera. Iyi nama iyobowe na Perezida wa Komisiyo y’Umuryango w’Ubumwe […]

Continuer la lecture

Madamu Ingabire Marie Immaculée yitabye Imana

Ingabire Marie Immaculée wari Umuyobozi w’Umuryango Mpuzamahanga Urwanya Ruswa n’Akarengane mu Rwanda, (TI-Rwanda), yitabye Imana kuri uyu wa Kane nyuma y’igihe kinini yari amaze arwaye. Amakuru y’urupfu rwe yamenyekanye mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane tariki ya 09 Ukwakira 2025, atangajwe n’Umuryango TI Rwanda, wavuze ko ubabajwe no gutangaza urupfu rwa Ingabire Marie Immaculée, […]

Continuer la lecture

Leta igiye kwinjira mu gutwara abagenzi mu Mujyi wa Kigali

Urwego Ngenzuramikorere, RURA, rwatangaje ko mu kwezi gutaha ikigo cya Leta, Ecofleet Solutions Ltd, kitazangira imirimo yo gutwara abantu mu buryo bwa rusange hagamijwe kunoza uburyo byakorwagamo. Byagarutsweho n’Umuyobozi Mukuru wa RURA, Rugigana Evariste, kuri uyu wa 8 Ukwakira 2025, ubwo yari mu Nteko Ishinga Amategeko Umutwe wa Sena. Uyu muyobozi yabajijwe n’Abasenateri ikiri gukorwa […]

Continuer la lecture

Kicukiro: Polisi yafashe abagabo bane bakekwaho ubujura

Polisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Kicukiro yatangaje ko yafasha abagabo bane bashakishwaga bakekwaho icyaha cy’ubujura nyuma y’uko abaturage bo muri aka karere bagaragaje ko bamaze iminsi bibasiwe n’abajura. Ibi byatangajwe ku wa 8 Ukwakira 2025, aho polisi yavuze ko abafashwe ari abo mu Murenge wa Masaka, Akagari ka Rusheshe. Aba bagabo bafashwe bakurikiranyweho […]

Continuer la lecture

RIB yafunze ushinzwe ubuzima mu Karere ka Gasabo

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwataye muri yombi Umuyobozi w’Ishami ry’Ubuzima n’Imibereho mu Karere ka Gasabo. Akurikiranweho icyaha cyo kwaka no kwakira indonke y’amafaranga kugirango atange icyangombwa cyemerera Dispensaire kuba Poste de santé. Uwo muyobozi afungiye kuri Sitasiyo ya RIB ya Kimironko. Ni mu gihe dosiye ye yashyikirijwe Ubushinjacyaha ku ya 31 Ukwakira. RIB yibukije abaturarwanda […]

Continuer la lecture